Rutsiro: Abaturage batatu bishwe n’ibiza
Macron yasabye u Rwanda ’gukura ingabo zarwo muri Congo’
Abimukira ba mbere bazoherezwa mu Rwanda bazava mu itsinda ry’abantu 5.700
Home > ... > Forum 3915
14 April 2020, 10:52, by gisagara
Iyi Coronavirus irimo guhindura ubuzima ku isi yose.Nkuko president Macron yaraye avuze "Le monde ne sera plus comme avant" (Abantu ntabwo bazongera kubaho nka mbere).Kubyerekeye "kurambirwa akabariro",Imana itubuza gukabya.Nkuko dusoma muli Imigani 5:15-20,abashakanye bagomba kwishimana mu gitanda.Ni itegeko ry’Imana.Ikibabaje nuko abantu babihinduyemo ubusambanyi kandi ibutubuza.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Iyi Coronavirus irimo guhindura ubuzima ku isi yose.Nkuko president Macron yaraye avuze "Le monde ne sera plus comme avant" (Abantu ntabwo bazongera kubaho nka mbere).Kubyerekeye "kurambirwa akabariro",Imana itubuza gukabya.Nkuko dusoma muli Imigani 5:15-20,abashakanye bagomba kwishimana mu gitanda.Ni itegeko ry’Imana.Ikibabaje nuko abantu babihinduyemo ubusambanyi kandi ibutubuza.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.