Mu gihe uyu munsi muri Amerika bari kwamagana ihohoterwa rikorerwa abirabura, ku munsi nk’uyu mu 1893 umuhinde Mahatma Ghandhi yatangiye kurwanya ivangura ry’amoko muri Afurika y’Epfo.
Mahatma Ghandi yavukiye mu Buhinde yiga mu Bwongereza, maze mu mwaka wa 1893 yoherezwa muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi ka Politike aho yari afite manda yo kuhamara umwaka umwe.
Ghandi kugira ngo atangire kurwanya ivangura byatewe nuko umunsi umwe ubwo yari yicaye muri gariyamoshi aho yari ari mu (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Afurika mu 1893: Mahatma Gandhi yatangije ibikorwa byo kurwanya ivanguramoko
7 June 2020, by Jean Claude NSHIMIYIMANA -
VIDEO: ADEPR yirukanye abavugabutumwa basaga 1500\\benshi bari mu gahinda ko kubura akazi
2 August 2021, by BWIZA -
Tshisekedi yagejeje kuri SADC ikibazo cya RDC n’u Rwanda
17 August 2022, by TUYIZERE JDPerezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) akaba n’Umuyobozi mushya w’umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo (SADC), Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo yagejeje kuri bagenzi be bayobora ibihugu biwugize ikibazo igihugu cye gifitanye n’u Rwanda.
Mu nama isanzwe ya 42 ya SADC yabereye mu murwa mukuru wa RDC, Kinshasa kuri uyu wa 17 Kanama 2022, ni bwo Perezida Tshisekedi yasimbuye mugenzi we uyobora Malawi, Lazarus Chakwera, kuri iyi nshingano.
Iyi nama yitabiriwe n’abakuru (…) -
Tariki ya 12 Kamena 1812 Napoleon Bonaparte yagabye igitero ku Burusiya
12 June 2020, by Jean Claude NSHIMIYIMANAKu munsi nk’uyu ni bwo Umufaransa utazibagirana mu mateka y’intambara kubera ubuhangange yari afite ku rugamba, Napoleon Banaparte yayoboye ingabo ze bajya gutera u Burusiya.
Icyo gihe Napoleon yateye u Burusiya azi ko intambara iri bube ngufi kubera ko yari yizeye ingabo ze. Icyatumye Napoleon Bonaparte atera u Burusiya, yashakaga gukuraho umwami wabwo, Czar Alexander I bitewe nuko ngo yari yarataye umurongo w’imiyoborere Isi yagenderagaho muri icyo gihe.
Napoleon yagabye igitero ku (…) -
Perezida Kagame yagaragaje ko mu gisirikare harimo ikibazo nk’ikivugwa muri Miss Rwanda
1 May 2022, by TUYIZERE JDPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko no mu gisirikare harimo ikibazo nk’ikimaze iminsi kivugwa mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Tariki ya 26 Mata 2022, urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup, ikigo gitegura iri rushanwa, Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, rumukurikiranyeho icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abakobwa baryitabiriye mu bihe bitandukanye.
Perezida (…) -
YouTube: Videwo 10 zakunzwe cyane zimaze kurebwa inshuro zirenga miliyari 42
24 April 2020, by TUYIZERE JDTariki ya 23 Mata 2005, Jawed yashyize kuri YouTube videwo y’amasegonda 19 yitwa Me at the Zoo (Njyewe ku rwororero rw’inyamaswa). Iyi videwo ni yo ya mbere yashyizwe kuri uru rubuga kuva rwafungurwa tariki ya 14 Gashyantare 2005, ikaba imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 90 gusa ariko si yo yarebwe cyane.
Videwo 10 zarebwe cyane kuri uru rubuga zose zasohotse hagati ya 2012 na 2017. Igiteranyo cy’inshuro zimaze kurebwa (views) kirenga miliyari 42. Iyarebwe gake kuri uru rutonde, (…) -
VIDEO: Dr Kayumba asanga amakimbirane ya Uganda n’u Rwanda ashingiye kucyo yise [ NINJYE BOSS ] mu karere
6 July 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Rusizi: Umubyeyi w’umwana wagonzwe n’imodoka ikamuca ukuguru arasaba ubufasha
11 September 2022, by Bahuwiyongera SylvestreNyiraneza Francine w’imyaka 48 utuye mu mududugu wa Gatovu, akagari ka Rebero mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi, aratakambira ubuyobozi bw’aka karere ngo bugire icyo bumumarira nyuma y’amezi hafi 10 amaze arwana no kuvuza umuhungu we w’imyaka 17 witwa Tuyiringire James wagonzwe n’ikamyo ikamuca akaguru, akaba asigaye iheruheru.
Uyu mubyeyi yasobanuriye BWIZA ko uyu mwana wigaga mu mwaka wa 5 w’amashuri abanza yagonzwe n’iyi modoka imuca ukuguru ku wa Gatandatu tariki ya 27 (…) -
Uburezi mvamahanga ni injishi iboshye ukwibohora no kwigenga bya Afurika
11 May 2020, by Mvukiyehe Hesron RuberaHari ibiganiro byinshi ndetse n’ubusesenguzi bw’abakomeye butambuka mu binyamakuru no mu nama zitandukanye bivuga ku kwibohora no kwigenga bya Afurika, Ukwibohora no kwigenga ni urugendo Abanyafrika bamazemo igihe kinini ariko uko imyaka itashye ubona intambwe iterwa ari nto cyane ugereranije n’intambwe yagakwiriye guterwa.
Ntawatinya kuvuga ko nta gihindutse uru rugendo rutazashohoka kuko abo dukeneye kwibohoraho bo bakataje ndetse intambwe yabo ni ndende cyane, muri iyi nyandiko tugiye (…) -
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera SylvestreIkibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)