Ikibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera Sylvestre -
Musanze: Umubyeyi aratabariza umwana we avuga ko yarenganyijwe n’abakagombye kumurenganira
22 July 2022, by BWIZAMu mudugudu wa Ruvumu, akagari ka Buruba, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, haravugwa akarengane k’umwana w’imyaka ine (4) witwa Maniriho James, akaba atagira epfo na ruguru kuko ngo yambuwe uburenganzira bwose buteganywa mu itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.
Nk’uko umunyamakuru wa BWIZA yabibwiwe na Maniraguha (nyina w’umwana) ngo umwana we yakoze impanuka ajyanwa mu bitaro bikuru bya Ruhengeri, aravurwa arakira ariko ahakura ubumuga budakira kuko yaje gucibwa amaguru yombi. (…) -
Umuryango wa Kanyabutembo uhanze amaso Perezida Kagame nyuma yo kuburira mu manza ukekamo ruswa
3 May 2022, by Mecky Merchiore KayirangaUmunyarwandakazi Kanyabutembo Virginie uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’abana be baravuga ko nta wundi murengezi ushobora kubarengera usibye Perezida Paul Kagame kuko ngo bakomeje kurenganywa n’inkiko zo mu Rwanda ku mpamvu bita iza ruswa n’akarengane bavuga ko bakorewe n’abacamanza badakora iperereza cyangwa ngo bamenye iby’ikirego cyabo, bakirengagiza ukuri, bityo umutungo Kanyabutembo avuga ko yaruhiye imyaka 17 ukaba ugiye guhabwa utarawuvunikiye.
Tariki ya 13 Mata 2022, (…) -
Byakomeye iby’abanuzi // Ubuhanuzi bwaciye igikuba muri Rubanda buvuga kuri 2021 - Ubusesenguzi
22 January 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Umugore wa Bunyoni yari aherutse kumuhanurira ko agiye kuzamuka mu ntera
9 September 2022, by TUYIZERE JDUmugore wa Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Hyacinthe Niyonkuru, aherutse kumuhanurira ko arindiriye kubona umugabo we azamuka mu ntera.
Tariki ya 7 Nzeri 2022 ubwo hamenyekanaga amakuru y’uko Bunyoni agiye kweguzwa kuri iyi nshingano, hasakaye videwo imugaragaza ari mu rusengero, ashima Imana.
Muri iyi videwo ngufi, Bunyoni ahamagara umugore yita Umwamikazi kugira ngo na we ashime Imana, maze akagira ati: “Alleluya torero ry’Imana! Ndabasuhuje mu izina (…) -
VIDEO: Apostle Mutabazi ku buhanuzi : Ukuntu mu Rwanda abantu bahunze igihugu\\Ibihugu bigaragaza ibitwaro
9 July 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo
11 August 2022, by TUYIZERE JDUmutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga y’ubwiteganyirize (pansiyo).
Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na André Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo kimaze igihe kirekire kizwi.
Senateri Havugimana yasobanuye ko imwe mu mbogamizi aba Banyarwanda bahura na (…) -
Itsinda rishya muri Gospel, Holy Mercy ryashyize hanze indirimbo ’Gumana nanjye’
20 September 2021, by BWIZAHoly Mercy ni itsinda ry’abana b’abaririmbyi biyemeje kuririmba mu njyana zihimbaza Imana, rigwize n’abana bane bavukana batatu muri bo bavukanye ubumuga bw’uruhu.
Mu kiganiro Bwiza yagiranye n’aba bana badutangarije ko bishimye cyane, ikindi biteguye gukora uko bashoboye kose ubutumwa buri muri bo bukagera kure.
Baherukaga gushyira hanze indi ndirimbo mu mwaka ushize, kuri ubu bamaze gushyira hanze indirimbo bise “Gumana Nanjye”, aho baba basaba Imana kubaguma hafi ntibajye kure. (…) -
Nsengimana wa Umubavu TV yabwiye urukiko ko umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge amufungiye ahantu ha wenyine
6 April 2022, by Nkundineza Jean PaulKuri uyu wagatatu, tariki ya 6 Mata 2022 urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwasubukuye urubanza ruregwamo umunyamakuru Nsengimana Theoneste, umuyobozi w’ikinyamakuru Umubavu, maze abwira urukiko ko umuyobozi wa gereza ya Nyarugenge amufungiye ahantu hawenyine ndetse asaba ko rwamurekura akajya kwita k’umugore we kuko akuriwe.
Nsengimana Theoneste afunganywe n’abandi bantu barindwi babayoboke b’ishyaka ritaremerwa mu Rwanda rya Victoire Ingabire “Darfa Umurinzi’’. Aba bose batawe muri (…) -
Tshisekedi yifuza intambara, Kagame ubona hakenewe ibiganiro, n’imirwano ikaze nyuma y’inama ya Angola: inkuru z’icyumweru
11 July 2022, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 4 Nyakanga 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo iz’umutekano, politiki y’ububanyi n’amahanga n’ubutabera.
Harimo ko:
Tshisekedi yavuze ko RDC ishobora kurwana n’u Rwanda
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi yatangaje ko nibiba ngombwa igihugu cye kizajya mu ntambara n’u Rwanda, ngo mu gihe rwakomeza kwifatanya n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Financial Times (…)