• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
    Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
    Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa
    Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe
    FARDC iryamiye amajanja kubera M23: Icyegera cya Bemba
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
    Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
    Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
    Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’
    Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi
    Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC
    Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira
    Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC
    Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ibyegeranyo

ibyegeranyo

10/05/23 13:45
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe

ibyegeranyo

09/05/23 12:30
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi

ibyegeranyo

07/05/23 13:15
Ibigo 20 by’abikorera bikoresha abakozi benshi kurusha ibindi ku Isi

ibyegeranyo

02/05/23 12:19
Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari y’amadolari n’ibya mbere mu bukungu ku Isi ubu

ibyegeranyo

20/04/23 10:03
Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023

ibyegeranyo

03/04/23 07:33
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu - Ubuhanuzi bwa 2023

ibyegeranyo

18/03/23 12:51
Inkomoko y’umukino w’urupfu

ibyegeranyo

15/03/23 11:36
Ubuzima bwa Robert Oppenheimer wazanye ’urupfu mu Isi’

ibyegeranyo

15/02/23 15:07
Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana

ibyegeranyo

03/02/23 12:44
Uko byagenze ngo Umwami w’Abami wa Roma asukwe umushongi wa zahabu mu kanwa

ibyegeranyo

31/01/23 10:42
Operasiyo za gisirikare zihambaye zabayeho mu mateka y’isi

ibyegeranyo

30/01/23 17:31
Abakinnyi bagize uburebure butangaje mu mateka ya NBA

ibyegeranyo

25/01/23 17:32
Amakuru y’ingenzi ku musirikare umwe muri babiri ba mbere bambaye ipeti riruta ayandi mu Rwanda

ibyegeranyo

25/01/23 14:32
Byinshi ku ndege ziswe iz’umunsi w’imperuka

ibyegeranyo

24/01/23 10:09
Irindimuka rya NOKIA yari yihariye isoko mpuzamahanga rya telefone

ibyegeranyo

22/01/23 12:22
Urutonde rw’imirimo 5 ishobora kuba imbarutso yo gusenyuka kw’ingo

ibyegeranyo

21/01/23 14:33
Abakobwa bakoresheje ikimero cyabo bakaba inshoreke z’abategetsi, bigahindura byinshi mu isi

ibyegeranyo

17/01/23 11:14
Ubuhamya bwa Dr Nikolae Minovici wiyahuye inshuro 12 ari mu bushakashatsi

ibyegeranyo

16/01/23 21:46
Harimo n’uwapimye ibiro 610: Abantu 5 bafite ibiro byinshi

ibyegeranyo

13/01/23 18:37
Amavu n’amavuko y’umutwe w’abacancuro wa Wagner uvugwaho kwifatanya n’ingabo za RDC

ibyegeranyo

12/01/23 13:30
Abakinnyi mpuzamahanga babaye mu gisirikare

ibyegeranyo

10/01/23 20:51
Abantu 5 b’ibikomerezwa mu butegetsi bw’u Burusiya

ibyegeranyo

10/01/23 16:51
Abagore 10 bavuga rikijyana mu kinyejana cya 21

ibyegeranyo

02/12/22 09:46
Imijyi 10 ya mbere ihenze kuyituramo ku Isi n’indi 10 ihendutse mu 2022
  • Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe
    10 May, by Denis Nsengiyumva

    Kuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa.
    2001: U Buholandi
    2003: U Bubiligi
    2005: Canada, Espagne
    2006: Afurika y’Epfo
    2009: Norvege, Sweden
    2010: Argentina, Iceland, Portugal
    2012: Denmark
    2013: Brazil, U Bwongereza, Wales, U Bufaransa, (...)

  • Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi
    9 May, by Denis Nsengiyumva

    Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi .
    Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022:
    USA: $877 billion China: $292 billion
    Russia: $86 billion India: $81 billion
    Saudi Arabia: $75 billion
    UK: $69 billion (...)

  • Ibigo 20 by’abikorera bikoresha abakozi benshi kurusha ibindi ku Isi
    7 May, by Denis Nsengiyumva

    Ikigo cya Walmart cy’Abanyamerika nicyo kigo cy’abikorera kiyoboye ibindi ku Isi mu kugira abakozi benshi nk’uko bigaragara ku rutonde dukesha World of Statistics .
    1. Walmart: 2,300,000
    2. Amazon: 1,541,000
    3. Foxconn: 826,608
    4. Accenture: 738,000
    5. Volkswagen: 645,868
    6. Tata Consultancy: 616,171
    7. Deutsche Post: 583,816
    8. United Parcel Service: 500,000
    9. Kroger: 500,000
    10. Home Depot: 500,000
    11. Gazprom: 468,000
    12. Agricultural Bank: (...)

  • Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari y’amadolari n’ibya mbere mu bukungu ku Isi ubu
    2 May, by Denis Nsengiyumva

    Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo cya mbere ku Isi cyagize GDP (umusaruro mbumbe w’imbere mu gihugu) ugera muri Tiliyari (Miliyari 1000) y’Amadolari, hari mu 1969, kugeza uyu munsi mu 2023 kanddi nicyo gifite GDP nini kurusha ibindi bihugu nk’uko tubikesha World of Statistics .
    Ibihugu byagize GDP ya Tiliyari $ bwa mbere:
    1969: USA
    1978: Japan
    1986: Germany
    1988: France
    1990: Italy, UK
    1998: China
    2004: Canada, Spain
    2006: South Korea, Brazil
    2007: (...)

  • Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023
    20 April, by Ndacyayisenga Fred

    Ibihugu bimwe na bimwe by’Afurika usanga bivugwaho kugarizwa n’ubukene bukabije kuburyo usanga abaturage babyo ubuzima bwabo buba buri ku murongo w’umuhondo cyangwa utukura .
    Muri ibyo bihugu akenshi usanga habaho iyimuka ry’abaturage bava mu byaro bagana mu mijyi ariko igitangaje hari abo ubuzima bugora ugasanga basubiye aho baturutse abandi bagakomeza umutsi.
    Bimwe mu bishingirwaho bavuga ko imijyi runaka ihenze, ni uburyo amafaranga umuturage yinjiza ku munsi aba ari macye (...)

  • Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu - Ubuhanuzi bwa 2023
    3 April, by Denis Nsengiyumva

    Mu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les Prophéties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo 70% kugeza ubu nk’uko tubikesha wionews .
    Umuhanga mu kuragurisha inyenyeri w’Umufaransa avugwaho ko yahanuye iyicwa (...)

  • Inkomoko y’umukino w’urupfu
    18 March, by NKUNDABANYANGA Ildephonse

    Abakunzi b’umupira w’amaguru, iyo hari umukino ukomeye bakunda kuva ati "Uyu ni umukino w’urupfu". Nyamara nubwo babivuga gutya, ariko bya nyabyo uyu mukino wabayeho.
    Iby’umukino wiswe uw’urupfu bitangirana n’intambara ya kabiri y’isi yose yabaye mu mwaka w’1939-1945, ubwo u Budage bwatangizaga intambara mu Burayi.
    Mu mwaka wa 1941, nibwo u Budage bwateguye igitero ku bihugu by’Abasoviyeti, mu minsi mike bahita bafata umugi wa Kyiv muri Ukraine, icyo gihe byari muri Leta zunze Ubumwe (...)

  • Ubuzima bwa Robert Oppenheimer wazanye ’urupfu mu Isi’
    15 March, by NKUNDABANYANGA Ildephonse

    Buri gihe uko habayeho intambara mu Isi ihanganisha kimwe mu bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, hahita hibazwa ku mugabo wazikoze ku nshuro ya mbere, akaziha ubushobozi bwo gutsemba buri gihumeka kiboneka mu Isi.
    Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere byaroshwe ku migi y’Abayapani mu ntambara ya kabiri y’Isi, yavukiye New York muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA) ku wa 22 Mata 1904. Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere
    Nubwo yavukiye (...)

  • Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana
    15 February, by NKUNDABANYANGA Ildephonse

    Ibihugu mu Isi muri uyu mwaka w’2023, bifite abaturage benshi batagira imyizerere n’imwe ishingiye ku Mana runaka ibarizwa ahantu runaka
    Kuva kera ibihugu n’imuco y’abantu mu Isi, byagiye bihuzwa n’Imana bavuga ko iba ahantu runaka bise mu ijuru, abandi na bo bakagira Imana bishushanyirije bakazisenga ngo zigire ibyo zibafasha.
    Uko imyaka igenda ishira, umubare w’abantu batizera Imana na wo wagiye wiyongera nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika bugasohoka mu (...)

  • Uko byagenze ngo Umwami w’Abami wa Roma asukwe umushongi wa zahabu mu kanwa
    3 February, by NKUNDABANYANGA Ildephonse

    Licinius Valeriean, Umwami w’Abami wa Roma, ni we mwami wishwe nabi mu mateka y’Isi nyuma y’uko afatiwe ku rugamba n’Abaperisi bakamusuka umushongi wa zahabu mu kanwa.
    Mu kinyejana cya gatatu nyuma y’ivuka rya Yezu, ubwo Ubwami bwa Roma bwari mu bushorishori bw’ubuhangange bwabwo, bwagambiriye kwigarurira ibice byose bari bazi. Icyo gihe byabasunikiye mu ntambara n’Ubwami butavogerwaga bw’Abaperesi.
    Mu mwaka wa 260, Umwami Valerianus yahuriye mu ntambara n’Umwami w’Abaperesi, Sh?p?r I, (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 18

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa

Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab

Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy'Isi
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
05/06/23 17:05
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
05/06/23 16:22
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
05/06/23 15:48
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
imikino

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 (...)

Yanditswe na Biregeya Justin
Amakuru

Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa

Urukiko rw’i Burayi rushinzwe kurengera ikiremwamuntu rurakemangwa nyuma yo gufata icyemezo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe

Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma y’uko (...)

Yanditswe na Byungura Cesar
iyobokamana

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?