Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje ko ibyavuye mu matora yabaye ku wa 20 Ukuboza 2023 muri icyo gihugu byerekana ko Felix Antoine Tshisekedi ari we watorewe kuyobora icyo gihugu, bivuze ko agiye kukiyobora mu yindi manda y’imyaka 5.
Ni amatora ariko ataravuzweho rumwe muri icyo gihugu kuko benshi mu bakandida bari bahanganye bo basabye ko ariya matora asubirwamo cyangwa agateshwa agaciro hagategurwa andi atarimo uburiganya (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Ku-Isonga
Ku-Isonga
Articles
-
Uburyarya, mpemuke ndamuke na bagarira yose: Ibyigaragaza ku baperezida ba EAC bashimiye Tshisekedi
2 January, by Niyonsenga Schadrack -
Tuzakomeza gukora ibishoboka ngo Abanyarwanda bahore batekanye - Perezida Kagame
31 December 2023, by Niyonsenga SchadrackMu butumwa bosoza umwaka wa 2023 perezida Kagame yageneye Abanyarwanda bose yashimangiye ko nk’Igihugu kizakomeza gukora ibishoboka byose mu rwego rwo gushakira Abanyarwanda Amahoro n’umutekano, anashimangira ko u Rwanda ruzakomeza no gusagurira uwo mutekano ku bihugu bizarwitabaza.
Ni ubutumwa umukuru w’Igihugu asanzwe atanga ku munsi wa nyuma w’umwaka, ubwo kuri iyi nshuro bukaba buje buhurirana no kuba umwaka wa 2023 mu rwego rw’umutekano wararanzwe n’ubushotoranyi bwo mu (…)