Iyi mpeshyi iri imbere ngo ishobora kuzakamo umuririo hagati y’impande zihanganye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko byemezwa n’umwe mu babaye minisitiri wemeza ko Isi igiye kurushaho guhuga ku buryo n’ibyabuzaga ibintu kurushaho kuba bibi bigiye kubura ijambo rigahabwa intwaro, dipolomasi ikaryamburwa.
Abakada bashya 8000 ba Alliance Fleuve Congo baherutse kuva Nyongera berekeza i Rutshuru-centre, muri Kivu y’Amajyaruguru. Inyuma y’umuhuzabikorwa n’abayobozi ba (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Amamenyesha
Amamenyesha
Articles
-
RDC: Muri iyi mpeshyi dipolomasi ishobora kwamburwa ijambo rigahabwa intwaro
26 April, by Denis Nsengiyumva -
Gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda ntacyo imaze: Macron
25 April, by BABOU BénjaminPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa kuri uyu wa Kane yanenze gahunda y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, ayigaragaza nk’urwenya ndetse n’idafite umumaro.
Macron yabitangarije muri Kaminuza ya Sorbonne y’i Paris aho yari kuri uyu wa Kane.
Yagize kandi ati: "Ntabwo nizera imiterere yo gushaka igihugu cya gatatu ku mugabane wa Afurika cyangwa ahandi hose ku Isi, twohereza abantu bagera ku butaka bwacu ku buryo budakurikije amategeko batavuye muri ibyo bihugu."
Ku bwa (…) -
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by BWIZAUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame. (…)
-
Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo
25 July 2023, by Denis NsengiyumvaU Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300km². Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo .
Dore ibihugu 50 bya mbere binini ku Isi:
1. Russia: 17,098,300 km²
2. Canada: 9,984,700 km²
3. USA: 9,831,500 km²
4. China: 9,562,900 (…) -
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi
9 May 2023, by Denis NsengiyumvaIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi .
Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022:
USA: $877 billion China: $292 billion
Russia: $86 billion India: $81 billion
Saudi Arabia: $75 billion
UK: $69 billion Germany: (…) -
U Bushinwa nibwo butunze amato menshi y’intambara agendera munsi y’amazi (Submarines)
26 June 2023, by Denis NsengiyumvaIgihugu cy’u Bushinwa kugeza ubu nicyo gitunze amato y’intambara menshi agendera munsi y’amazi (Submarines) kurusha ibindi, aho gikurikiwe n’igihugu cy’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ibihugu nk’u Bwongereza n’u Bufaransa birushwa aya mato y’ingenzi mu ntambara yo mu mazi n’ibihugu nk’u Buhinde, Koreya y’Epfo na Iran nk’uko tubikesha The World Ranking .
Umubare wa Submarines kuri buri gihugu
🇨🇳 China → 78
🇷🇺 Russia → 70
🇺🇸 United States → (…) -
Uko amapeti 16 yo mu gisirikare cy’u Rwanda arutanwa
4 August 2020, by BABOU BénjaminMu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo Impeta [amapeti] 16 zihabwa abasirikare baba baragikoreye ibikorwa by’indashyikirwa bitandukanye.
Ni byinshi bigenderwaho abasirikare bahabwa amapeti, gusa iby’ingenzi harimo kugaragaza ubumyamwuga mu kazi, kurangwa n’ikinyabupfura ndetse no gukora ibikorwa by’indashyikirwa bihesha ishema igisirikare n’igihugu muri rusange.
Amapeti y’ingabo z’u Rwanda ari mu byiciro bibiri, ariko buri cyiciro na cyo kikagenda kibamo ibyiciro bito.
Ibyiciro bikuru (…) -
Nta muntu uzagutwara umukunzi wawe numwandikira ubu butumwa
22 June 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimMu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi umwifuriza ijoro ryiza ni kimwe muri ibyo bikorwa, mwaba mukundana cyane cyangwa byoroheje, yaba ari kure yawe cyangwa mubonana kenshi. Dore bumwe mu butumwa buzatuma ubasha kwigarurira umutima w’umukunzi wawe ndetse bukazamutera guhora amwenyura igihe agutekereje:
1."Nta wundi muntu nifuza kuba ndikumwe na we atari wowe. Ndifuza ko wagumana nanjye (…) -
Amagambo 5 ukwiye kujya ubwira umukunzi wawe buri munsi
24 February 2023, by Olivier NTANTUROMu gihe uri kumwe n’umukunzi wawe, ni ngombwa cyane guhora umwereka ko umuzirikana kandi ugahozaho umubwira amagambo atuma arushaho kukwigarurira, ni muri urwo rwego hari amagambo make ushobora kubwira umukunzi wawe akarushaho kugukunda no kukwiyumvamo ndetse akanezerwa kurushaho.
Twabonye aya magambo twifashishije bimwe mu bitekerezo by’impuguke mu mibanire n’umwanditsi Mata Masini ndetse n’umuvuzi w’umuryango Rachel Thomasian wo muri Playa Vista Counseling basangiye ibitekerezo byo (…) -
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe
10 May 2023, by Denis NsengiyumvaKuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa.
2001: U Buholandi
2003: U Bubiligi
2005: Canada, Espagne
2006: Afurika y’Epfo
2009: Norvege, Sweden
2010: Argentina, Iceland, Portugal
2012: Denmark
2013: Brazil, U Bwongereza, Wales, U Bufaransa, (…)