Perezida Kagame mu nama y’Umushyikirano ya 18 yagize ati “Abantu baricara gusa bagakora ubusa? Bakaba bafite ikibazo ariko ntibige uko giteye n’ukuntu cyakemuka? Abayobozi, abayobozi bicaye hano. Mwakemura mute ikibazo mutize, mutazi uko giteye? Cyakemuka gite? Mwe ntabwo mushinzwe gukemura ibibazo rero, ni iby’abaterankunga mu bitwara mu baterankunga akaba ari bo bajya kubibakemurira?”
Kuva ku wa 23 kugeza ku wa 24 Mutarama 2024 Guverinoma y’u Rwanda izateranira hamwe na bamwe mu (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Umushyikirano 2024: Abayobozi 7 bakwiye kuzahatwa ibibazo ku nshingano zabo
21 January, by Niyonsenga Schadrack -
Urutonde rw’aba-Jenerali 48 bari mu kazi mu gisirikare cy’u Rwanda
5 November 2021, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05 Ugushyingo 2021 yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa, amuha ipeti rya Brigadier General n’inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda.
Brig Gen Karuretwa yahise yinjira ku rutonde rwa ba Ofisiye 48 bo mu ngabo z’u Rwanda bari ku rwego rwa ba Jenerali.
Ni urutonde ruriho ba Ofisiye kuva kuri ba Jenerali buzuye (Full Generals) ari na bo (…) -
Rubavu: RDF yarashe mu cyico umusirikare wa FARDC, 2 ibafata mpiri
16 January, by BABOU BenjaminIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje mu ijoro ryacyeye Ingabo zari ku burinzi zarashe mu cyico umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abandi babiri bafatwa mpiri.
Byabereye murenge wa Rubavu, akagari ka Rukoko, umudugudu wa Rutagata.
RDF mu itangazo yasohoye yasobanuye ko "mu ma saa saba z’urucyerera abasirikare batatu bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bambutse umupaka binjira mu karere ka Rubavu baturutse muri RDC." (…) -
Nyamasheke: Mukabugingo Naome yasubije Eric amafaranga yari yaramuhaye ayita inkwano nyuma yo kuvugwaho kumubenga
31 August 2021, by Bahuwiyongera SylvestreNyuma y’icyumweru cyose bitifashe neza mu rukundo hagati ya Kwihangana Eric,umwarimu muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri mu karere ka Nyamasheke na Mukabugingo Naome,umwarimukazi muri GS Mukoma mu murenge wa Nyabitekeri muri aka karere,aho uyu kwihangana yashinjaga umukunzi we kumuha amafaranga 300.000 ayita inkwano umukobwa yamara kuyafata agahindura imico umusore akavuga ko byamutesheje umutwe kugeza ubwo afashe umwanzuro wo kwandika ibaruwa avuga ko agiye (…)
-
Green Party irifuza ko u Rwanda rwagira Inama Nkuru y’Umutekano nka Amerika
15 May, by BABOU BenjaminUbuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, bwatanze icyifuzo cy’uko u Rwanda rwatera ikirenge mu cy’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika na rwo rukagira Inama Nkuru y’Umutekano.
Ni icyifuzo cyatanzwe n’Umuyobozi Mukuru w’iri shyaka, Dr Frank Habineza, ku wa 11 Gicurasi, ubwo habaga Inama Nkuru y’iri shyaka ku rwego rw’igihugu.
Dr Habineza mu kiganiro yagiranye n’itanazamakuru, yagaragaje ko Inama Nkuru y’Umutekano ikenewe nk’urwego rukwiye guhuriza (…) -
Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
12 August 2021, by Mvukiyehe Hesron RuberaHashize iminsi dusoma tukanabona amashusho n’amafoto mu bitangazamakuru binyuranye by’abantu bafatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus bavuga ko bari gusenga, bamwe bakavuga ko bo badashobora kwandura, abandi ngo barasengera igihugu ngo indwara igende n’ibindi,.. hari n’amashusho amaze iminsi azenguruka ku mbuga nkoranyambaga arimo abana bakiri bato bakagombye kuba bari mu mashuri ariko bayavuyemo biyemeza kugenda batazi iyo bajya ngo ni abagenzi bajya (…)
-
Kuki Gen. M. Itno Déby yihutiye kuvugana na Perezida Kagame?
11 May 2021, by Fred RugiraPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 5 Gicurasi 2021 yakiriye umuhungu wa nyakwigendera Marshal Idris Déby Itno witwa Abdelkerim Deby Itno, akaba murumuna wa Perezida Gen. Mahamat Déby Itno wasimbuye umubyeyi we ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu wa Tchad.
Kubonana na Perezida Kagame mu buryo bw’intumwa kwabayeho nyuma y’iminsi mike Perezida Deby yishwe kandi igihugu kiri mu bibazo bigaragarira buri wese, kuko inyeshyamba za FACT zari zakamejeje.
Byagarutsweho mu (…) -
P. Kagame ahagaze he ku ngingo yo guha abangavu ibinini byo kuboneza urubyaro ikomeje kurikoroza?
31 January, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame ntari mu bashyigikiye ingingo y’uko abangavu b’imyaka 15 y’amavuko bajya bahabwa ibinini byo kuboneza urubyaro, nk’imwe mu ngamba zigamije gushyira iherezo ku kibazo cy’inda ziterwa abangavu gihangayikishije umuryango nyarwanda.
Kuva mu cyumweru gishize impaka zongeye kuba zose mu banyarwanda by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kubera kutumvikana kuri iriya ngingo.
Uko gucikamo ibice kwazamuwe n’igitekerezo cya Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere (…) -
Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
2 May 2020, by Munyakayanza SamuelImyaka itanu irirenze uwari umusirikari mukuru mu ngabo z’u Burundi w’ipeti rya Major General, Godefroid Niyombare amenyekanye cyane. Kumenyekana kwe kwatewe no kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza mu 2015, umugambi waje gupfuba no kuburizwamo bikarangira abawuteguye bahunze igihugu abandi barafatwa bashyirwa mu magereza. Ubu uwariwe wese yakwikabaza aho uyu musirikare aherereye cyane ko ari we wari kuruhembe rwo guhirika ubutegetsi nubwo bitamuhiriye.
Icyo gihe, mbere (…) -
Intambara yeruye hagati y’u Rwanda na RDC irashoboka?
20 February, by BWIZAImyaka ibaye igiye kuba ibiri umutwe wa M23, igihugu cya Kongo Kinshasa kivuga ko ufatashwa n’u Rwanda wongeye kubura imirwano n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni imirwano yatangiriye mu gace ka Bunagana gahana imbibi n’igihugu cya Uganda. Ubu kamaze imyaka ibiri katazi ubutegetsi bwa Kinshasa. Kayoborwa n’inyeshyamba. Ndetse n’icyicaro cyazo niho giherereye. Uretse ako gace, ibindi bice birimo ibya Rutshuru na Nyiragongo nabyo byafashwe n’abo barwanyi. Niko kandi (…)