Le ministère rwandais de la Santé a exhorté dimanche le public à prendre des mesures de précaution, notamment en se lavant régulièrement les mains, afin de prévenir la propagation de la maladie des yeux rouges hautement contagieuse suite à une épidémie dans certains pays de la région.
Le ministère a déclaré que la maladie se propage en touchant les yeux de personnes infectées ou des surfaces contaminées.
Dans un avis au public sur les mesures à prendre pour éviter (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Le Rwanda émet une alerte à la maladie des yeux rouges
12 February, by Denis Nsengiyumva -
Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
18 April, by BABOU BénjaminPerezida William Samoei Ruto wa Kenya akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu (KDF), yemeje ko Gen Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru wazo yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yabaye kuri uyu wa Kane.
Perezida Ruto mu ijambo yagejeje ku baturage ba Kenya, yavuze ko impanuka ya kajugujugu ya KDF yahitanye Gen Ogolla yabereye mu gace ka Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet.
Ati: "Uyu munsi saa munani n’iminota 20 z’igicamunsi, igihugu cyacu cyahuye n’impanuka ibabaje yo mu kirere (…) -
Perezida Paul Kagame ari i Maputo (Amafoto)
28 October 2022, by BABOU BénjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Maputo mu murwa mukuru wa Mozambique; mu ruzinduko rw’akazi yatangiye muri iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika.
Perezidansi y’u Rwanda kuri Twitter yayo yatangaje ko uru ruzinduko rugomba kumara umunsi umwe.
Uruzinduko rwa Perezida Paul Kagame muri Mozambique ruje rukurikira urwo yaherukaga kugirira muri iki gihugu muri Nzeri umwaka ushize.
Ni uruzinduko icyo gihe rwasize asuye Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu ntara ya Cabo Delgado (…) -
Senateri Evode Uwizeyimana yavuze uko Kagame yamutandukanyije na Twagiramungu
22 February 2021, by BABOU BénjaminSenateri muri Sena y’u Rwanda, Evode Uwizeyimana, yatangaje ko yigeze kugirana imikoranire n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda nka Faustin Twagiramungu na Paul Rusesabagina, gusa aza kwitandukanya na bo bigizwemo uruhare n’amagambo ya Perezida Kagame.
Senateri Uwizeyimana uri mu Banyarwanda bazobereye amategeko, yavukiye ku Ntenyo ho mu murenge wa Byimana mu karere ka Ruhango.
Uyu mugabo w’imyaka 50 y’amavuko yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2007, yerekeza i Montreal ho muri Canada ari na ho (…) -
More than 20 Rwandans deported from Uganda
23 December 2021, by Fred RugiraThe Government of Uganda has evicted 21 Rwandans including eight women, nine men and four children.
The deportees arrived on Wednesday 22nd December 2021 around 3p.m through Kagitumba border in Nyagatare District.
Rwanda has received over 50 nationals evicted from Uganda since the beginning of December 2021.
These include 35 deported on 6th December, additional to more 42 Rwandans who arrived towards the end of November.
The recent deportation follows series of circumstances under (…) -
1500 affaires réglées par négociation de plaidoyer en 8 mois
1 August 2023, by Denis NsengiyumvaLes chiffres du système judiciaire montrent une augmentation du nombre de personnes souhaitant régler leurs affaires à l’amiable. Selon les chiffres, 1 500 affaires ont été réglées par des négociations de plaidoyer au cours des huit derniers mois.
En droit, la négociation de plaidoyer est la pratique consistant à négocier un accord entre l’accusation et la défense, par lequel l’accusé plaide coupable à des accusations particulières en échange d’une peine plus clémente ou (…) -
Izindi ntwaro ziremereye zitwikiriwe n’amahema ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda
13 February, by Denis NsengiyumvaNyuma y’uko Abasirikare benshi b’u Burundi n’Imbonerakure (urubyiruko rwa CNDD-FDD) barunzwe ku bwinshi ku mupaka n’u Rwanda kuva hafashwe icyemezo cyo gufunga imipaka n’u Rwanda, ubu biravugwa ko muri Komini ya Busoni, mu ntara ya Kirundo, hafi n’umupaka n’u Rwanda hashyizweho amasaha ntarengwa yo gutaha (couvre-feu), aho abaturage bavuga ko batewe ubwoba n’urujya n’uruza rudasanzwe rw’abo basirikare bitwaje intwaro nyinshi. Abanyeshuri na bo batangiye gusiba mu mashuri kubera ubwoba. (…)
-
Cape: Kayishema ushinjwa uruhare muri jenoside yitabye urukiko na bibiliya mu ntoki
27 October 2023, by Denis NsengiyumvaKuri uyu wa Gatanu, Umunyarwanda ushakishwa kubera ibyaha bya jenoside yongeye kwitaba urukiko rw’ibanze rwa Cape Town.
Muri Gicurasi, Fulgence Kayishema yarakurikiranwe asangwa mu isambu iherereye ahitwa Paarl aho bivugwa ko yari amaze imyaka atuye munsi y’izina.
Uyu yari amaze myaka irenga makumyabiri ahunga ubutabera kuva yatangira gushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda akurikiranweho ibyaha bya jenoside birimo kuba yarategetse iyicwa ry’Abatutsi 2000 (…) -
Perezida Cyril Ramaphosa ategerejwe i Kigali
5 April, by BABOU BénjaminPerezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ategerejwe i Kigali mu mpera z’iki cyumweru.
Perezida Ramaphosa azaba yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nk’uko Sophie Mokoena uri mu banyamakuru bakuru b’igitangazamakuru cya Leta ya Afurika y’Epfo (SABC) yabitangaje.
President Cyril Ramaphosa is expected to travel to Kigali Rwanda this weekend. He will attend the thirty year anniversary of the Rwandan Genocide where many Tutsis were killed. Many (…) -
M23 is not our problem- Kagame
1 December 2022, by Fred RugiraReiterating Rwanda’s stance, Kagame dismissed claims that the M23 rebels, repeatedly raised by Kinshasa government as backed by Kigali, is an internal problem for DR Congo to address, President Paul Kagame said during the swearing in of newly appointed Ministers of Health in Kigali on Wednesday, November 30
“M23 is not our problem, at some point we allowed to accommodate them in our camps as part of the process to resolve this issue, on the request of President of DR Congo, but the last (…)