• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
    Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
    Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa
    Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe
    FARDC iryamiye amajanja kubera M23: Icyegera cya Bemba
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
    Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
    Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
    Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’
    Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi
    Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC
    Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira
    Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC
    Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubuzima

ubuzima

05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

ubuzima

02/06/23 17:07
Wari uziko kurya Salade bishobora kurinda amagufa kumungwa?

ubuzima

01/06/23 12:25
Akugara kaba ku gitsina cy’umukobwa w’isugi gahurirahe no kuva amaraso mu gihe cy’imibonano ?

ubuzima

31/05/23 12:19
Ese umubiri w’umuntu ukenera "Fbres" zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer

ubuzima

30/05/23 15:54
Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

ubuzima

29/05/23 09:00
Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi

ubuzima

26/05/23 15:23
Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?

ubuzima

26/05/23 11:10
Ururenda rwo mu gitsina cy’umugore, isoko y’umunezero ku bagabo mu gihe cy’imibonano

ubuzima

25/05/23 12:11
Ese imibonano ikozwe neza igomba kumara igihe kingana gute?

ubuzima

24/05/23 16:26
Ese wari uziko umuravumba udakoreshwa mu kuvura inkorora gusa? Dore izindi ndwara 7 uvura

ubuzima

19/05/23 17:42
Hari abazi ko amateke aribwa n’abatifashije gusa ntibamenye ko ari umuti no ku bakire

ubuzima

18/05/23 18:32
Kunywa ibirimo isukari nyinshi, kimwe mu bituma umugabo adashyukwa

ubuzima

18/05/23 11:48
Abanyarwanda bakora uburaya bwambukiranya imipaka babangamira gukumira SIDA: RBC

ubuzima

16/05/23 15:46
Mugabo, niba ushaka ko amasohoro yawe yiyongera ntukajye ubura aya mafunguro

ubuzima

15/05/23 16:57
Ibihumyo,imari ishyushye ku buzima bw’umuntu! Dore impamvu ukwiye kubirya

ubuzima

13/05/23 14:46
Zambia mu bihugu bifite abagabo basohorera ku mpinja ngo zirusheho gukomera

ubuzima

12/05/23 17:59
Hari abibaza uko igitsina cy’umugabo kigomba kuba kireshya! Sobanukirwa

ubuzima

11/05/23 15:51
Wari uziko kurya vubavuba byagutera isepfu? Dore ibindi biyitera n’uko yayihagarika

ubuzima

09/05/23 17:35
Acide itera ikirungurira iturukahe?

ubuzima

04/05/23 17:21
Muri Gatsibo ngo hari abatizanya udukingirizo twakoreshejwe

ubuzima

04/05/23 09:55
Umutekano w’igifu cyawe wawucunga wirinda ibi biribwa cyangwa ukabigabanya

ubuzima

03/05/23 16:08
Menya impamvu abantu bahitamo kwiyambura ubuzima

ubuzima

03/05/23 09:31
Bigenda bite ngo umuntu agire amaraso macye mu mubiri?

ubuzima

03/05/23 09:06
Dr Habineza arasaba abahinzi kugabanya ifumbire mvaruganda bakoresha
  • Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
    5 June, by Ndacyayisenga Fred

    Amashu ni zimwe mu mboga zifasha umubiri w’umuntu kugira ubuzima bwiza binyuze mu ntungamibiri wakira , ikindi kandi n’uko bifasha igogorwa no kurinda impatwe ku muntu yibasiye.Kurya byagaragajwe ko kurya imboga z’amashu bifitiye akamaro gakomeye umubiri w’umuntu. Ubundi amashu n’ibiribwa bibarizwa mu bwoko bw’imboga,aho usanga abenshi bavuga ko kuyarya nta mumaro ahubwo ngo atera inzara ,nyamara siko bimeze.
    Amakuru dukesha urubuga Health Line agaragaza ko amashu ari mu bwoko (...)

  • Wari uziko kurya Salade bishobora kurinda amagufa kumungwa?
    2 June, by Ndacyayisenga Fred

    Hari abantu usanga batakwegera amafunguro adaherekejwe na Salade.Impamvu rero nta yindi usibye kuba ayirya baba bazi ibanga ryayo, aho ikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye harimo n’izishobora kurinda amagufa kumungwa. Foodal.com ivuga ko kurya salade bifitiye umubiri akamaro kanini , kubera ko salade iba ikungahye ku ntungamubiri nyinshi kandi z’ingenzi ku mubiri wa muntu .Salade zikorwa mu buryo butandukanye no mu bwoko bw’imboga cyangwa imbuto butandukanye , bitewe nicyo salade (...)

  • Akugara kaba ku gitsina cy’umukobwa w’isugi gahurirahe no kuva amaraso mu gihe cy’imibonano ?
    1 June, by Ndacyayisenga Fred

    Ntabwo kuva amaraso bisobanura ko umukobwa yari isugi. Umukobwa cyangwa umugore ashobora gukora imibonano akava amaraso biturutse ku mpamvu zitandukanye.
    Uko ni na ko umukobwa w’isugi na we iyo akoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere byanze bikunze atava amaraso. Icya mbere gituma hatabaho kuva amaraso ni uko umukobwa aba yakoze imibonano abishaka kuko yateguwe neza. Ikindi ni iyo akoranye imibonano n’umuhungu akunda, na byo bimufasha kwitegura mu buryo bworoshye mu mutwe. Kuva amaraso (...)

