Idubu yagabye igitero mu nzu ikorerwamo imigati n’andi moko y’ibiva mu ifarini, maze iryamo amapaki mirongo itandatu.
Inkuru dukesha CNN ivuga ko mu mujyi wa Bedford uherereye muri Massachusetts muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iduvu yavuye mu ishyamba rya Connectcut, yinjira muri iyi nzu, ni ko kuryamo iyi migati yose.
Nyir’iyi nzu avuga ko atari ubwa mbere abona iyi dubu, nubwo wenda kuri nshuro yamwangirije ishoramari gusa ngo nta gahunda yo kuyibabaza afite. Ati: “Nta muntu (...)
utuntu-nutundi

VIDEO: Kutanywa amazi ni ikibazo, wari uzi ko umubiri wawe ari nka moteri? Umumaro wo kunywa amazi uko bikwiye
-
Idubu yariye amapaki 60 y’imigati
4 June, by Byungura Cesar -
Namenye ko umugore wanjye aryamana n’umushoferi we none byanyobeye-nkore iki?
2 June, by Ndacyayisenga FredUmukunzi wacu yifuje kugisha inama nyuma y’uko ngo umushoferi n’umugore we bajya bigobeka bagakora imibonano mpuzabitsina bitwaje ko ngo nshaje.
Amazina yo sinyavuga, gusa nkunda gukurikira inkuru zanyu cyane cyane by’umwihariko inkuru ziba zigisha inama abasomyi.Mu buzima busanzwe ndi umucuruzi ariko nkaba ntuye i Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba.
Ndi umugabo w’imyaka 70, ariko nkaba naratandukanye n’umugore wa mbere ku mpamvu ntari bubabwire.Tukimara gutandukana, nashatse undi mu (...) -
Kenya: Abamotari bahagaritse akazi kubera isabukuru ya mugenzi wabo
31 May, by BWIZAMuri Kenya, abamotari bahagaritse gutwara abagenzi kugira ngo bakorere isabukuru y’amavuko mugenz wabo witwa Joseph Maina.
Abatuye mu mujyi wa Naivasha muri Kenya, batunguwe no kubona moto zarimo ziruka cyane kandi nta mugenzi bahetse ku buryo abaturage bagize ubwoba bagatekereza ko ari umujura wibye moto bariho biruka inyuma.
Uwo mumotari yamenye amakuru ko bari buze kumumenaho amazi, arangije ni ko guhunga hanyuma abamotari bamwiruka inyuma kugeza ubwo yahagaze bagatangira ku (...) -
Umuvugabutumwa ufite abagore 46 n’abana 286 akurikiranyweho gushaka gutubura Bibiliya
30 May, by Ndacyayisenga FredWanyama, yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gutubura bibiliya aho ngo ashaka kongeramo ibindi bitabo aho kuba 66 bikaba 93.Uyu mugabo ubusanzwe uyobora urusengero rwa Muungano Church for All Nations ruherereye mu gace ka Nandolia village in Kanduyi,yajyanywe mu nzego ngo asobanure neza iby’inyigisho ze.
Uyu mukambwe w’imyaka 83, y’amavuko avuga ko ashaka kuzuza ibyo intumwa zasize zidakoze , aho ashaka kongera ibindi bitabo muri bibiliya akanongera amategeko aya azwi nk’aya Mose (...) -
Ibi bintu 5 biri mu byo umusore yakwibandaho agatsindira umutima w’inkumi
30 May, by Ndacyayisenga FredMu byerekeye urukundo, abenshi mu basore batemererwa urukundo ibi twita indobo, nyamara ahanini biterwa n’ukuntu baba bitwaye.Abasore bashaka kwigarurira imitima y’abakobwa cyangwa abagore bifuza gukundana nabo , ni byiza ko mwakurikiza zimwe muri izi nama zikurikira.
1.Kwimenya wowe ubwawe no kwigirira icyizere Musore wowe niba ushaka kwigarurira umutima w’inkumi, gerageza umenye ibibi byawe n’ibyiza, ku buryo ushobora kugaragaza amarangamutima ariko unayacunga neza.Ugomba kandi (...) -
Uganda: Umwana yishe nyina amuziza ko yamwimye icyayi
29 May, by BWIZAAmakuru dutesha Radio Emuria FM, avuga ko uwo nyakwigendera witwa Robin Barasa w’imyaka 53, yishwe n’umuhungu we nyuma y’amakimbirane bagiranye.
