Kuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa.
2001: U Buholandi
2003: U Bubiligi
2005: Canada, Espagne
2006: Afurika y’Epfo
2009: Norvege, Sweden
2010: Argentina, Iceland, Portugal
2012: Denmark
2013: Brazil, U Bwongereza, Wales, U Bufaransa, (...)
ibyegeranyo
-
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe
10 May, by Denis Nsengiyumva -
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi
9 May, by Denis NsengiyumvaIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi .
Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022:
USA: $877 billion China: $292 billion
Russia: $86 billion India: $81 billion
Saudi Arabia: $75 billion
UK: $69 billion (...) -
Ibigo 20 by’abikorera bikoresha abakozi benshi kurusha ibindi ku Isi
7 May, by Denis NsengiyumvaIkigo cya Walmart cy’Abanyamerika nicyo kigo cy’abikorera kiyoboye ibindi ku Isi mu kugira abakozi benshi nk’uko bigaragara ku rutonde dukesha World of Statistics .
1. Walmart: 2,300,000
2. Amazon: 1,541,000
3. Foxconn: 826,608
4. Accenture: 738,000
5. Volkswagen: 645,868
6. Tata Consultancy: 616,171
7. Deutsche Post: 583,816
8. United Parcel Service: 500,000
9. Kroger: 500,000
10. Home Depot: 500,000
11. Gazprom: 468,000
12. Agricultural Bank: (...) -
Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari y’amadolari n’ibya mbere mu bukungu ku Isi ubu
2 May, by Denis NsengiyumvaIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo cya mbere ku Isi cyagize GDP (umusaruro mbumbe w’imbere mu gihugu) ugera muri Tiliyari (Miliyari 1000) y’Amadolari, hari mu 1969, kugeza uyu munsi mu 2023 kanddi nicyo gifite GDP nini kurusha ibindi bihugu nk’uko tubikesha World of Statistics .
Ibihugu byagize GDP ya Tiliyari $ bwa mbere:
1969: USA
1978: Japan
1986: Germany
1988: France
1990: Italy, UK
1998: China
2004: Canada, Spain
2006: South Korea, Brazil
2007: (...) -
Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023
20 April, by Ndacyayisenga FredIbihugu bimwe na bimwe by’Afurika usanga bivugwaho kugarizwa n’ubukene bukabije kuburyo usanga abaturage babyo ubuzima bwabo buba buri ku murongo w’umuhondo cyangwa utukura .
Muri ibyo bihugu akenshi usanga habaho iyimuka ry’abaturage bava mu byaro bagana mu mijyi ariko igitangaje hari abo ubuzima bugora ugasanga basubiye aho baturutse abandi bagakomeza umutsi.
Bimwe mu bishingirwaho bavuga ko imijyi runaka ihenze, ni uburyo amafaranga umuturage yinjiza ku munsi aba ari macye (...) -
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu - Ubuhanuzi bwa 2023
3 April, by Denis NsengiyumvaMu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les Prophéties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo 70% kugeza ubu nk’uko tubikesha wionews .
Umuhanga mu kuragurisha inyenyeri w’Umufaransa avugwaho ko yahanuye iyicwa (...) -
Inkomoko y’umukino w’urupfu
18 March, by NKUNDABANYANGA IldephonseAbakunzi b’umupira w’amaguru, iyo hari umukino ukomeye bakunda kuva ati "Uyu ni umukino w’urupfu". Nyamara nubwo babivuga gutya, ariko bya nyabyo uyu mukino wabayeho.
Iby’umukino wiswe uw’urupfu bitangirana n’intambara ya kabiri y’isi yose yabaye mu mwaka w’1939-1945, ubwo u Budage bwatangizaga intambara mu Burayi.
Mu mwaka wa 1941, nibwo u Budage bwateguye igitero ku bihugu by’Abasoviyeti, mu minsi mike bahita bafata umugi wa Kyiv muri Ukraine, icyo gihe byari muri Leta zunze Ubumwe (...) -
Ubuzima bwa Robert Oppenheimer wazanye ’urupfu mu Isi’
15 March, by NKUNDABANYANGA IldephonseBuri gihe uko habayeho intambara mu Isi ihanganisha kimwe mu bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, hahita hibazwa ku mugabo wazikoze ku nshuro ya mbere, akaziha ubushobozi bwo gutsemba buri gihumeka kiboneka mu Isi.
Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere byaroshwe ku migi y’Abayapani mu ntambara ya kabiri y’Isi, yavukiye New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA) ku wa 22 Mata 1904. Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere
Nubwo yavukiye (...) -
Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana
15 February, by NKUNDABANYANGA IldephonseIbihugu mu Isi muri uyu mwaka w’2023, bifite abaturage benshi batagira imyizerere n’imwe ishingiye ku Mana runaka ibarizwa ahantu runaka
Kuva kera ibihugu n’imuco y’abantu mu Isi, byagiye bihuzwa n’Imana bavuga ko iba ahantu runaka bise mu ijuru, abandi na bo bakagira Imana bishushanyirije bakazisenga ngo zigire ibyo zibafasha.
Uko imyaka igenda ishira, umubare w’abantu batizera Imana na wo wagiye wiyongera nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika bugasohoka mu (...) -
Uko byagenze ngo Umwami w’Abami wa Roma asukwe umushongi wa zahabu mu kanwa
3 February, by NKUNDABANYANGA IldephonseLicinius Valeriean, Umwami w’Abami wa Roma, ni we mwami wishwe nabi mu mateka y’Isi nyuma y’uko afatiwe ku rugamba n’Abaperisi bakamusuka umushongi wa zahabu mu kanwa.
Mu kinyejana cya gatatu nyuma y’ivuka rya Yezu, ubwo Ubwami bwa Roma bwari mu bushorishori bw’ubuhangange bwabwo, bwagambiriye kwigarurira ibice byose bari bazi. Icyo gihe byabasunikiye mu ntambara n’Ubwami butavogerwaga bw’Abaperesi.
Mu mwaka wa 260, Umwami Valerianus yahuriye mu ntambara n’Umwami w’Abaperesi, Sh?p?r I, (...)
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email