Umurwa mukuru w’u Rwanda, Kigali, ufite umutekano kurusha London, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije w’Ubwongereza, Andrew Mitchell. “”
Mu gihe Ubwongereza bukiri kwiga ku mushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wungirije w’Ubwongereza yabwiye itangazamakuru ko burya Kigali ifite umutekano kurusha London.
Ibi yabivuze ashimangira ko kohereza abo bimukira mu Rwanda bitekanye cyane kurusha uko baba bari London kuko idatekanye (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Kigali ifite umutekano kurusha London: Minisitiri wungirije mu Bwongereza
22 April, by Olivier NTANTURO -
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
16 September 2023, by Fulgence NiyonagizeGufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe… Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni ndende.
Mutimura Abed, amenyerewe mu batunganya amashusho (…) -
Ibyo wamenya ku mushahara n’andi mafaranga abasirikare ba RDF bagenerwa
17 October 2020, by BABOU BénjaminIteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi mafaranga n’ibindi agenerwa mu gihe bibaye ngombwa.
Umutwe wa gatandatu w’iri teka uragira uti: "Umushahara n’ibindi bigenerwa abasirikare", bigasobanurwa kuva mu ngingo ya 86 kugeza mu ya 96 ya ririya teka ry’umukuru w’igihugu.
Nta ngano y’amafaranga runaka ari muri ririya teka, bijyanye n’uko (…) -
Umushyikirano 2024: Abayobozi 7 bakwiye kuzahatwa ibibazo ku nshingano zabo
21 January, by Niyonsenga SchadrackPerezida Kagame mu nama y’Umushyikirano ya 18 yagize ati “Abantu baricara gusa bagakora ubusa? Bakaba bafite ikibazo ariko ntibige uko giteye n’ukuntu cyakemuka? Abayobozi, abayobozi bicaye hano. Mwakemura mute ikibazo mutize, mutazi uko giteye? Cyakemuka gite? Mwe ntabwo mushinzwe gukemura ibibazo rero, ni iby’abaterankunga mu bitwara mu baterankunga akaba ari bo bajya kubibakemurira?”
Kuva ku wa 23 kugeza ku wa 24 Mutarama 2024 Guverinoma y’u Rwanda izateranira hamwe na bamwe mu (…) -
Perezida Kagame na Macron bahamagaranye baganira ku kibazo cya Congo
23 April, by Niyonsenga SchadrackIbiro by’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda byatangaje ko yagiranye ibiganiro n’umukuru w’Ubufaransa kuri telefone baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ibirebana n’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Biragoye ko kuri ubu umuyobozi w’u Rwanda cyangwa uwa DRC bagira undi muyobozi bagirana ibiganiro bakabisoza batagarutse ku kibazo cy’umutekano hagati y’ibyo bihugu byombi, ni ikibazo gikomoka ku ntambara iri mu Burasirazuba bwa DRC aho ingabo z’icyo gihugu (…) -
Les diplômés rwandais de l’Université internationale de l’Atlantique menacent de traîner HEC en justice
25 January 2022, by Denis NsengiyumvaLes diplômés rwandais de l’Université internationale de l’Atlantique (AIU) ont menacé de poursuivre le Conseil de l’enseignement supérieur (HEC) alors qu’ils tentaient l’annulation de leurs équivalences académiques.
Le 10 janvier, HEC a retiré toutes les équivalences académiques qu’elle avait délivrées aux diplômés de l’AIU, affirmant que l’institution basée aux États-Unis n’était accréditée par aucune agence. Des professeurs d’universités locales et des employés d’établissements publics (…) -
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
31 August 2023, by TUYIZERE JDPerezida Paul Kagame yaraye ashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare 12 bari mu cyiciro cya jenerali; ni ukuvuga kuva kuri Brigadier General kugera kuri General (uwambara ipeti ry’inyenyeri enye).
Ni igikorwa kidasanzwe cyabaye mu ngabo z’u Rwanda (RDF) kuko aba bajenerali bagize uruhare rukomeye mu rugamba rwo kubohora igihugu, bakaba ari bo bari bakuru mu myaka muri uru rwego kandi bafitemo ijambo rikomeye.
Ugukomera kw’aba basirikare kugaragazwa n’imyanya bakozemo, iyo barimo (…) -
Kuki Gen. M. Itno Déby yihutiye kuvugana na Perezida Kagame?
11 May 2021, by Fred RugiraPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 5 Gicurasi 2021 yakiriye umuhungu wa nyakwigendera Marshal Idris Déby Itno witwa Abdelkerim Deby Itno, akaba murumuna wa Perezida Gen. Mahamat Déby Itno wasimbuye umubyeyi we ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu wa Tchad.
Kubonana na Perezida Kagame mu buryo bw’intumwa kwabayeho nyuma y’iminsi mike Perezida Deby yishwe kandi igihugu kiri mu bibazo bigaragarira buri wese, kuko inyeshyamba za FACT zari zakamejeje.
Byagarutsweho mu (…) -
P. Kagame ahagaze he ku ngingo yo guha abangavu ibinini byo kuboneza urubyaro ikomeje kurikoroza?
31 January, by BABOU BénjaminPerezida Paul Kagame ntari mu bashyigikiye ingingo y’uko abangavu b’imyaka 15 y’amavuko bajya bahabwa ibinini byo kuboneza urubyaro, nk’imwe mu ngamba zigamije gushyira iherezo ku kibazo cy’inda ziterwa abangavu gihangayikishije umuryango nyarwanda.
Kuva mu cyumweru gishize impaka zongeye kuba zose mu banyarwanda by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kubera kutumvikana kuri iriya ngingo.
Uko gucikamo ibice kwazamuwe n’igitekerezo cya Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere (…) -
Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
19 May 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimNiba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, kuko (…)