Rutsiro: Abaturage batatu bishwe n’ibiza
Macron yasabye u Rwanda ’gukura ingabo zarwo muri Congo’
Abimukira ba mbere bazoherezwa mu Rwanda bazava mu itsinda ry’abantu 5.700
Home > ... > Forum 3974
16 April 2020, 11:36, by Sibomana Emmanuel
Jyewe uko mbibona,mbona imiryango yari isanzwe ifitanye utubazo ariyo yaba irimo guhura n’iki kibazo k’ihohoterwa mu gutera akabariro muri iyi minsi dusavwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid 19.Kuko niba umugabo/umugore yahohoteraga uwo bashakanye ku mutungo,amuca inyuma,...mu bitekerezo bye ntaba amwishimiye babana ari nko kumwihambiraho/kubura uko agira,ariko nibura mbere ya Covid 19 bahuraga amasaha make ,none ubu bari kumwe 24/24h,7/7days.Ubu rero byabaye agahomamunwa,ariko ntitukarebe coté négatif gusa tujye tureba na coté positif.Nshatse kuvuga ko kubari babanye neza nabo ubu urukundo rwarabazengereje care ni yose,kubijyanye n’akabariro ho ubu babonye umwanya.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Jyewe uko mbibona,mbona imiryango yari isanzwe ifitanye utubazo ariyo yaba irimo guhura n’iki kibazo k’ihohoterwa mu gutera akabariro muri iyi minsi dusavwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid 19.Kuko niba umugabo/umugore yahohoteraga uwo bashakanye ku mutungo,amuca inyuma,...mu bitekerezo bye ntaba amwishimiye babana ari nko kumwihambiraho/kubura uko agira,ariko nibura mbere ya Covid 19 bahuraga amasaha make ,none ubu bari kumwe 24/24h,7/7days.Ubu rero byabaye agahomamunwa,ariko ntitukarebe coté négatif gusa tujye tureba na coté positif.Nshatse kuvuga ko kubari babanye neza nabo ubu urukundo rwarabazengereje care ni yose,kubijyanye n’akabariro ho ubu babonye umwanya.