Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 30, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye ibihugu bitandukanye ku ruhare byagize mu rugendo rwo kongera kwiyubaka kw’iki gihugu nyuma y’ayo mateka akakaye cyanyuzemo.
Mu bihugu umukuru w’u Rwanda yashimiye harimo icy’Uburundi ndetse n’icya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ibyo byombi kuri ubu umubano wabyo n’u Rwanda ntiwifashe neza ndetse ababiyobora bakaba baragiye batangaza ko bifuza ko (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
DRC n’u Burundi mu bihugu Perezida Kagame yashimiye
7 April, by Niyonsenga Schadrack -
Igisubizo cya P. Kagame ku wamubajije niba abona akwiriye kongera gutorwa
12 February, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame yatangaje ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiriye gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, agaragaza ko byaba byiza abantu bayategereje.
Umukuru w’Igihugu yabitangarije i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Eleni Giokos wa CNN.
Muri iki kiganiro Perezida Paul Kagame yabajijwe niba abona afite icyizere cyo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka, undi amusubiza ko ibizava muri ayo (…) -
RURA suspend sa décision d’augmenter les tarifs des transports publics
22 October 2020, by Denis NsengiyumvaL’Autorité de régulation des services publics du Rwanda (RURA) a annoncé mercredi 21 octobre que la décision controversée d’augmenter les tarifs de transport serait suspendue.
Les frais pré-Covid-19 sont ce que les transporteurs factureront aux passagers à compter du vendredi 23 octobre 2020.
«Suite à des consultations avec les parties prenantes concernées dirigées par le Premier Ministre, la RURA souhaite annoncer que la mise en œuvre de la révision des tarifs des transports publics (…) -
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko biteye ikibazo kuba SADC na MONUSCO bikorana na FDLR
14 February, by Denis NsengiyumvaKuba ingabo z’ibihugu bitandukanye zaragiranye amasezerano y’ubufatanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nta kibazo biteye ku Rwanda, ariko ku rundi ruhande kuba bakorana n’umutwe ufite intego yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, wanabigerageje, wanabikoze, unabigambiriye, byo biteye ikibazo.
Ati "Ntekereza y’uko ndanahamya y’uko ari nacyo kibazo Guverinoma y’u Rwanda yakomeje kuvuga ko kigomba gukemuka,” Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda mu (…) -
L’affaire "Kwa Dubaï" soumise au parquet
26 April 2023, by Denis NsengiyumvaLe Bureau d’enquête du Rwanda (RIB) a soumis au parquet le dossier de Jean Nsabimana, un homme d’affaires qui a construit l’immobilier base à Kinyinya, communement appele Kwa Dubai et certains anciens responsables du district de Gasabo .
Outre Nsabimana, les autres suspects en garde à vue sont l’ancien maire de Gasabo, Stephen Rwamulangwa ; ancien vice-maire de Gasabo charge des Affaires Economiques, Raymond Chretien Mberabahizi ; ancienne directrice du One Stop Center, Jeanne d’Arc (…) -
Perezida Kagame yasobanuye intandaro yo kugira ngo u Bubiligi bwange Amb. Karega
20 September 2023, by BABOU BenjaminPerezida Paul Kagame yasobanuye ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo yatumye u Bubiligi bwanga Vincent Karega u Rwanda rwari rwatanze nka Ambasaderi ugomba kubuhagararira i Bruxelles.
Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo Karega yari yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bubiligi, asimbuye muri izo nshingano Dieudonne Sebashongore wari wasoje manda ye.
Mbere yo gutangira inshingano cyakora yagombaga kubanza kwemezwa n’u Bubiligi bwagombaga kumwakira nka Ambasaderi.
Nyuma y’amezi ane (…) -
Rubavu: Rurageretse hagati ya Bizagwira ushinja BRD na RDB kumutereza inzu ye mu manyanga
7 July 2021, by BWIZABizagwira Faustin utuye mu karere ka Rubavu, umurenge wa Gisenyi akagari ka Bugoyi arasaba Perezida Paul Kagame kumurenganura ku mutungo we ugizwe n’inzu yakoreragamo ubuvuzi akaba avuga ko yagurishijwe mu cyamunara mu buryo burimo uburiganya bukomeye.
Inkomoko y’ikibazo cya Bizagwira Faustin avuga ko ari inguzanyo yasabye muri banki y’igihugu itsura amajyambere, BRD, atanga ingwate y’inzu ye iherereye mu murenge wa Gisenyi icyo gihe bumvikanye ko azatangira kwishyura nyuma yo gukorana (…) -
Umubyeyi wa Mugabekazi Liliane yamwishingiye kugira ngo arekurwe by’agateganyo
18 August 2022, by Nkundineza Jean PaulKuri uyu wa 18 kanama 2022 urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo Mugabekazi Liliane ukurikiranweho icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame icyaha gihanishwa ingingo y’143 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.
Iki cyaha gifitanye isano n’imyambarire idasanzwe yagaragayemo ubwo yari mu gitaramo cy’umuhanzi w’Umufaransa ukomoka muri Cameroon, Julien Bouadjie wamamaye nka Tayc, cyabereye muri B.K Arena tariki ya 30 Nyakanga (…) -
Cabinet meeting replaces Dr Sabin, former RBC boss
27 January 2022, by Fred RugiraThe cabinet on Wednesday, January 27, appointed Prof. Claude Mambo Muvunyi as the new Director General for Rwanda Biomedical Centre (RBC).
Muvunyi is a senior lecturer at the University of Rwanda where he specialises in Microbiology and Infectious Diseases at the College of Medical and Health Sciences.
He replaces Dr Sabin Nsanzimana, who was on December 7, 2021 suspended "over matters of accountability" according to a statement released at the time by the Office of Prime Minister. (…) -
Museveni yasabye ba Jenerali ba UPDF kuryamira amajanja
8 March 2023, by BABOU BenjaminPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yasabye ba Jenerali mu ngabo z’igihugu cye kuryamira amajanja mu rwego rwo gutabara Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo mu gihe byaba bibaye ngombwa.
Amakuru aturuka mu gisirikare cya Uganda (UPDF) avuga ko abayobozi bakuru mu ngabo za Uganda basabwe kuryamira amajanja, basabwa kwitegura kujya kuri Perezidansi ya Sudani y’Epfo i Juba kurinda Perezida Salva Kiir.
Kuri ubu umwuka ukomeje kuba mubi muri Sudani y’Epfo, nyuma y’uko Perezida Salva (…)