Uwo musore ngo yasabye nyina icyayi hanyuma nyina amubwira ko ari bukimuhe avuye guhinga mu murima w’ibigori.
Uyu musore ngo ntabwo yahise abyumva ahubwo yahise afata umuhoro, atema nyina amuca umutwe.
Nyuma y’aho amakuru amenyekanye, abaturage baratabaye bahageze basanga uwo musore amaze kwica nyina, maze n’uburakari bwinshi bahita bakubita (...) -
Ku myaka 71 yarangije kaminuza nyuma yo kumara mu mashuri imyaka 54
29 May, by Ndacyayisenga FredMuri Kaminuza ya British Columbia (UBC), haravugwa umugabo witwa Arthur Ross urangije muri iryo shuri nyuma yo kumara imyaka 54 mu masomo.Uyu mugabo bivugwa ko ariwe umaze igihe kinini yiga.
Ross, w’imyaka 71, y’amavuko avuga ko yagiye kwiga ibijyanye n’ubugeni muri iyi Kaminuza, nyuma yo kugira amatsiko menshi ku byerekeye uyu mwuga.Ni nyuma y’uko yari asanzwe ari umunyamategeko n’umukinnyi wa Cinema.
Bwa Mbere acikiriza amasomo ye, ni igihe yigaga ibijyanye n’imyiyereko mu (...) -
Nkore iki?Narigase mu gitsina cy’umugore bimpesha VISA none ubu nahindutse inzererezi
29 May, by Ndacyayisenga FredMuraho neza,amazina sindibuyatangaze ku bw’umutekano wanjye.Numvise nifuza gusangiza abakunzi b’itangazamakuru ubuzima ndimo kunyuramo aho ntuye mu gihugu cya Canada dore ko hari n’urubyiruko rwinshi rushobora kwishora mu byo nishoyemo ari nazo ngaruka ndimo guhura nazo.
Inkuru yanjye reka nyitangirire mu gihe nahagarikaga amasomo ubwo nari ngeze mu cyiciro rusnge cy’amashuri yisumbuye(Tronc Commun).Ubwo namaraga gukora ikizamini cya Leta aho nigaga amanita yarasohotse nsanga natsinzwe. (...) -
Yiyahuye nyuma yo kubura ubwishyu bw’amezi 3 y’ubukode bw’inzu
24 May, by Ndacyayisenga FredUmugabo witwa Yafesi Kalibala yiyahuye nyuma y’uko ngo abuze ubwishyu bw’amezi 3 yagombaga kwishyura nyiri nzu yari acumbitsemo.Polisi yo mu gace ka Kitovu muri Mafubila muri Uganda yatangaje ko igikora iperereza.
Amakuru, avuga ko uyu Kalibala, yasanzwe yimanitse akoresheje umukandara, gusa ngo intandaro yabyo ni amashilingi ibihumbi 75 by’amezi atatu yari yananawe kwishyura.Urupfu rwe rujya kumenyekana , hari hamaze iminsi uyu mugabo ataboneka aho nyiri nzu ngo yari amaze igihe (...) -
Nyuma y’uko Yesu wo muri Kenya atawe muri yombi umugore we arataka inzara
18 May, by Ndacyayisenga FredNabii Benjamin, umugore wa Eliud Wekesa usanzwe uzwi nka Yesu wa Tongaren, arataka inzara nyuma y’uko umugabo we atawe muri yombi.Uyu mugore avuga ko umuryango we umerewe nabi bityo akaba asaba ko umugabo we yarekurwa.
Yagize ati" Kuva umugabo wanjye (Yesu Wa Tongaren) ajyanywe mu gihome, ubuzima bwarakomeye bitewe n’uko ariwe watugaburiraga.Kugeza ubu ndaboshywe simfite uko nita kubana kuko ntaho mbona nkura ibyo kubatungisha.Abana banjye inzara irenda kubica kuko ndi umukene." (...)
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email