Imyaka ibaye igiye kuba ibiri umutwe wa M23, igihugu cya Kongo Kinshasa kivuga ko ufatashwa n’u Rwanda wongeye kubura imirwano n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni imirwano yatangiriye mu gace ka Bunagana gahana imbibi n’igihugu cya Uganda. Ubu kamaze imyaka ibiri katazi ubutegetsi bwa Kinshasa. Kayoborwa n’inyeshyamba. Ndetse n’icyicaro cyazo niho giherereye. Uretse ako gace, ibindi bice birimo ibya Rutshuru na Nyiragongo nabyo byafashwe n’abo barwanyi. Niko kandi (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Intambara yeruye hagati y’u Rwanda na RDC irashoboka?
20 February, by BWIZA -
Rubavu: ’Abuzukuru ba Shitani’ bongeye kukameza, abaturage baratabaza
4 January, by BABOU BenjaminAbaturage bo mu mirenge igize Umujyi wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu barasaba inzego zirimo iz’umutekano kubatabara, zikabakiza abazi nk’Abuzukuru ba Shitani’ bamaze igihe babajujubya.
Abuzukuru ba Shitani ni agatsiko gasanzwe kiganje cyane mu mirenge irimo uwa Gisenyi, Rubavu, Nyamyumba na Rugerero
Abazi aka gatsiko bavuga ko kagizwe n’ibyiciro bitandukanye, kuva ku bana bakiri bato (bari hagati y’imyaka irindwi na 12), insoresore ndetse n’abuzukuru bakuru.
Kayihura Felix utuye mu (…) -
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
16 September 2023, by Fulgence NiyonagizeGufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni ndende.
Mutimura Abed, amenyerewe mu batunganya amashusho akoreshwa (…) -
DRC: Prezida Tchisekedi mu rugabangabo, Minembwe ihurizo ry’ibibazo
9 November 2019, by Munyakayanza SamuelUbwo prezida Tchisekedi aherutse i Bukavu mu murwa mukuru wa Kivu y’amajyepfo, mu ijambo yagejeje ku baturage baho, yivugiye ko yiteguye gupfa ariko hakaboneka umutekano n’amahoro muri Kivu y’Iburasirazuba.
Abumvise aya magambo bamukomeye amashyi abandi baramukwena bibaza niba koko azagarura amahoro kandi akayageraho akigira mu ijuru cyangwa aho ibihe bidashira.Imvugo nk’iyi ikunze kuvugwa mu mbwirwaruhame z’abanyapolitiki n’impirimbanyi z’abasirikari cyangwa abandi baharanira (…) -
Jenoside y’abanyamurenge muri DRC: kubera iki isi yose irebera?
28 October 2019, by Munyakayanza SamuelNk’umwanditsi kandi w’umunyamakuru nihaye gukoresha ririya jambo " jenoside" nshingiye ku ubusobanuro ubwaryo ntirengagije ko rivugwa ari uko ryemejwe n’imiryango mpuzamahanga, kandi bigatwara igihe kirekire nk’uko twagiye tubibona mu mateka ya jenoside zakorewe mu bindi bihugu.
Mureke tubanze tumenye icyo iryo jambo risobanuye. Abahanga bavuga ko jenoside ari icyaha cy’ubwicanyi ndenga kamere gikorwa n’agatsiko k’abantu , ahantu runaka, bigaturutseho ubwako cyangwa gatumwe cyangwa (…) -
Ubuhanuzi bwa Hon. Sebaba ku Rwanda
4 November 2019, by Munyakayanza SamuelSebaba nongeye ndaje, nshweza kandi nuzuye amashagaga atagira uwo abangamira ariko agambiriye gushwanyaguza ibishenzi bidashira bikampoza mu gahinda kandi ataribyo Imana yandaze.
Umurage nasigiwe n’ababyeyi n’abakurambere banjye ni uko nzaba mu gihugu cy’umugisha gitemba amata n’ubuki, kizira amaraso na ba rukarabankaba bo kabura gushora. Ubundi ubuhanuzi bujya bwemerwa ari uko busohoye , abahanga mu byo gusenga bo bakabaza Imana ibimenyetso kugira ngo ibyahanuwe bibone kugezwa kubo bireba (…) -
Harasabwa ko abakorera abanyamulenge jenoside bafatwa bagashyikirizwa ubutabera
21 November 2019, by Munyakayanza SamuelMu itangazo ryashyizweho umukono i Bukavu ku wa 20 Ugushyingo 2019 na Me Bukuru Ntwari, umunyamategeko, umushakashatsi akaba n’umusesenguzi mu byerekeye kurengera ikiremwa muntu, yifuje ko abo yise ko bakora jenoside y’abanyamulenge bagezwa imbere y’ubutabera.
Muri iryo tangazo yerekanamo imitwe itandukanye n’amazina y’abantu bamwe bakwiriye kwamwaganwa ku isi yose, bagasabwa guhagarika guhonyanga ubwoko bw’abanyamulenge.
Muri iyo mitwe atunga agatoki Mai Mai, RED-Tabara, FNL, na FOREBU (…) -
Open letter to the UN Secretary-General
13 November 2019, by Munyakayanza SamuelRE: Request for intervention to the Banyamulenge people.
Secretary General,
I am writing this letter to you to use your power and ability so that you can intervene on the side of the Banyamulenge people in the Congo who are facing the killings and massacres now.
In fact, sir, the reason that drives me to write this letter is because I know you have the power and the ability to intervene as you have a contingent of the UN (MONUSCO) army for peacekeeping in the Democratic Republic of (…) -
Ibyo wamenya ku mushahara n’andi mafaranga abasirikare ba RDF bagenerwa
17 October 2020, by BABOU BenjaminIteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi mafaranga n’ibindi agenerwa mu gihe bibaye ngombwa.
Umutwe wa gatandatu w’iri teka uragira uti: "Umushahara n’ibindi bigenerwa abasirikare", bigasobanurwa kuva mu ngingo ya 86 kugeza mu ya 96 ya ririya teka ry’umukuru w’igihugu.
Nta ngano y’amafaranga runaka ari muri ririya teka, bijyanye n’uko (…) -
Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
19 May 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimNiba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, kuko (…)