Musanze: Abatsindiye akazi baratakamba basaba kurengenurwa nyuma yo kubwirwa ko imyanya bahataniye itagihari
19 February 2020, 01:50, by alexis
Ibyo wagirango n’indwara iri muturere tumwe na tumwe mwasimukira Gicumbi no bari bakagezemo none bababwiye ko bazasubira gukora ibizamini. Hakorwa iki NGO uburezi bugire gahunda. Ababishinzwe mutabare hakiri kare kuko abana barimo gutakara Ku masomo.
Ibyo wagirango n’indwara iri muturere tumwe na tumwe mwasimukira Gicumbi no bari bakagezemo none bababwiye ko bazasubira gukora ibizamini. Hakorwa iki NGO uburezi bugire gahunda. Ababishinzwe mutabare hakiri kare kuko abana barimo gutakara Ku masomo.