• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
    Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
    Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa
    Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe
    FARDC iryamiye amajanja kubera M23: Icyegera cya Bemba
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
    Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
    Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
    Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’
    Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi
    Rayon Sports yatuye Perezida Kagame Igikombe cy’Amahoro yatwaye APR FC
    Carlos utoza Amavubi yanze guhamagara Haruna Niyonzima ngo atamuvangira
    Abakinnyi 10 ba Rayon Sports bemeye kujya gukina na APR FC
    Mourinho yatangaje ahazaza he nyuma yo gutsindwa na Fc Seville
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

politiki

Perezida wa Tanzania ntashyigikiye ko ingabo za EAC zirasa M23

Yanditswe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 20/03/2023 08:30

Perezida wa Repubulika yunze ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ntashyigikiye ko umutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, uzwi nka EACRF, warasa imitwe yitwaje intwaro.

Samia aherutse kugirira uruzinduko muri Afurika y’Epfo, aho yatumiwe na mugenzi we Cyril Ramaphosa mu nama y’ishoramari, bombi baboneraho gushyira imikono ku masezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye.

Aba bakuru b’ibihugu bombi kandi baganiriye ku buzima bw’akarere bihuriyemo ka Afurika y’amajyepfo n’umuryango ubahuza, SADC, bagera no ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bw’igihugu kigize uyu muryango; RDC.

Nk’uko byumvikana muri videwo yatambutse ku biro bye, Samia yagize ati: "Afurika y’iburasirazuba yoherejeyo abasirikare bo kurinda amahoro. Ntitwagiye kurwana, twagiye kuganira, kurinda amahoro, kuganira n’imitwe yitwaje intwaro kugira ngo bumvikane hagendewe ku murongo twatanze nka EAC. Mu by’ukuri, twebwe Afurika y’iburasirazuba dufite intego yo kugarura amahoro hariya hantu."

Ni mu gihe ubutegetsi bwa RDC bwemeza ko inshingano ingabo zo muri EACRF zifite ari iyo kugaba ibitero ku mitwe y’inyeshyamba, bukaba bukomeje kuzishyiraho igitutu busaba ko zinjira mu ntambara. Ibi byanashimangiwe na Perezida Félix Tshisekedi ubwo yahuriraga na komanda w’izi ngabo, Maj. Gen. Jeff Nyagah, i Bujumbura tariki ya 4 Gashyantare 2023.

Icyo gihe, Tshisekedi yabwiye Maj. Gen. Nyagah ko nibatarwanya M23, Abanyekongo bazabarwanya. Ati: "Ntimukorohereze M23. Byaba biteye isoni abaturage babibasiye. Mwaje kudufasha, ntabwo mwaje kugira ibibazo. Mwitondere ibi, mukorane n’abaturage."

Ku kibazo cya M23, Samia yavuze ko uyu mutwe witwaje intwaro hari ubwo uhagarika imirwano, ariko indi mitwe ikorera muri RDC ikayishotora. Ati: "Nka Afurika y’iburasirazuba, twashoboye kuvana M23 tuyishyira ahandi ariko hariya hari imitwe myinshi, barashotorana, umuriro ukongera ukaka."

Samia yavuze ko umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) na SADC byifuza ko amahoro yagaruka mu burasirazuba bwa RDC, kuko ngo iki gihugu ni ingenzi ku bukungu bw’imiryango yombi, kandi ngo bizaharanira ko agerwaho.

Perezida Samia na Ramaphosa ubwo bari i Pretoria muri Afurika y’Epfo

Izindi Nkuru Bijyanye


Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi

Izindi wasoma

Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara

Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi

Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame

Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’

Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda

TUYIZERE JD
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa

Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka

Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab

Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy'Isi
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
05/06/23 17:05
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by'ubutaka
05/06/23 16:22
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
05/06/23 15:48
Ba Ofisiye ba UPDF bafunze bazira kugaragaza ubugwari imbere ya Al Shabaab
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n'impatwe
05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
imikino

Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 (...)

Yanditswe na Biregeya Justin
Amakuru

Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa

Urukiko rw’i Burayi rushinzwe kurengera ikiremwamuntu rurakemangwa nyuma yo gufata icyemezo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe

Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma y’uko (...)

Yanditswe na Byungura Cesar
iyobokamana

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.