• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

iyobokamana

iyobokamana

18/09/23 13:14
ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi

iyobokamana

15/09/23 15:30
Shalom Choir yasobanuye impamvu itazishyuza abazitabira igitaramo cyayo cy’akataraboneka

iyobokamana

25/08/23 09:08
Ibyo Minisitiri witabiriye urugendo Perezida Kagame yise ’urwo kuramya ubukene’ yabonye

iyobokamana

22/08/23 13:31
Abatinganyi ntibahejwe mu gushyigikira ko Bibiliya ikomeza kuboneka mu Rwanda:BSR

iyobokamana

16/08/23 19:34
Umukuru wa Kiliziya muri Kampala yabwiye abakene ko batazakandagira mu ijuru

iyobokamana

16/08/23 18:39
Kibeho: Hari bimwe mu bihakorerwa Kiliziya ifata nk’ubuyobe

iyobokamana

13/08/23 08:26
Paruwasi Gatolika yari imaze imyaka 14 itabyara Padiri, yungutse undi

iyobokamana

07/08/23 10:31
ADEPR ikwiye kugira urwego rw’iperereza, ubushinjacyaha n’urukiko: Apôtre Mutabazi

iyobokamana

01/08/23 09:52
Apôtre Gitwaza aravuga ko u Rwanda rurimo ba Pasiteri b’inzererezi

iyobokamana

30/07/23 10:58
Musenyeri Nzakamwita yatangaje ibyo yaganiriye na Muvara nyuma yo kugambanirwa

iyobokamana

11/07/23 13:59
Ababikira barimo Abanyarwandakazi biciwe muri Yemeni bashobora kugirwa abatagatifu

iyobokamana

06/07/23 12:29
Pasiteri Claude aravuga ko hari Apôtre wagerageje kumwicira ubukwe

iyobokamana

04/07/23 09:42
Musenyeri Nikodemu Nayigiziki yapfuye

iyobokamana

28/06/23 17:19
Aho gutahana ibihahanwa, Pasiteri Théogène yatahanaga abana b’umuhanda: Ubuhamya

iyobokamana

28/06/23 07:45
Impinduka kwa Pasiteri Théogène kugeza ku nzu ya Frw miliyoni 100 yubakiwe

iyobokamana

25/06/23 16:23
N’abakozi bo mu rugo bari gufasha umuryango wa Pasiteri Théogène

iyobokamana

09/06/23 10:14
Angilikani ku Isi iringingira iyo muri Uganda ko kurwanya itegeko rihana abatinganyi

iyobokamana

05/06/23 10:45
Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

iyobokamana

30/05/23 08:31
Remera: EAR igiye kugurira Pasiteri Antoine Rutayisire imodoka

iyobokamana

19/05/23 13:05
Ikibazo cy’umubare w’Abagatolika cyarakuririjwe: Kiliziya

iyobokamana

14/05/23 15:59
Amagorwa ya Apôtre Habonimana ubwo umugore we yari arwaye indwara y’amayobera

iyobokamana

07/05/23 15:06
Kiliziya mu Rwanda ihangayikishijwe n’uburyo abayoboke bayo bari kuyivamo

iyobokamana

04/05/23 21:24
Papa Francis yifatanyije n’Abanyarwanda mu kababaro batewe n’ibiza

iyobokamana

03/05/23 08:45
Papa Francis yirukanye umupadiri w’Umunyarwanda muri Kiliziya
  • ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi
    18 September, by TUYIZERE JD

    Umushumba Mukuru w’itorero ADEPR, Rev. Past. Ndayizeye Isaie, aravuga ko nta nkunga ryahabwa ryatumye ryemera abari mu muryango w’abaryamana bahuje ibitsina witwa LGBTQ, bazwi nk’abatinganyi.
    Ibi Pasiteri Ndayizeye yabivuze asobanura ku makuru yahwihwishijwe ko yaba yarahawe “amafaranga kugira ngo yakire abatinganyi”, bigendanye n’inkuru y’Umunyamerikakazi Kake Cheys wagaragaye azunguza igitarambaro cy’amabara avanze mu rusengero rwa Nyarugenge.
    Uyu mushumba yasobanuye ko ubwo yabonaga (...)

