Home > ... > Forum 3939

Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa

15 April 2020, 12:00, by sportif international

Isi ni uko imeze nyine. Bamwe barambiwe akabariro, abandi (nk’abakora umwuga w’uburaya) numvise aho bavuga ngo babarekure babujyemo. Abandi barambiwe kwicara mu mazu yabo mu gihe abandi baryamye mu bitaro kubera COVID-19. Hari abarambiwe ikiruhuko ko batari kujya mu kazi kandi salaires zabo zitarahagaze mu gihe abaganga, abapolisi, abasirikare n’abandi barebwa no kurwanya CORONA barara amajoro bagira ngo bayihashye. Nyamara hari n’abandi bamaze guhagarikwa ku kazi kuko ibigo bakorera nta mafr yo kuzabahemba bifite. Hari n’abaguze ibyo kurya byinshi buzuza amazu mu gihe abandi inzara ibiciye mu ngo zabo.
ICYAKORA IHOHOTERWA ICYO RYASHINGIRAHO CYOSE NI IRYO KWAMAGANIRWA KURE.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa