Ni ubusitani burimo indabyo zitoshye, buherereye inyuma gato y’agasanteri k’ubucuruzi ka Gasanze, Mu mudugudu w’Agatagara, Akagari ka Gasanze, Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe n’ibindi birori bitandukanye.
Buragutse kandi buranazitiye, ushyiramo amahema atandukanye yakwakirirwamo abantu basaga 1000, by’umwihariko bukaba bufite n’igice cya pisine abashaka koga no kwifotoza bifashisha, ubu busitani bukaba bubereye uwabukoreramo wese cyane muri iki (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Ubusitani bugezweho mu Mujyi wa Kigali burimo na Pisine, ahantu wakorera ibirori wisanzuye muri iki gihe- REBA AMAFOTO
16 February 2022, by BWIZA -
Gen. James Ruzibiza, Mc Philos,Umuhanzi Albert , umukirigitananga Deo mu barangije Master’s muri Kaminuza ya Kigali
6 December 2019, by Mecky Merchiore KayirangaKaminuza ya Kigali (UoK), none tariki ya 6 Ukuboza 2019 , mu Intare Conference Arena, habaye umuhango wo gutanga impamyabumenyi, mu barangije muri Kaminuza ya Kigali, aho bazwi harimo : Gen. James RUZIBIZA , Mc Philos, Umuhanzi Albert Niyonsaba hamwe umukirigitananga Munyakazi Deo, bombi babonye iziri ku rwego rwa Master’s.
Muri uyu muhango wari inogeye amaze , wayobowe n’umuyobozi w’ikirenga wa Kaminuza ya kigali Amb. Dr David Macrae , aho yatanze impanuro kubanyeshuri barangije (…) -
Urutonde rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye mu karere u Rwanda ruherereyemo
13 May 2020, by Fred RugiraIgisirikare cyahoze, kizahora kandi n’ubu ni urwego rw’ingenzi ku gihugu icyo ari cyose mu Isi. Mu kugira ngo kigire akamaro, hari byinshi bigishorwamo by’umwihariko ingufu mu ngeri nyinshi gusa by’umwihariko amafaranga.
Ibi nibyo bituma ibihugu bimwe bigira igisirikare gikomeye, ibindi bikagira ikiri mu rugero mu gihe ibindi bifite igiciriritse nk’uko Bwiza.com yabibagejejeho.
Soma http://bwiza.com/?2020-Urutonde-rw-ibihugu-bifite-igisirikare-cy-intege-nke-muri-Afurika
Bwiza.com (…) -
RDC yatangaje ko abasirikare RDF yemeza ko bashimuswe ari imfungwa z’intambara
29 May 2022, by TUYIZERE JDIgisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda giherutse gufata ibafite nk’imfungwa z’intambara.
Kuri uyu 28 Gicurasi 2022, ku mbuga nkoranyambaga z’Abanyekongo hasakaye ifoto y’abantu babiri bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Rwanda (RDF), bazirikiwe amaboko mu mugongo.
Hasakaye indi foto igaragaza ibyangombwa birimo ikarita y’igisirikare n’indangamuntu by’umusirikare w’u Rwanda ufite ipeti rya Corporal, Nkundabagenzi Elysée (…) -
Gen Nkunda agiye gutahukana impunzi z’abakongomani \\ Hari ukuntu na Tshisékedi abirimo \\ Amabanga
17 February 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Perezida Kagame yagaragaje ko mu gisirikare harimo ikibazo nk’ikivugwa muri Miss Rwanda
1 May 2022, by TUYIZERE JDPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko no mu gisirikare harimo ikibazo nk’ikimaze iminsi kivugwa mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Tariki ya 26 Mata 2022, urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup, ikigo gitegura iri rushanwa, Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, rumukurikiranyeho icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abakobwa baryitabiriye mu bihe bitandukanye.
Perezida (…) -
Ngenzi na Barahira: Abahohotewe batezwe imitego y’ikinyoma
5 April 2020, by Sehene Ruvugiro EmmanuelImyaka 26 irashize, Barahira Tito na Ngenzi Octavien, bigeze gusimburanwa ku buyobozi bwa Komini Kabarondo mu Burasirazuba, bagabye ku batutsi ibitero byo kubarimbura. Hashize hafi imyaka 2 Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris rwemeje burundu uruhare rwabo runabahanisha igifungo cya burundu. Ku bahohotewe, urugendo rugana ku butabera rwaranzwe n’ukuri guke, ndetse n’ibinyoma ku bakabarengeye. Kuva i Kabarondo kugera i Paris, mu Bufaransa !
Isura ya Kabarondo yasigaye i Paris, na n’uyu munsi, (…) -
VIDEO: Umuriro watse :U Rwanda rwumviriza abategetsi mu Karere n’abarurwanya- Amabanga akomeye mu bubutasi
22 July 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Super manager avuze igifaransa turumirwa, Jovin we ati igifaransa kirakomeye! #isanzure
22 March 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Abahoze biga muri Kaminuza ya Kibungo mu gihirahiro nyuma y’ifungwa ryayo
31 July 2020, by BABOU BénjaminAbahoze ari abanyeshuri muri Kaminuza ya Kibungo, UNIK (yahoze yitwa UNATEK), bavuga ko bari mu gihirahiro nyuma y’uko iyi Kaminuza ifunzwe, bagasaba inzego bireba kubafasha gukemura ibibazo bafite bijyanye n’ahazaza habo.
Ku itariki ya 30 Kamena 2020 ni bwo Minisiteri y’Uburezi yasohoye itangazo rivuga ko yafunze Kaminuza ya Kibungo, ishingiye ku bugenzuzi bwakozwe n’Inama Nkuru y’Amashuri makuru na za Kaminuza (HEC), n’izindi nama zakurikiyeho zahuje ubuyobozi bwa UNIK na Mineduc (…)