  • Shalom Choir yasobanuye impamvu itazishyuza abazitabira igitaramo cyayo cy’akataraboneka
    15 September, by Biregeya Justin

    Mu kiganiro n’itangazamakuru, Shalom Choir ikorera umurimo w’ivugabutumwa muri ADEPR Nyarugenge yatangaje ko yasanze bitari ngombwa kwishyuza abazitabira igitaramo cyayo kizabera muri B.K Arena tariki ya 17 Nzeri 2023.
    Shalom Choir yamenyekanye cyane mu ndirimbo nka Uravuga Bikaba n’izindi nyinshi. Ni umwe mu zubatse izina hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo.
    Itangaza ko igitaramo cyayo yise ‘Gospel Festival’ kizaba gifite intego iri muri Yohana 14:1. Mu kiganiro n’itangazamakuru, (...)

  • Ibyo Minisitiri witabiriye urugendo Perezida Kagame yise ’urwo kuramya ubukene’ yabonye
    25 August, by TUYIZERE JD

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, tariki ya 23 Kanama 2023 ubwo yaganirizaga urubyiruko rwizihizaga imyaka 10 ishize hatangijwe ‘Youth Connekt’ yanenze bikomeye bagenzi barwo babarirwa mu bihumbi bitabiriye “urugendo rwera” yise “urwo kuramya ubukene’.
    Umukuru w’Igihugu yavuze ko iyo aza kumenya iby’uru rugendo, aba yararuhagaritse rutaraba, anamenyesha ko abazongera kurukora, azohereza amakamyo, abapakire, hanyuma abafungire ahantu ku buryo bazahava iyi myumvire (...)

  • Abatinganyi ntibahejwe mu gushyigikira ko Bibiliya ikomeza kuboneka mu Rwanda:BSR
    22 August, by TUYIZERE JD

    Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, BSR, urasaba buri wese ufite ubushake gutera inkunga umushinga wo gucapa iki gitabo kugira ngo gikomeze kubona mu gihugu, kandi ngo nta n’umwe uhejwe, n’ubwo yaba azwiho kuba umutinganyi.
    Ibi byasobanuwe na Perezida w’inama y’ubuyobozi ya BSR, Rev. Kandema Julie, kuri uyu wa 21 Kanama 2023 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, hatangizwa ubukangurambaga bwahawe izina rya ‘Shyigikira Bibiliya’.
    Ubu bukangurambaga butangiye mu gihe uyu muryango uvuga ko (...)

  • Umukuru wa Kiliziya muri Kampala yabwiye abakene ko batazakandagira mu ijuru
    16 August, by TUYIZERE JD

    Arikiyepisikopi wa Arikidiyosezi gatolika ya Kampala, Paul Ssemogerere yatangarije abakene ko nta n’umwe muri bo uzakandagira mu bwami bw’ijuru mu gihe batarwanya “ubunebwe".
    Aya magambo Ssemogerere yayavuze ku Cyumweru tariki ya 13 Kanama 2023 ubwo yayoboraga umuhango wo kwizihiza Yubile y’imyaka 50 Dr Augustine Kasujja amaze ahawe ubusaseridoti.
    Uyu mwepisikopi, nk’uko ikinyamakuru Pulse cyabitangaje, yavuze ko abakene badakwiye kwicara ngo bategereje ijuru, ahubwo ko bagomba gukora (...)

