Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo Ingabo za Congo zarasaga ibisasu mu Kinigi ho mu karere ka Musanze yihanangirije mugenzi Félix Antoine Tshisekedi, gusa bikarangira RDC yanze guhagarika ubushotoranyi bwayo ku Rwanda.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru James Smart ukorera Televiziyo ya NTV yo muri Kenya.
Perezida Kagame yakomeje ku bisasu ingabo za RDC zarashe mu Kinigi mu myaka ibiri ishize, ubwo yari abajijwe niba hari ingabo u (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Amagambo Perezida Kagame yabwiye Tshisekedi ubwo FARDC yarasaga mu Kinigi
15 March, by BABOU Bénjamin -
Ukuri kuri "Goyi" na " Gogwe" bikoreshwa mu guhirika abayobozi mu Karere ka Rubavu
23 January 2020, by BWIZAGoyi na Gogwe ni iturufu yakoreshejwe n’ubu igikoreshwa kugira ngo bamwe mu bayobozi b’inzego zinyuranye b’icyari Umujyi wa Gisenyi, n’ab’Akarere ka Rubavu, birukanwe.
Kuva na kera na kare Ubugoyi na Bigogwe ni uduce abahatuye n’abahakomomoka bari Abanyarwanda nk’abandi bakitirirwa aka gace. Abaturage batuye muri aka gace nta gihe na kimwe bigeze bagirana amakimbirane na rimwe haba ku ngoma ya cyami kugeza ubu. Ariko aya macakuburi arahari kandi benshi bemeza ko hari na bamwe bari mu (…) -
Uwacu Julienne yahawe izindi nshingano muri MINUBUMWE
25 January, by Ndacyayisenga FredKuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere muri uyu mwaka yafashe ibyemezo bitandukanye irimo n’abayobozi bashya bahawe inshingano.
Muri abo bayobozi bahawe inshingano harimo Uwacu Julienne wagizwe Umuyobozi ushinzwe Itorero no guteza imbere umuco muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE).
Uyu akaba yarigeze kuba Minisitiri y’Umuco na Siporo muri Gashyantare 2015 avuye ku (…) -
Menya amapeti y’Igipolisi cy’u Rwanda n’uburyo yambarwa
5 August 2020, by TUYIZERE JDIteka rya Minisitiri No. 01/12 ryo ku wa 13/12/2012 ryavuguruwe mu 2015, rigena ibirango bya polisi y’u Rwanda byerekeye ibendera, amapeti n’ikirangantego. Ingingo ya 2 y’iri teka ivuga ko umupolisi w’u Rwanda arangwa n’ikarita itangwa n’umuyobozi mukuru, IGP (Inspector General of Police), ndetse n’imyambaro y’akazi hamwe n’amapeti agaragaza urwego afite muri polisi.
Ingingo ya 4 ivuga ko igitambaro kidodeyeho ibiranga amapeti, gisa n’umukara. Iya gatatu igena aho bambara amapeti, ikavuga (…) -
Kicukiro: Une équipe médicale chinoise fait don de fournitures médicales à l’hôpital Masaka
1 February, by Denis NsengiyumvaUne équipe médicale chinoise a fait mardi un don de fournitures médicales à l’hôpital Masaka du district de Kicukiro, à Kigali, la capitale rwandaise.
Les fournitures comprenaient des désinfectants pour les mains, des éclairages opératoires, des tabourets d’opération, un couteau électrique à haute fréquence, des packs d’appareils bucco-dentaires jetables et des blouses chirurgicales stériles jetables.
Après avoir reçu le don à l’hôpital Masaka, le directeur général Jean (…) -
12 généraux et plusieurs officiers rwandais prennent leur retraite
31 August 2023, by Denis NsengiyumvaLe président Paul Kagame a approuvé la retraite de 12 généraux et de plusieurs officiers, dont ceux dont le contrat de service a pris fin et d’autres qui ont quitté l’armée pour des raisons médicales.
Les départs à la retraite ont été annoncés mercredi 30 août dans un communiqué publié par les Forces de défense rwandaises (RDF).
Parmi les retraités figurent deux généraux quatre étoiles, James Kabarebe et Fred Ibingira, ainsi que deux généraux trois étoiles, Charles (…) -
Abaturage b’u Rwanda barenze miliyoni 13, abagore ni bo benshi
27 February 2023, by BABOU BénjaminIbarura Rusange rya gatanu ku baturage n’imiturire, rigaragaza ko u Rwanda kuri ubu rutuwe n’abaturage barenga miliyoni 13, biyongereyeho miliyoni zikabakaba eshatu mu myaka 10 ishize.
Ni ibyavuye muri ririya barura ryakozwe muri Kanama umwaka ushize biza kumurikwa kuri uyu wa Mbere yariki ya 27 Gashyantare, ubwo haza kuba haba inama y’umushyikirano wa 2023.
Imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange yerekana ko umwaka ushize wa 2022 wasize u Rwanda rutuwe n’abaturage babarirwa muri (…) -
Les soldats rwandais porteront désormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat
11 January 2023, by Denis NsengiyumvaLes officiers et les soldats subalternes des Forces rwandaises de défense (RDF) porteront désormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat, a confirmé une source haut placée au New Times .
Le changement s’applique à la fatigue de l’armée pour le travail de terrain dans la gestion de la sécurité ou sur le champ de bataille, cependant, en ce qui concerne l’uniforme de bureau, les grades seront toujours portés sur les épaules.
Comme observé, pour les officiers (…) -
Nangaa yemeje ko M23 igiye gufata Goma anibasira Perezida Tshisekedi bikomeye
28 March, by Niyonsenga SchadrackCorneille Nangaa, Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo n’umutwe witwaza intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko iri huriro rigiye gufata umujyi wa Goma mu gihe kitarambiranye hanyuma bagakomerezaho berekeza no mu bindi bice byose by’icyo gihugu kugeza ubwo bazasoreza ku murwa mukuru Kinshasa bagahirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi.
Nangaa wari uri mu nama yahurijwemo abaturage bo muri Teritwari ya Rutshuru, imwe mu zigenzurwa (…) -
Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
10 November 2020, by Sehene Ruvugiro EmmanuelCovid-19 yahungabanyije ubushobozi mu bukungu, muri rusange, ariko cyane cyane ku bari basanzwe bafite imibereho iciriritse. Ku «bana bo mu muhanda» basanzwe, ibi byongereye abanyeshuri benshi mu mubare w’abishakishiriza, ngo bongere ubushobozi bwo kubona ifunguro ry’umuryango. Binyuze mu ngeso mbi nyinshi, abenshi batumwe n’ababyeyi!
Ni hagati ya saa kumi n’ebyiri n’igice na saa moya z’umugoroba. Nubwo bwose ari i Nyamirambo ya Kigali, ntibisanzwe kuhumva induru muri ayo masaha! (…)