Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yasobanuye ko yahagaritse ingendo yakoreraga i Mumbai mu Buhinde kubera ko u Rwanda rudafite indege nyayo ifite ubushobozi bwo gukora ingendo zihuza Kigali na Mumbai.
Kuva muri 2017 ni bwo RwandAir yari yaratangiye gukora ingendo ziva n’izijya mu Buhinde, mbere yo kuzihagarika by’agateganyo muri Werurwe uyu mwaka.
Umuyobozi Mukuru wa RwandAir, Yvonne Manzi Makolo, yabwiye Jeune Afrique ko iyi sosiyete izasubukura izi ngendo (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Impamvu RwandAir yahagaritse ingendo zayo i Mumbai n’ingaruka yatewe no gukumirwa muri RDC
8 May, by BABOU Benjamin -
RDC mu nzira zo gushora kwa Ramaphosa arenga Frw miliyari 600 igura drones z’intambara
8 May, by BABOU BenjaminRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri mu biganiro bigeze kure bigamije kugura muri Afurika y’Epfo za drones z’intambara zifite agaciro ka $ miliyoni 500 (Frw miliyari 649).
Ni ibiganiro bimaze igihe bikorwa n’abarimo Minisitiri w’Ingabo, Jean Pierre Bemba ndetse kuri ubu amakuru avuga ko abajyanama ba Perezida Félix Antoine Tshisekedi bari gushaka uko bavana mu nzira ibijyanye n’ubwishyu bw’ariya mafaranga yo kugura intwaro.
RDC imaze imyaka ikabakaba ibiri n’igice iri mu ntambara (…) -
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by BWIZAUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame. (…)
-
RDC yaciye amarenga y’uko yamaze kunoza umugambi wo gutera u Rwanda
6 May, by BABOU BenjaminGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaciye amarenga y’uko yamaze kunoza umugambi wo gushoza intambara ku Rwanda imaze igihe kirekire ifite.
Ni ibigaragarira mu itangazo Kinshasa yasohoye kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi 2024.
Ni itangazo RDC yasohoye nyuma y’iminsi itatu mu nkambi y’impunzi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abantu imirwano 16, abarenga 30 barakomereka.
Nyuma y’iki gitero Leta ya RDC n’abarimo Leta (…) -
Amerika yashimangiye ibirego byayo ku Rwanda
7 May, by BABOU BenjaminLeta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Mbere zashimangiye ibirego byazo by’uko Ingabo z’u Rwanda ari zo ziri inyuma y’ibisasu byarashwe mu nkambi y’impunzi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma.
Ibyo bisasu byo mu cyumweru gishize byahitanye impunzi 16, izirenga 30 zirakomereka.
Bikiraswa Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye mu muvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yazo, Matthiew Miller, zavuze ko Ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23 ari bo babiri inyuma.
Guverinoma (…) -
Perezida Kagame yongeye gucyaha abica Ikinyarwanda biganjemo urubyiruko
8 May, by Sam KaberaKuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Gicurasi nibwo Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kurushaho gusigasira no gukoresha neza ururimi rw’Ikinyarwanda haba mu myandikire n’imivugire yacyo birinda kukigoreka nkana.
Ibi yabitangaje ubwo yaganiraga n’urubyiruko rw’abakoranabushake baasaga 7500 baturutse hirya no hino mu Gihugu, Perezida Kagame yabanje kurukebura ku kugoreka Ikinyarwanda.
Perezida Kagame yifashishije ingero z’amwe mu magambo atandukanye akunze gukoreshwa na rumwe mu rubyiruko, (…) -
Amagambo Perezida Kagame yabwiye Tshisekedi ubwo FARDC yarasaga mu Kinigi
15 March, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo Ingabo za Congo zarasaga ibisasu mu Kinigi ho mu karere ka Musanze yihanangirije mugenzi Felix Antoine Tshisekedi, gusa bikarangira RDC yanze guhagarika ubushotoranyi bwayo ku Rwanda.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru James Smart ukorera Televiziyo ya NTV yo muri Kenya.
Perezida Kagame yakomeje ku bisasu ingabo za RDC zarashe mu Kinigi mu myaka ibiri ishize, ubwo yari abajijwe niba hari ingabo u (…) -
Musanze: Urukiko ’rwarumye ruhuha’ umukire wari warariganyije umuturage isambu ye
1 February, by BABOU BenjaminUrukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Gatatu tariki ya 31 Mutarama rwemeje ko umukire Habyarimana Pierre yaguze mu buryo bw’uburiganya isambu y’umuturage witwa Bazimaziki Aimable, rutegeka ko uyu muturage asubizwa ubutaka bwe.
Mu ntangiriro z’ukwezi gushize ni bwo uru rukiko rwari rwaburanishije urubanza Habyarimana yari yarajuririyemo umwanzuro w’urubanza rwaciwe n’inteko y’abunzi bo mu murenge wa Muko mu Ukuboza 2022.
Icyo gihe abunzi bari bemeje ko Habyarimana Pierre yaguze ubutaka bwa (…) -
Perezida Tshisekedi mu nzira zitavugwaho rumwe zo guhindura itegeko nshinga
6 May, by Denis NsengiyumvaPerezida Félix Tshisekedi ntabwo yahakanye ko hashobora kuvugururwa Itegeko Nshinga nyuma y’amezi atanu habaye amatora rusange n’imyaka ine mbere yo kurangira kwa manda ya kabiri n’iya nyuma ya perezida.
Mu ruzinduko rwe rw’i Burayi rwamujyanye mu Budage, u Bufaransa n’u Bubiligi kugira ngo abonane n’abafata ibyemezo na diaspora, Tshisekedi yatangaje ko hashyizweho komisiyo igomba gutekereza ku Itegeko Nshinga rishya. Itangazo ryahangayikishije abatavuga rumwe n’ubutegetsi na sosiyete (…) -
SADC yamaganye M23 isezeranya ibikorwa byo kuyihashya
5 May, by Denis NsengiyumvaUmuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero by’inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) ku itariki ya 3 Gicurasi 2024 i Goma, bikaba byarateje urupfu rw’abasivili nibura 16 bikomeretsa abasivili bagera kuri 30 nkuko bigaragara mu itangazo washyize ahagaragara kuri iki Cyumweru itariki 5 Gicurasi 2024.
Iri tangazo rivuga ko Ubutumwa bwa SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) (…)