  • Kibeho: Hari bimwe mu bihakorerwa Kiliziya ifata nk’ubuyobe
    16 August, by Domice Gasarabwe

    Kuri uyu wa 15 Kanama 2023, ku munsi Kiliziya Gatolika ihimbaza ijyanwa mu Ijuru rya Bikira Mariya (Assomption), imbaga y’abakirisitu baturutse imihanda yose bateraniye i Kibeho basenga. Mu kiganiro kihariye yagiranye na BWIZA misa ihumuje, Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Gikongoro, Hakizimama Célestin, yavuze ko hari bimwe mu bikorerwa ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho bitemewe, Kiliziya ikaba ibifata nk’ubuyobe.
    Musenyeri Hakizimana yakomoje kuri bamwe mu bakirisitu bakura ibumba (...)

  • Paruwasi Gatolika yari imaze imyaka 14 itabyara Padiri, yungutse undi
    13 August, by TUYIZERE JD

    Paruwasi gatolika ya Kigoma muri diyosezi ya Kabgayi yari iherutse kubyara umupadiri mu mwaka w’2009, yungutse undi kuri uyu wa 12 Kanama 2023.
    Nk’uko Journal Kinyamateka yabitangaje, Padiri mushya wa Paruwasi ya Kigoma witwa Karinganire Innocent yaherewe isakaramentu ry’ubusaseridoti ku gasozi k’amizero ka Gatagara.
    Uyu mupadiri, mu byishimo byinshi, yagize ati: “Ndasingiza Imana n’umutima wanjye kuko yanyitoreye nkaba ntangiye ubuzima bushya. Ndabasaba kunsabira mu isengesho rihoraho (...)

  • ADEPR ikwiye kugira urwego rw’iperereza, ubushinjacyaha n’urukiko: Apôtre Mutabazi
    7 August, by TUYIZERE JD

    Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice aravuga ko itorero ADEPR rikeneye inzego z’ubutabera zirimo urushinzwe iperereza, ubushinjacyaha n’urw’ubucamanza kugira ngo zikemure ibibazo biryugarije.
    Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Radio 10, ubwo yavugaga ku ibaruwa yo ku wa 1 Kanama 2023 Pasiteri Ntakirutimana Théoneste yandikiye umushumba mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaie amubwira ati “Ndaguciye, uzakomeza kuyobora uri igicibwa kugeza igihe Uwiteka azashyiriraho ugusimbura (...)

  • Apôtre Gitwaza aravuga ko u Rwanda rurimo ba Pasiteri b’inzererezi
    1 August, by TUYIZERE JD

    Umushumba w’itorero Authentic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center, Apôtre Dr Paul Gitwaza, aravuga ko u Rwanda rurimo ba Pasiteri b’inzererezi barenga ku mabwiriza yashyizweho ajyanye na gahunda yo gushyingira.
    Mu isengesho ryiswe ‘Afurika Haguruka’ rimaze icyumweru riba, Apôtre Gitwaza yavuze ko bidakwiye ko umukobwa usenga ashakana n’umusore w’umupagani, cyangwa ujya gusenga kubera ko ashaka umugeni.
    Yagize ati: “Abakobwa bacu bakunda abahungu bo hanze, b’abapagani. (...)

  • Musenyeri Nzakamwita yatangaje ibyo yaganiriye na Muvara nyuma yo kugambanirwa
    30 July, by TUYIZERE JD

    Musenyeri Servilien Nzakamwita wahoze ari Umushumba wa Diyosezi gatolika ya Byumba yasobanuye uko Musenyeri Muvara Félicien yagiriwe akagambane gakomeye, akagerekwaho icyaha cyo gutera umukobwa inda, azira ko ari Umututsi.
    Nzakamwita mu kiganiro yagiriye kuri Igicaniro TV, yasobanuye ko Muvara yari yatorewe kuba umwepisikopi wa diyosezi ya Gikongoro yari nk’ishami rya diyosezi nkuru ya Butare yari iyobowe na Musenyeri Gahamanyi Jean Baptiste.
    Yagize ati: “Bari bamutoreye kuyobora (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 64

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal

Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
27/09/23 06:31
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
27/09/23 06:30
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
imikino

Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose by’ikipe ya mbere muri Manchester United, harimo (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?