  • Ese umubiri w’umuntu ukenera "Fbres" zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer
    31 May, by Ndacyayisenga Fred

    Abashakashatsi bo kuri Kaminuza ya Otago, muri Nouvelle Zélande na Kaminuza ya Dundee, bavuga ko umuntu akwiye gufungura nimiburiburi amagarama 25 ya "fibre" ku munsi.Bavuga ko ubishoboye yarenza amagarama 30, ko hari akarusho kanini.
    Umuneke wose upima amagarama 120 (120g), ariko wose ntugizwe na "fibre". Ukuyemwo isukari n’amazi biwurimwo, usigarana 3g ya "fibre".Kw’isi abantu benshi barya amagarama ya "fibre" ari munsi ya 20 ku munsi.
    Mu Bwongereza, munsi y’umuntu umwe kuri 10 nibo (...)

  • Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro
    30 May, by BWIZA

    Uturere tugize umujyi wa Kigali dufitiye ibitaro n’amavuriro imyenda myinshi kubera kunanirwa kwishyurira abantu batishoboye bagiye bivuza, bagataha batishyuye serivisi bahawe.
    Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 30 Gicurasi 2023, mu nama mpuzabikorwa kuri serivise z’ubuzima, inama yitabiriwe n’inzego zitandukanye zo mu mujyi wa Kigali zifite aho zihurira cyane n’ubuzima ndetse n’imibereho myiza y’abaturage. Yari ifite intego yo kureba ibitagenda mu buzima bw’abatuye umujyi wa Kigali ndetse (...)

  • Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi
    29 May, by TUYIZERE JD

    Telefone ni nziza ku muntu ushaka kugendana n’ibigezweho, ushaka gutera imbere mu ikoranabuhanga, ushaka kumenya amakuru yiriwe cyangwa yaraye hirya no hino ku Isi kandi yoroshya cyane itumanaho. Ariko kuyikoresha neza bikwiye kuba ihame.
    Umuhanga mu bugenge bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo ‘‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’, yanditse cyigisha ku gukoresha neza telefone igendanwa, yagaragaje ko hari ibyago bikomeye bitegereje uwitaba telefone (...)

  • Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?
    26 May, by Ndacyayisenga Fred

    Inkarishya zagira uruhare mu kurwanya indwara ya kanseri kubera ko zigiramo ikitwa ‘trypsine’, gifite ubushobozi bwo kuburizamo za ‘cellules’ zitera kanseri. Kubera ko zigiramo ikitwa ‘bêta-carotène’, bituma zirinda ibyago byo kurwara indwara z’umutima zimwe na zimwe.
    Intagarasoryo zirarura ku buryo umuntu utazimenyereye bitamworohera kuzimira, zishobora kuribwa ari mbisi cyangwa se zitetse. N’ubwo mu kanwa zitaryoha cyane cyane ku bantu batazimenyereye, ariko zigira ibyiza byinshi ku (...)

  • Ururenda rwo mu gitsina cy’umugore, isoko y’umunezero ku bagabo mu gihe cy’imibonano
    26 May, by Ndacyayisenga Fred

    Ubu bubobere buratandukana ku bantu, hari abagira bwinshi n’abagira bucye, gusa hari n’abatagira na bucye ibi bikaba ari uburwayi buvurwa.Ububobere ubusanzwe buba ari ururenda rw’umweru, gusa mu gihe cy’uburumbuke birahinduka bikaba nk’umweru w’igi ribisi kandi rukarenduka.
    Iyo umugabo rero yinjije igitsina cye mu cy’umugore agasanga afite urwo rurenda araryoherwa ku buryo yumva atarangiza agakomeza kwiyumvira ubwo buryohe.
    Usanga igitsinagore bakunda kwivuza cyangwa kugisha inama iyo (...)

  • Ese imibonano ikozwe neza igomba kumara igihe kingana gute?
    25 May, by Ndacyayisenga Fred

    Ni kenshi, usanga abantu batandukanye by’umwihariko abashakanye bibaza igihe runaka imibonano mpuzabitsina igomba kumara.Abanga bagaragaza ko nta gihe cy’ibarwa yakagombye kumara, ahubwo icyingenzi n’uko bose bagera ku ndunduro y’ibyishimo byabo.
    Ubushakashatsi bwakozwe kuri couples 500 mu gihe cy’ibyumweru 4 bwagaragaje ko abagabo barangije mu gihe gito bamaze amasegonda 33 mu gihe abamaze igihe kinini bamaze iminota 44 impuzandenga y’abakozweho ubushakashatsi Bose iba iminota 5.4. (...)

  • Ese wari uziko umuravumba udakoreshwa mu kuvura inkorora gusa? Dore izindi ndwara 7 uvura
    24 May, by Ndacyayisenga Fred

    Umuravumba benshi bawukoresha batawuzi neza ariko nyamara iyo ugiye mu bushakashatsi ku ndwara uvura usanga zirenga 10 nyamara abenshi bakunze kuwukoresha bivura ibicurane n’inkorora gusa.
    Iki kimera gikunze kuboneka ku mugabane w’afurika, usanga bawukoresha cyane mu buvuzi gakondo ariko kandi ibinyabutabire biwuvamo bishobora no gukoreshwa mu buvuzi bwa kizungu.
    Abavuzi gakondo batandukanye bemeza ko mu miti bakoreshya bavura, inzoka n’indwara zifata mu myanya y’ubuhumekero, (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 21

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa

Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab

Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy'Isi
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
05/06/23 17:05
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
05/06/23 16:22
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
05/06/23 15:48
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
imikino

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 (...)

Yanditswe na Biregeya Justin
Amakuru

Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa

Urukiko rw’i Burayi rushinzwe kurengera ikiremwamuntu rurakemangwa nyuma yo gufata icyemezo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe

Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma y’uko (...)

Yanditswe na Byungura Cesar
iyobokamana

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?