Corneille Nangaa, Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo n’umutwe witwaza intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko iri huriro rigiye gufata umujyi wa Goma mu gihe kitarambiranye hanyuma bagakomerezaho berekeza no mu bindi bice byose by’icyo gihugu kugeza ubwo bazasoreza ku murwa mukuru Kinshasa bagahirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi.
Nangaa wari uri mu nama yahurijwemo abaturage bo muri Teritwari ya Rutshuru, imwe mu zigenzurwa (...)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Nangaa yemeje ko M23 igiye gufata Goma anibasira Perezida Tshisekedi bikomeye
28 March, by Niyonsenga Schadrack -
Menya Bassirou Diomaye Faye, Prezida watsinze amatora amaze iminsi 10 avuye mu buroko
28 March, by BWIZABassirou Diomaye Faye, perezida mushya wa Senegal, yavutse taliki ya 25 Werurwe 1980 avukira i Ndiaganiao mu gace ka Thiès muri Senegali. Yize amategeko muri Université Cheikh-Anta-Diop y’I Dakar aho yavuye ajya kwiga mu ishuri ry’imiyoborere rya Senegali rizwi nka Ecole Nationale d’Integration du Senegal. Yakoze cyane mu bijyanye n’ubugenzuzi bw’imari ya Leta. Akaba impirimbanyi y’uburenganzira bw’abakozi aho yabaye n’umunyamabanga mukuru wa sendika y’Imisoro.
Yinjiriye muri politiki mu (...) -
Rwanda-RDC: Umubano mwiza w’abakuru b’ibihugu uzongera gushoboka?
28 March, by BWIZABavuga ko nta banzi nta n’inshuti zibaho by’iteka muri politiki. Abakundanaga uyu munsi ejo barashwana aho umwe aciye undi akahanyuza umuriro, abanganaga bakongera bagahurira hamwe bakicarana, imbere y’ibitangazamakuru bakavuga amagambo mashya yibagiza icyitwa amateka, ukababona baseka, bavuga byiza nubwo wenda ukuri k’umutima imbere kwaba kuvuga ibindi.
Nta myaka ibiri ishize abanyarwanda n’abagande bibaza bati “ese Ubugande birarangiye peee! Nta kundi kuzongera kubana nabwo?” Nyamara (...) -
Minisitiri wa MIGEPROF yatanze umucyo ku ‘Nkwano’ itaritaweho mu itegeko rishya
27 March, by Niyonsenga SchadrackHari amwe mu masubyo ari mu mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango ryatanzwe na minisiteri y’uburinganire n’Iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), bimwe mu bibazo byerekeranye n’ayo masubyo birimo n’ikirebana n’ Inkwano isabwa abagabo nyamara mu kugabana mu gihe habayeho gutandukana umushinga w’iryo tegeko ukaba utagaragaza ko iyi nkwano nayo izajya irebwaho.
Minisitiri Dr Uwamariya Valentine ubwe yavuze ko iki kibazo cy’Inkwano gikomeye ariko ashimangira ko nk’umunyepolitiki yumva (...) -
Tshisekedi yongeye kwibasira Perezida Kagame
26 March, by Niyonsenga SchadrackPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi yise umutegetsi w’u Rwanda ‘Kidobya n’ Umunyabyaha wishyize hejuru’ amutega iminsi agaragaza ko yifuza ko ubutegetsi bw’u Rwanda bwavaho ngo kuko ari bwo abatuye mu bihugu byombi bazagira amahoro.
Uyu mukuru wa DRC yabigarutseho mu ijambo ryagarukaga ku byaranze uruzinduko perezida wa Sudani y’Amajyepfo, Salva Kiir yagiriye aho muri DRC, ni uruzinduko rwari rugamije gukomeza gushaka umuti w’umwuka mubi uri (...) -
Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by BWIZAUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n�abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y�Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w�Igihugu, Perezida Paul Kagame.
Umunyamakuru wa -
Irengero rya Gatabazi wabaye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu rikomeje kuba amayobera
25 March, by BWIZAHaribazwa aho Gatabazi Jean Marie Vianney, wigeze kuba Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru amaze amezi abarirwa mu munani atagaragara mu ruhame, ndetse irengero rye rikomeje kuba amayobera.
Mu ntangiriro za Kanama 2023 ni bwo uyu mugabo yatangiye kutagaragara mu ruhame, ndetse no ku mbuga nkoranyambaga yakoreshaga zirimo urwa X rwahoze rwitwa Twitter.
Gatabazi ni umwe mu bahoze bakoresha cyane uru rubuga akurikirwaho n’ababarirwa mu bihumbi 193, (...) -
Kagame yemeje ko nta wundi ambasaderi uzoherezwa i Buruseli utari Karega u Bubiligi bwanze
26 March, by Denis NsengiyumvaMu Rwanda, Paul Kagame, Mu kiganiro na Jeune Afrique cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere ushize, Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazohereza undi ambasaderi i Buruseli utari Vincent Karega, u Bubiligi bwanze ntibutange “ibisobanuro byumvikana”.
Perezida kagame yabwiye Jeune Afrique ati "Ubwo byari bigeze guhindura ambasaderi I Buruseli, twahisemo koherezayo Vincent Karega. Cyane cyane ko azi neza uko ibintu bimeze, kubera ko yabaye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, kandi (...) -
The Bukavu-Bujumbura journey becomes very long after the closure of the border with Rwanda
26 January, by Denis NsengiyumvaThe closure of the Ruhwa border in the northwest of Burundi with Rwanda by the Burundian government has generated problems with the movement of goods and people, impacting not only travel time but also the security of convoys. Traders and drivers are calling for the reopening of this border for the benefit of the population of Bukavu in the DRC as well as those of Cibitoke and Bujumbura in Burundi.
To reach Bukavu and before the borders closed, drivers coming from Bujumbura passed (...) -
Uko P. Kagame yakiriye amagambo ya Tshisekedi wamuteguje ko azarasa ku Rwanda
25 March, by BABOU BénjaminPerezida Paul Kagame yatangaje ko yahaye agaciro gakomeye amagambo ya Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wigeze gutangaza ko ateganya gushoza intambara ku Rwanda.
Tshisekedi yatangaje uwo mugambi mu Ukuboza umwaka ushize, ubwo yari i Kinshasa aho yasorezaga ibikorwa bye byo kwiyamamaza.
Icyo gihe yateguje abanye-Congo ko nibamuhundagazaho amajwi azasaba inteko ishinga amategeko ya RDC kumuha uburenganzira agashoza intambara ku Rwanda, mu gihe (...)