Muhire Jean Claude ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko urwariye mu bitaro bya CHUK i Kigali kuva muri Gashyantare 2019, ubu akaba amazemo amezi 17.
Muri uko kwezi, Muganga yaramupimye asanga arwaye impyiko zombi ku rwego rwa gatanu, ari narwo rwa nyuma ku buryo zidashobora gukira. Muganga kandi yamubwiye ko arwaye n’umuvuduko ukabije w’amaraso ndetse na Anemiya.
Muhire yabwiwe na muganga ko nta bundi buryo buhari keretse gusimbuza impyiko izindi. Nyuma y’amezi abiri, yaje kubona umusore (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Muhire yabuze indege imujyana kwivuza mu Misiri kubera ko ari muri bomboni
23 September 2020, by TUYIZERE JD -
U Rwanda na Uganda byaba byasubukuye ibiganiro ku mubano wabyo
17 January 2022, by BABOU BenjaminLeta ya Uganda n’iy’u Rwanda zasubukuye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi umaze igihe warangiritse.
Muri 2017 ni bwo ibihugu byombi byashwanye kubera ibirego kimwe cyagiye gushyira ku kindi.
U Rwanda rushinja Uganda gufasha imitwe yitwaje intwaro igamije kuruhungabanyiriza umutekano, irangangajwe imbere n’uwa RNC wa Gen Kayumba Nyamwasa.
Ruyishinja kandi guta muri yombi no gufunga mu buryo butemewe n’amategeko Abanyarwanda baba ku (…) -
Icyo M23 ivuga ku bwicanyi bivugwa ko bwakorewe i Kishishe FARDC yegetse kuri RDF
2 December 2022, by BABOU BenjaminUmutwe wahakanye ubwicanyi washinjwe gukora n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uvuga ko ari ibihuha byahimbwe na Leta ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR, Mai-Mai na Nyatura bamaze igihe bakorana.
Ku wa Kane tariki ya 01 Ukuboza ni bwo Igisirikare cya Congo cyasohoye itangazo rishinja Ingabo z’u Rwanda kwifatanya n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 bakongera kugaba ibitero ku birindiro by’Ingabo zacyo.
FARDC yashyize ibi birego kuri RDF binyuze mu muvugizi wayo, (…) -
Umuvugizi wa UPDF abona Leta ya RDC yibeshya kuri M23 n’abaturanyi
13 July 2022, by TUYIZERE JDUmuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig. Gen. Félix Kulayigye, abona Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibeshya ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bwayo, by’umwihariko ku mutwe wa M23 n’ibihugu by’abaturanyi.
Mu kiganiro Imvo n’Imvano kuri BBC giherutse kuba tariki ya 9 Nyakanga 2022, Gen. Kulayigye yavuze ko Leta ya RDC yibasira kuri M23 gusa kandi hari indi mitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Gen. Kulayigye wakoresheje (…) -
Burundi: Bucura bwa Perezida Ndayishimiye mu bacyesheje ibirori by’ubwigenge (Amafoto)
3 July 2021, by BABOU BenjaminBucura bwa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ari mu bacyesheje ibirori by’umunsi mukuru w’ubwigenge bwa kiriya gihugu byabaye tariki ya 01 Nyakanga.
U Burundi bwizihizaga isabukuru y’imyaka 59 bumaze buhawe ubwigenge n’u Bubiligi.
Akarasisi k’ibyiciro bitandukanye by’abantu, imyiyereko y’abakomando, imbyino n’indirimbo; biri mu byakesheje biriya birori.
Mu matsinda y’urubyiruko yiyerekanye imbere y’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente witabiriye biriya (…) -
Muri gare ya Rusizi abagore bavuga ko barambiwe guhurira mu bwiherero bumwe n’abagabo
8 March 2022, by Bahuwiyongera SylvestreImyaka irenze 5 muri gare ya Rusizi abagore n’abagabo bahurira mu bwiherero bumwe bw’abagabo kuko ubw’abagore bufunze kuva icyo gihe cyose, iyo urungurutse mu cyumba cy’ubwiherero bwari bwise ubw’abagore, urebeye hanze, usanga bararunzemo ibikoresho binyuranye, inyuma ibirahure by’urugi rwaho byaramenaguritse, iruhande rwarwo harambitse ibyuma, bamwe mu bagore bakagaragaza impungenge ko bashobora kuhahurira n’ingorane bagasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi gukemura iki kibazo byihutirwa. (…)
-
VIDEO: Abanyarwanda bemerewe ibintu bikomeye muri Central African Republic
11 February 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
Martin Fayulu yamaganye abapolisi b’u Rwanda i Goma
17 December 2021, by BABOU BenjaminUmunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo Kinshasa, yitambitse icyemezo cyo kohereza abapolisi b’u Rwanda mu mujyi wa Goma asaba abanye-Congo kucyamagana.
Fayulu watsinzwe na Perezida Tshisekedi mu matora yo muri 2018, yahuje kuba abapolisi b’u Rwanda bajya gucunga umutekano i Goma no kuba ingabo za Uganda ziri kurwanya inyeshyamba za ADF muri Kivu y’amajyaruguru, avuga ko ari uguhonyora ubusugire bwa RDC.
Kuri Twitter ye yagize ati: "Mu gihe hagitegerejwe ijambo (…) -
Abadepite basabye MIGEPROF gukemura ikibazo cy’abakobwa batanga inkwano ku bahungu
14 July 2020, by Ildephonse DusabimanaKuri uyu wa 14 Nyakanga, Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Prof. Jeannette Bayisenge mu buryo bwikoranabunga yafashe umwanya wo gusubiza ibibazo byagaragajwe n’abadepite bagize Komisiyo ya Politiki, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’igihugu.
Bimwe muri ibi bibazo birimo, ingamba zafashwe mu kurinda abangavu inda zitateganijwe, zimwe mu ngeso zigaraga mu turere twa Ngororero na Nyamasheke aho abakobwa basabwa amafaranga n’abasore ngo (…) -
Izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa: U Rwanda ku mwanya wa 8, ruvuye ku wa 9
13 November 2022, by TUYIZERE JDBanki y’Isi muri raporo yayo nshya, yagaragaje ko kugeza tariki ya 31 Ukwakira 2022 u Rwanda rwageze ku mwanya wa 8 mu bihugu 10 bya mbere bifite ibiciro by’ibiribwa byazamutse kurusha ahandi.
Iyi banki yagaragaje ko imbere mu Rwanda, ibiciro by’ibiribwa byazamutse ku kigero cya 41%, rukaba rukurikirwa na Ghana iri ku kigero cya 38% na Moldova iri kuri 34%.
Igihugu cya mbere cyagize izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rikabije cyane ni Zimbabwe iri ku kigero cya 340%, Liban iri kuri 208%, (…)