• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
    Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
    Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa
    Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe
    FARDC iryamiye amajanja kubera M23: Icyegera cya Bemba
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: Nyunganira mwana , inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara yamahugu arwana ninzego zibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo zAbafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
    Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
    Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
    Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’
    Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi
    Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC
    Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira
    Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC
    Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

imyidagaduro

imyidagaduro

04/06/23 17:33
Abanyamideli bavuga ko barijijwe n’ifungwa rya Turahirwa

imyidagaduro

03/06/23 10:19
Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi

imyidagaduro

02/06/23 15:15
Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports

imyidagaduro

02/06/23 11:19
Ama G The Black yarimiyeho itaka abahanzi baririmba inkundo

imyidagaduro

02/06/23 10:52
Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports

imyidagaduro

01/06/23 15:38
Ariel Wayz yanze gusangirwa n’abasore babiri ahitamo kutongera gukundana

imyidagaduro

30/05/23 10:44
Anita Pendo yigeze kwangira Tidjara gukora ubukwe inshuro ebyiri we atarabukora biba impfabusa

imyidagaduro

29/05/23 10:23
Zari yigambye impamvu yemeye igitabo cya Quran nk’inkwano

imyidagaduro

26/05/23 09:59
Rurageretse hagati y’umunyamakuru DC Clement na Dj Brianne mu byo bapfa harimo n’ubutinganyi

imyidagaduro

25/05/23 09:59
Bobi Wine yatangiye guhangana na Eddy Kenzo bapfa ihuriro ry’abahanzi ayoboye

imyidagaduro

24/05/23 11:37
Lupita Nyong’o yigaramye umugore w’ikizungerezi bivugwa ko batingana

imyidagaduro

23/05/23 15:18
“Natangiye gutekereza byinshi bipfuye”Kecapu akimara kumenya ko atwite abana 3

imyidagaduro

22/05/23 17:13
Tanasha yavuguruje abarimo kumushyingira umugabo bivugwa ko yasimbuje Diamond

imyidagaduro

22/05/23 14:06
Uganda:Amafoto y’umukobwa bivugwa ko yandujwe SIDA na Mc Kats ikomeje guca igikuba

imyidagaduro

22/05/23 14:05
Zabyaye amahari hagati ya rutahizamu wa Real Madrid na La liga

imyidagaduro

22/05/23 12:17
Mwanafunzi Ismael agiye kurongora uwahoze ari umunyamakuru wa Radio/TV10

imyidagaduro

21/05/23 11:39
Innoss’B yasabiwe gukurikiranwa nyuma yo kwanga kwamagana Kagame

imyidagaduro

20/05/23 12:25
Ronaldinho yongeye kwigaragariza abakunzi b’umuziki

imyidagaduro

19/05/23 16:56
Rick Ross arateganya kwiyamamariza kuba Mayor

imyidagaduro

19/05/23 15:36
Innoss’B arahamya ko nta bubasha afite bwo kwamagana Kagame

imyidagaduro

18/05/23 11:55
Shakira na Piqué bakomeje guterana amagambo bapfa abana babo

imyidagaduro

17/05/23 13:33
Ese koko Yolo The Queen abaho cyangwa ni igihuha?Abahe?

imyidagaduro

17/05/23 10:10
Umwarimu wa Diamond yavuze uko yamutakambiye ngo amwigishe icyongereza

imyidagaduro

16/05/23 12:41
Abahanzi Nyarwanda 10 bapfubye
  • Abanyamideli bavuga ko barijijwe n’ifungwa rya Turahirwa
    4 June, by Byungura Cesar

    Bamwe mu bakora mu mwuga wo kumurika imideli mu Rwanda bavuga ko barijijwe bakanababazwa no kuba Turahirwa Moses yaratawe muri yombi.
    Ibi babivuze, ubwo baganiraga n’umunyamakuru wa The Choice Live ubwo bari mu muhango wo gutanga ibihembo by’irushanwa rya Kalisimbi International Multicultural Festival.
    Ncogoza Jean Tekno avuga ko kuba Turahirwa yaratawe muri yombi bidakwiye kwitirirwa urubuga rw’imideri, kuko ibyo akurikiranyweho ari iby’ubuzima bwe bwite, gusa ku rundi ruhande ngo (...)

