Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 y’amavuko barererwa mu irerero rya Paris Saint Germain (PSG) riri mu Karere ka Huye begukanye igikombe cy’Isi batsindiye mu Bufaransa, mu irushanwa ryahuzaga amarerero yose y’iyi kipe ku Isi rizwi nka PSG Academies World Cup 2023.
Ni umukino wakinwe iminota 30 wahuje ikipe y’u Rwanda na Bresil, warangiye ari igitego 1-1, hitabazwa penaliti, haba mu batarengeje imyaka 11 n’abatarengaje 13.
Ikipe (...)
imikino
-
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi
5 June, by Biregeya Justin -
Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC
5 June, by BABOU BénjaminRayon Sports yatuye Perezida Paul Kagame Igikombe cy’Amahoro cya 2023 iheruka kwegukana, nyuma yo gutsinda APR FC bari bahuriye ku mukino wa nyuma igitego 1-0.
Aya makipe yombi akunzww kurusha ayandi mu Rwanda yahuriye i Huye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, mu mukino wasize Rayon Sports yegukanye Igikombe icyo ari cyo cyose nyuma y’imyaka ine itazi uko bimera.
Igitego rukumbi cyo ku munota wa 39 w’umukino cya Ngendahimana Eric ni cyo cyatandukanyije impande zombi.
Byari ibirori (...) -
Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira
2 June, by Ndacyayisenga FredCarlos Ferrer, usanzwe ari umutoza w’Amavubi yatangaje ko impamvu atashyize Haruna Niyonzima ku rutonde rw’Abakinnyi bazakina ku mukino Amavubi azahuramo na Mozambique, ari uko ngo amuvangira mu bitekerezo.
Ni amakuru yatangaje ubwo mu rutonde rw’abakinnyi 28 rwasohokaga, hatagaragayeho umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni akaba n’umwe mu nkingi za mwamba ikipe y’igihugu yagenderagaho.
Ni umukino w’umunsi wa gatanu w’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2023 u (...) -
Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC
1 June, by BABOU BénjaminAmakuru aturuka mu kipe ya Rayon Sports aravuga ko kugeza kuri uyu wa Kane abakinnyi bayo bari bataremera kujya i Huye aho bazakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro.
Ni umukino uteganyijwe kubera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku wa Gatandatu tariki ya 03 Gicurasi 2023.
Rayon Sports yagombaga kujya i Huye ku wa Kabiri w’iki cyumweru gusa birangira urugendo rwayo rusubitswe, bijyanye n’uko hari amafaranga abakinnyi bayo bakiyishyuza.
Ni amafaranga arimo umushahara w’amezi (...) -
Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville
1 June, by Ndacyayisenga FredJose Mourinho usanzwe amenyerewe mu gutsinda imikino yanyuma y’ibikombe, mu ijoro ryacyeye amahirwe ntiyamusekeye, nyuma y’uko atsinzwe n’ikipe ya Seville ku mukino wa nyuma wa Europa League.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu nibwo umukino wa nyuma wa UEFA Europa League 2022/2023 wabereye kuri Puskas Arena yo muri Hungary, wasize abanya-Espagne bamwenyura.
Sevilla yatsinze AS Roma penariti 4-1, nyuma y’uko zari zanganyije igitego 1-1 ihita yegukana igikombe cya Europa League 2023. Ni (...) -
Umutoza w’ikipe y’Amavubi apfa iki n’umukinnyi Onana?
31 May, by Ndacyayisenga FredHakomeje kwibazwa icyo Carlos Alos Ferrer umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi apfa na rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sport Leandre Esomba Onana , nyuma y’uko yumvikanye avuga ko uyu mukinnyi yasabwe gukinira Amavubi ariko akinangira.
Ibi bishingirwa ku nkuru yakomeje icaracara kuri uyu wa Kabiri taliki 30, ivuga ko umutoza Carlos yatangaje ko Onana yanze gukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, ariko nyiri ubwite akaza kubitera utwatsi avuga ko hari ibyabuze kugirango yemere gukina.
Bimwe (...) -
Benzema yahawe akayabo n’ikipe yo muri Arabie Saoudite ngo ave muri Real Madrid
31 May, by BABOU BénjaminUmufaransa Karim Benzema ashobora gutandukana na Real Madrid asanzwe akinira muri iyi mpeshyi, nyuma yo kwemererwa umurengera w’amafaranga na Al Ittihad yo muri Arabie Saoudite.
Benzema afitanye na Real Madrid amaze imyaka 14 akinira amasezerano azarangira mu mpeshyi y’uyu mwaka.
Iyi kipe y’i Madrid imaze igihe ifite gahunda yo kumuha amasezerano mashya y’imyaka iri hagati y’umwe n’ibiri.
Ni gahunda cyakora ishobora kudacamo, nyuma y’uko uyu rutahizamu amenyeshejwe n’ikipe ya Al (...) -
Onana wa Rayon Sports yabenze Amavubi
30 May, by BABOU BénjaminRutahizamu Léandre Essomba Willy Onana wa Rayon Sports, yanze ubusabe bw’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ bwo kuyikinira.
Uyu munya-Caméroun yari amaze igihe mu biganiro n’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryifuzaga ko yakinira Amavubi.
FERWAFA yifuzaga ko uyu rutahizamu wasoje shampiyona y’u Rwanda ayoboye abatsinze ibitego byinshi (16 mu mikino 23 yakinnye) yakinira u Rwanda mu mikino y’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire rufite. (...) -
Umunyakenyakazi watekeraga Arsenal yeguye
30 May, by BWIZABernice Kariuki wari umutetsi w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yamaze kwegura kuri iyi nshingano.
Bernice abicishije ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko uyu mwaka w’imikino urangiye wari mwiza kuri Arsenal.
Gusa ntabwo yigeze atangaza impamvu yatumye yegura kuri izi nshingano zo gutekera iyi kipe y’ubukombe.
Bernice yashimiye byimazeyo Abanyakenya uburyo bagiye bamuba hafi bamutera ingabo mu bitugo muri izo nshingano zitoroshye yari afite mu gihe kingana n’imyaka ibiri yari amaze (...) -
Abakinnyi ba Rayon Sports bigumuye, bashobora kudakina umukino wa APR FC
30 May, by BABOU BénjaminAmakuru aturuka muri Rayon Sports aravuga ko ishyamba atari ryeru muri iyi kipe, nyuma y’uko abakinnyi bayo bafashe icyemezo cyo kwigumura ku buyobozi.
Rayon Sports kuri ubu iri mu myiteguro y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro igomba guhuriramo na APR FC ku wa Gatandatu w’iki cyumweru.
Ni umukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye.
Mu gihe habura iminsi ine ngo uyu mukino ube, amakuru avuga ko abakinnyi ba Rayon Sports bigumuye bakanga gukora imyitozo, ndetse bakanamenyesha (...)
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email