Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo by’amahugurwa bigenewe gukora massage byateje icyuho cyo kuzuza iki cyifuzo. Ahupa Business Network Ltd ku ibinyujije kuri Somacash.com, byiyemeje guha mahirwe yo gutanga amahugurwa ya massage ku bantu bifuza gukora uyu mwuga winjiza agatubutse.Buretse kuba wabona akazi kaguhemba neza ushobora nawe kwihangira imirimo mu gihe gito.
Nk’urugero rworoshye nuko nyuma y’amahugurwa uwaba yarayakurikiye (...)
ubuzima
-
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo
26 September, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?
25 September, by Mecky Merchiore KayirangaUyu muti ukozwe mu bimera, ukorerwa muri tanzania, ntangaruka nimwe ugira ku wawukoresheje, ikindi uremewe ku rwego mpuzamahanga.
Ingaruka mbi zo gukoresha ibiyobyabwenge
1.bitera urugomo rwa hato na hatoya
2. Bitera gukora ibyo utateguye ndetse no kunanirwa kwiteza imbere kubera guhorana irari ryo gushaka kubinywa.
3. Bitera gusaza k’uruhu imburagihe utibagiwe no kwangirika kw’inyama zimwe na zimwe zo mu mubiri wacu.
4. Byongera amahirwe yo kurwara impyiko no kugabanuka (...) -
Sobanukirwa byinshi ku ndwara y’ifumbi y’amenyo n’biyitera!Ese wayirinda gute?
25 September, by Ndacyayisenga FredAbantu benshi batandukanye usangabafite uburwayi bw’ifumbi y’amenyo bwo kubyimbirwa ishinya ariko ntibamenye ikiyitera n’uko bayirinda.Gusa ubushakashatsi bugaragaza ko , kenshi iterwa na ‘infection’ ituruka kuri bagiteri.
Iyi ndwara iyo itavuwe hakiri kare, ishobora kuba indwara ikomeye cyane yo gutangira guhunguka kw’ishinya n’amenyo, izi ndwara zombi ni zimwe mu ndwara zikunda kuzahaza abantu batandukanye ku Isi hose.
Indwara y’ifumbi iterwa na mikorobe zo mu bwoko bwa bagiteri, (...) -
Ikibazo cyo kurangiza vuba: Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye
18 September, by BWIZAKurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa.
Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, mugihe cyose umugabo adashobora gukontorora (...) -
Gusenga biri mu bintu bifasha umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe-Ubushakashatsi
18 September, by Ndacyayisenga FredUbushakashatsi bugaragaza ko gufata umwanya ugasenga biri mu bintu bifasha umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe ariko ku bantu bataragera ku rwego rwo gufata imiti.
Inzobere mu mitekererezo ya muntu muri minisiteri y’Ubuzima, bavuga ko uburyo bwiza bwo gukira uburwayi bwo mu mutwe harimo no gusenga, ariko bikarushaho iyo ufite umuntu ubwira ibibazo byawe wizeye kandi ugutega amatwi.
Ku muntu usenga afite ubwo burwayi usanga yongeye kwigirira icyizere, kugira amahoro yo mumutima , kugira (...) -
Ibitaro bya King Faisal biravuga ko byahombejwe bikomeye n’izamuka ry’ibiciro ku masoko
17 September, by TUYIZERE JDIbitaro byitiriwe Umwami Faisal biravuga ko izamuka ry’ibiciro ku masoko birimo iby’ibiribwa riri mu byabihombeje igiteranyo cy’amafaranga y’u Rwanda (Frw) abarirwa muri miliyari 12.
Ibi byagaragajwe n’umukozi ushinzwe imari muri ibi bitaro, Rugeyo Anita, tariki ya 14 Nzeri 2023 ubwo we na bagenzi be bo muri ibi bitaro basobanuriraga komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, ku makosa yagaragaye.
Rugeyo yasobanuriye PAC (...) -
Ibibabi by’imyembe ni imari ku barwayi ba Diabet
12 September, by Ndacyayisenga FredNi kenshi usanga abantu benshi batamenya uburyo bakwirinda ibyago byo kurwara diabetes nyamara biroroshye kd birahendutse mu buryo bumwe cyangwa ubundi.
Uburyo ibibabi by’imyembe bifasha abantu barwaye diyabete, cyane cyane ibigize amababi y’imyembe, kuko byakoreshejwe kenshi n’Abashinwa bo hambere, mu kuvura asima na diyabete.
Ibi bibabi ni ingirakamaro mu guhashya diyabete, mu biri mu bibabi by’imyembe harimo: aside caffeic, mangaferin, flavonoids, aside gallic. Biriya (...) -
Mu gihe abiyahura ku mwaka bageze ku bihumbi 700, abatuye Isi barasabwa kugira icyo bakora
10 September, by TUYIZERE JDUmuryango mpuzamahanga wita ku buzima, WHO, urasaba abatuye Isi kugira uruhare runini mu gukumira igikorwa cyo kwiyahura, ushingiye ku kuba umubare wabo ku mwaka warageze ku bihumbi 700.
WHO yatanze ubu butumwa kuri uyu wa 10 Nzeri 2023, mu gihe abatuye Isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe gukumira ubwiyahuzi, World Suicide Prevention Day.
Uyu muryango ushingiye ku nsanganyamatsiko yo “Kurema ibyiringiro binyuze mu bikorwa”, uragira uti: “Mu kurema ibyiringiro binyuze mu bikorwa, (...) -
Jeannette Kagame yandikiye ‘abasinzi’
10 September, by TUYIZERE JDUmufasha wa Perezida Paul Kagame akaba ari na we muyobozi mukuru w’umuryango Imbuto Foundation, Jeannette Kagame, yandikiye abasinzi ibaruwa ibasaba kugabanya inzoga banywa mu rwego rwo kwirinda ingaruka zigira ku buzima.
Muri iyi baruwa yatambukijwe ku rubuga rwa Imbuto Foundation, Jeannette yagaragaje uburyo kunywa inzoga bitangira ari ukwishimisha, bikarangira igize umuntu imbata, ikangiza ubuzima bwe.
Yagize ati: “Kunywa gake ni byo birimo inyurabwenge. Uru si urwandiko ngeneye (...) -
Abagabo banywa itabi na Shisha ntibapfa kugira ubushake ’Gushyukwa’ mu mibonano
4 September, by Ndacyayisenga FredUbushakashatsi buherutse muri 2021 bwagaragaje ko abagabo banywa itabi na shisha bari hagati y’imyaka 20 na 65 baba bafite ibyago byo kutagira ubushake mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Umwanditsi akaba n’umushakashatsi Dr. Omar El Shahawy n’umwungiriza we muri kaminuza ya New York mu ishami rikora ubushakashatsi by’umwihariko ku nzoga n’itabi yavuze ko itabi riba ririmo ikinyabutabire cya Nicotine bityo kikagira uruhare mu kugabanya ubushake bw’imibonano.
Ubu bushakashatsi (...)
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email