  • Igisubizo cya Israel Mbonyi ku bibaza niba yaba afite umukunzi
    3 June, by BABOU Bénjamin

    Umurambyi Mbonyicyambu Israel yasubije abibaza niba yaba afite umukunzi, ashimangira ko amufite.
    Mbonyi asanzwe ari umwe mu baririmbyi b’indirimbo zo kuramya ndetse no guhimbaza Imana buje igikundiro cyinshi, bitewe n’indirimbo ze zikora ku mitima y’abazumva.
    Hejuru y’ibi hiyongeraho kwigarurira imitima y’abiganjemo igitsina gore, bitewe n’uburanga buhebuje afite.
    Uyu musore mu kiganiro aheruka kugirana na ISIMBI TV yabajijwe niba yaba afite umukunzi, mu magambo make asubiza ko (...)

  • Rwatubyaye yasabye imbabazi Perezida wa Rayon Sports
    2 June, by BABOU Bénjamin

    Kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul, yasabye imbabazi Captain (Rtd) Uwayezu Jean Fidèle usanzwe ari Perezida wa Rayon Sports nyuma yo kugumura bagenzi be.
    Kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru muri Rayon Sports haravugwamo amakuru y’abakinnyi bari barigumuye bakanga kujya gukina umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro iyi kipe ifitanye na APR FC kuri uyu wa Gatandatu.
    Abakinnyi ba Murera bigumuye ku buyobozi nyuma yo kunanirwa kubishyura amezi abiri y’umushahara bwari bubabereyemo, (...)

  • Ama G The Black yarimiyeho itaka abahanzi baririmba inkundo
    2 June, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G the Black, yibasiye abahanzi baririmba indirimbo zibanda ku rukundo, aho abashinja gutanga ubutumwa bwo gukundana batihereyeho.
    Ibi yabigarutseho, mu kiganiro yagiriye kuri Magic Fm, aho uyu muhanzi yashimangiye ko n’ubwo ngo hari ahanzi baririmba urukundo batarumurusha.Ikindi kandi ngo bo baririmba ibyo badakora ahubwo bagashora abandi.
    Ati " Simeze nka bya bisore biririmba inkundo bibeshya, wabibaza ngo sheri (Cherie) wawe arihehe bikavuga (...)

  • Abahanzi bayobowe na Riderman bahishuye uwo bazaba bafana hagati ya APR FC na Rayon Sports
    2 June, by BABOU Bénjamin

    Abahanzi batandukanye bazwi mu muziki nyarwanda batangaje amakipe bazaba bashyigikiye, ubwo kuri uyu wa Gatandatu APR FC izaba yesurana na Rayon Sports.
    Aya makipe yombi afatwa nk’ayoboye ruhago nyarwanda azaba yesuranira kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye, mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro.
    Ni umukino wahagurukije imbaga y’Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye, kugera no ku banyamuziki.
    Abahanzi nka Riderman, Alyn Sano, Kenny Sol na Davis D batangaje ko bazaba bari inyuma ya Rayon (...)

  • Ariel Wayz yanze gusangirwa n’abasore babiri ahitamo kutongera gukundana
    1 June, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzikazi Ariel Wayz, wamenyekanye cyane ubwo yakundanaga na Juno Kizigenza, avuga ko yasanze kutongera gukundana ariyo nzira nziza y’amahoro kuruta uko yari gusangirwa n’abasore babiri bari inshuti.
    Mu minsi ishize ubwo yaganiraga, n’igitangazamakuru kimwe ko yigeze gukundana n’umusore, hanyuma indi nshuti y’uwo mukunzi we ikajya ica inyuma ikamutereta abona ntabwo yabivamo ahitamo kubivamo.
    Yabikomojeho nk’inkuru y’ukuri yari ikubiye mu ndirimbo aherutse gusohora, aho yavuga ko (...)

