Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo zacyo ku rwego rw’abasirikare bato.
Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.
Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
RDF yatangiye kwandika abifuza kwinjira mu ngabo zayo
15 October 2021, by BABOU Benjamin -
Perezida Kagame yaciye amarenga ko RDF igiye guhiga FDLR muri RDC
8 February 2022, by BABOU BenjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaciye amarenga y’uko bishobora kuzarangira ingabo z’u Rwanda zigiye guhiga abarwanyi ba FDLR bamaze imyaka 27 bafite ibirindiro mu mashyamba ya Congo.
Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo na Eng. Uwase Patricie uheruka kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo.
Perezida Kagame ubwo yari amaze kwakira indahiro z’aba (…) -
Abayobozi bamaze igihe kirekire ku mwanya wa Meya ugora benshi
31 August 2020, by TUYIZERE JDUmwanya w’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka ‘Meya ufatwa nk’ugoranye cyane kurusha indi yose bitewe n’uko ahanini biba gake kubona uwurambyeho, bikaba bigorana no kubona byibuze n’umara manda y’imyaka itanu.
Aha humvikana imvugo ya ‘Tour du Rwanda’ cyangwa se ‘umweyo’ aho humvikanye iyegura ry’umusubirizo ry’aba bayobozi mu bice bitandukanye by’igihugu nk’uko byagenze tariki ya 2 n’iya 3 Nzeri 2019 ubwo Komite Nyobozi mu turere twa Karongi, Ngororero, Muhanga, Burera, Gisagara, Rutsiro, (…) -
Rusizi: 2 MTN workers test positive for Covid-19, the office imediately closed
16 June 2020, by Eulade ManziThe report from MTN Rwanda -Rusizi branch , reveals that after the general test, 2 of their workers found positive covid-19 , the 2 new cases were takeñ to the hospital in charge. The shop is set to close for a week starting from 15th June 2020. the rest started home confinement to avoid the spread.“
As one of MTN workers who didn’t want his name to be revealed out talked to Bwiza.com, he said" in the general test of last week Thursday and Friday, the today’s result found that 2 have (…) -
Amakuru yihariye yaranze icyumweru gishize
19 October 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Ukwakira 2020, cyizihijwemo umunsi mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro, aho Isi yose igaragaza agaciro k’aba bagore bakunze kunyura mu mbogamizi nyinshi mu buzima bwabo, zibabuza kwiteza imbere.
Cyinganjemo amakuru atandukanye avuga kuri gahunda za leta y’u Rwanda zerekeye ku bukungu, ubuzima n’imibereho y’abaturage, akaba yaravuzweho cyane n’Abanyarwanda cyangwa se akaba afite ingaruka ku buzima rusange bw’igihugu.
Amakuru yihariye yaranze iki (…) -
Umunyarwanda mushya Adham Hassoun ni umuhanga mu bya mudasobwa- Byinshi kuri we
25 July 2020, by TUYIZERE JDKu mugoroba w’uyu wa 24 Nyakanga 2020, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye Adham Amin Hassoun utagira ubwenegihugu. Ni nyuma y’aho uyu mugabo w’imyaka 58 y’amavuko yari amaze imyaka itatu arangije igifungo yari yarakatiwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika azira icyaha gifite aho gihuriye n’ibikorwa by’iterabwoba.
Ni muntu ki?
Adham Hassoun yavukiye muri Liban, yimukira muri Palestine, naho ahava mu 1980, ajya kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni umuhanga mu ikoranabuhanga rya (…) -
Akarasisi kadasanzwe ku irahira rya Perezida Magufuli_Amafoto
5 November 2020, by TUYIZERE JDKuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020, Dr. John Pombe Magufuli uherutse kwegukana insinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu, yarahiriye kuyobora manda ya kabiri.
Muri Sitade ya Dodoma umuhango wabereyemo, habereye ibikorwa bitandukanye birimo akarasisi kadasanzwe k’abakomando b’imbaraga bo mu gisirikare cya Tanzania.
Nk’uko bigaragara mu mafoto, aba basirikare bahetse mu mugongo ibikapu bisa n’ibiremereye, biri mu mabara y’imyenda ya gisirikare n’ibindi by’icyatsi.
Mu biganza kandi bafashe (…) -
Isano hagati y’amadini na leta: abafatanyabikorwa cyangwa abasenyabikorwa
4 May 2020, by Munyakayanza SamuelIdini na Leta ni inzego ebyiri zigira aho zihurira zikanagira aho zitandukanira, zuzuzanya cyangwa buri rwego rwigenga rimwe na rimwe. Mbere yo gucukumbura imikoranire iri hagati y’izo nzego, kureba niba ari abafatanyabikorwa cyangwa abasenyabikorwa, ni byiza kubanza kumenya "idini" na "leta" icyo bivuze.
Idini ni iki?
Mu gitabo cye yise "Ukubaho k’umuntu" Musenyeri Alexis Kagame, yasohoye muri 1983, avuga ko idini ari ijambo ry’Igiswahili risobanura UKWEMERA.
Inkoranyamagambo yo, (…) -
Le ministre de l’éducation met en garde contre une promotion "automatique"
20 June 2020, by Denis NsengiyumvaLe gouvernement entreprend une série de mesures pour aider à éliminer la promotion automatique et tout enseignant qui agit contrairement aux directives sera tenu responsable, a déclaré vendredi le ministre de l’Education, Valentine Uwamariya lors d’une conférence de presse.
Elle a déclarée que l’une des mesures est la construction de plus de salles de classe, ce qui réduira la congestion dans les salles de classe et le recrutement d’enseignants supplémentaires.
Cela, a déclaré le (…) -
Ange Kagame yamaganye inkuru imushyira mu rukundo na Kizito Mihigo
14 February 2021, by BABOU BenjaminUmukobwa wa Perezida wa Repubulika, Ingabire Ange Kagame, yamaganye inkuru yatambutse mu kinyamakuru The Guardian ivuga ko yigeze kuvugwa mu rukundo na Nyakwigendera Kizito Mihigo.
Iyi inkuru yanditswe n’Umwongerezakazi, Michela Wrong, itangazwa na The Guardian kuri iki Cyumweru tariki ya 14 Gashyantare 2021.
Ni inkuru yatangajwe habura iminsi itatu ngo hizihizwe umwaka umwe ushize umuhanzi Kizito Mihigo aguye muri kasho ya Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu mujyi wa Kigali, aho ’yiyahuriye (…)