  • Anita Pendo yigeze kwangira Tidjara gukora ubukwe inshuro ebyiri we atarabukora biba impfabusa
    30 May, by Ndacyayisenga Fred

    Umunyamakuru akaba n’umushyushabirori Anita Pendo,yavuze ukuntu yigeze kwangira mugenzi we Tidjara Kabendera gukora ubukwe inshuro ebyiri we nta narimwe arabukora.Anita usanzwe ari umubyeyi w’abana babiri, ariko akaba akunda kwiyita umukobwa w’irwanyeho, yavuze ko mu gihe Tidjara Kabendera yamuhamagaraga amubwira ko agiye muri Tanzania gukora ubukwe n’umugabo babana ubu Anita yamubwiye ko ataribubyemere.
    Mu kiganiro aba bombi bagiranye na Chita magic, basobanuye urugendo rw’ubuzima bwabo (...)

  • Zari yigambye impamvu yemeye igitabo cya Quran nk’inkwano
    29 May, by Ndacyayisenga Fred

    Nyuma y’igihe gito Zari Hassan yambitswe impeta n’umugabo yasimbuje Diamond Platnumz , aherutse gutangaza ko kuba yarakowe igitabo gitagatifu cya Quran ntacyo bitwaye kuko yihaye byose bityo ko ntacyo abuze.
    Ibi yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, aho yagarutse ku mubano we n’umugabo we Shakib Lutaaya bivugwa ko yamukoye Quran nyamara bikavugwa ko uwahoze ari umugabo we Ivan Ssemwanga yari yaramukoye inka zirenga 100.
    Uyu muherwe yashimangiye ko yatangiye (...)

  • Rurageretse hagati y’umunyamakuru DC Clement na Dj Brianne mu byo bapfa harimo n’ubutinganyi
    26 May, by Ndacyayisenga Fred

    Muri iyi minsi nta kindi kirimo kuvugwa mu myidagaduro, by’umwihariko mu itangazamakuru, usibye umwuka utari mwiza hagati y’umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement na Gateka Esther uzwi nka Dj Brianne.
    Bijya gutangira, byabanje umunyamakuru Clement ashyira hanze ifoto ari kumwe n’umushoramari Coach Gael amushima ko ari indashyikirwa mu muziki kandi ko ari ingirakamaro.
    “Ayo magambo yagiraga ati” Nyuma y’Amasaaha menshi ndi gusobonurirwa imwe mumishinga migari ya #CoachGael (...)

  • Bobi Wine yatangiye guhangana na Eddy Kenzo bapfa ihuriro ry’abahanzi ayoboye
    25 May, by Ndacyayisenga Fred

    Umuwanzi w’umunyapolitiki, akaba n’umunyamuziki, yatangiye guhangana n’abahanzi barimo Eddy Kenzo nyuma yo kuyobora ihuriro ry’abanzi rizwi nka Uganda National Musician Federation( UNMF).
    Bobi Wine avuga ko Eddy Kenzo na Sheebah Karungi,ko gushinga iryo huriro bifitanye isano no kuba ari abahanzi b’inzara.Yabigarutseho ubwo yaganiraga n’umunyamakuru ukorere kimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda.
    Eddy Kenzo uyoboye iri huriro ry’abahanzi muri Uganda mu gusubiza, yabwiye Bobi Wine (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 177

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa

Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab

Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy'Isi
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
05/06/23 17:05
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
05/06/23 16:22
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
05/06/23 15:48
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
imikino

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 (...)

Yanditswe na Biregeya Justin
Amakuru

Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa

Urukiko rw’i Burayi rushinzwe kurengera ikiremwamuntu rurakemangwa nyuma yo gufata icyemezo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe

Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma y’uko (...)

Yanditswe na Byungura Cesar
iyobokamana

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?