Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 11 Mata 2021 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi yahafatiye abantu 12 ikekaho kwiba mu bihe bitandukanye bitwaje intwaro, bakica umuturage mu murenge wa Gihundwe bagakomeretsa undi mu wa Mururu.
Ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Twafashe abantu 12, bacyekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye mu Karere ka Rusizi, aho bishe umuntu mu Murenge wa Gihundwe, bagakomeretsa undi mu Murenge wa Mururu ndetse bakiba n’amafaranga mu Murenge wa Kamembe.” (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
12 bakekwaho kwiba bitwaje intwaro, barimo abari bambaye ‘ibya gisirikare’ bafashwe
11 April 2021, by TUYIZERE JD -
Igisubizo cya Tshisekedi kuri P. Kagame wemeye kumwibira akabanga ku bijyanye n’intambara
5 December 2022, by BABOU BenjaminPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yasubije mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda uheruka kumubwira ko niba yifuza kumenya ibijyanye n’ububi bw’intambara yigambye ko ishobora kubaho hagati y’u Rwanda na RDC, yamugana akamwibira akabanga.
Mu ntangiriro z’Ugushyingo uyu mwaka ni bwo Tshisekedi yatangaje ko intambara hagati ya RDC n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo ya kabiri; mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23.
Yabivuze mu ijambo yagejeje ku banye-Congo ryatambutse (…) -
Irenée Murindahabi yiyunze n’umubyeyi wa Vestine & Dorcas
10 July 2021, by BABOU BenjaminUmunyamakuru Irenée Murindahabi, yamaze kwiyunga na Uzamukunda Elisabeth, umubyeyi w’abahanzi Vestine na Dorcas ndetse impande zombi birangira zisubiranye.
Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Murindahabi yari yasohoye itangazo rivuga ko yasezereye abahanzi Vestine na Dorcas yafashirizaga mu nzu ifasha abahanzi ye yitwa M. Irene Entertainment[MIE].
Ati: "Nyuma yo gusesengura imikoranire ya MIE na Vestine na Dorcas,MIE yifuje kubwira abakunzi bayo ndetse n’umuryango mugari wa muzika ko (…) -
Politiki, intwaro kirimbuzi ikomeje kugarika ingogo muri ibi bihe bya Coronavirus
9 April 2020, by TUYIZERE JDKuva indwara y’icyorezo ya Coronavirus (COVID-19) yagaragara ku Isi, hamaze gutakara ubuzima bw’abantu benshi ariko hari impungenge ko imibare ishobora kuzamuka cyane bitewe n’impamvu nyinshi, politiki ikaza ku isonga.
Kugira ngo byumvikane neza, birasaba guterera ijisho mu Bushinwa, aho umurwayi wa mbere w’iki cyorezo yagaragaye mu mugi wa Wuhan mu Gushyingo 2019 ariko byasabye igihe kirekire kugira ngo byemezwe ko umuntu wagaragayeho iki cyorezo yakwanduza undi muntu.
Urugero ni urwa (…) -
Perezida Kagame yohereje intumwa imuhagararira mu irahira rya Museveni
11 May 2021, by BABOU BenjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, azahagararirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh; mu muhango w’irahira rya Perezida Yoweri Museveni.
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 12 Gicurasi ni bwo Museveni arahirira kuyobora Uganda muri manda ya gatandatu yikurikiranya, mu muhango uzabera ku kibuga cya Kololo.
Ni nyuma yo gutsinda amatora yabaye muri Mutarama uyu mwaka ku majwi akabakaba 59%.
Perezida (…) -
L’enrôlement militaire des enfants par le polisario est un "crime de guerre"
18 January 2022, by Mecky Merchiore KayirangaL’ONG française "Alliance Internationale pour la Défense des Droits et des Libertés" (AIDL) a publié, le 04.01.2021, une déclaration condamnant le recrutement des enfants-soldats par le front polisario.
L’ONG en question a réitéré sa condamnation totale du recrutement et de l’exploitation des enfants dans des zones de conflit et de guerre, en qualifiant cet acte de crime international qui nécessite des poursuites et un suivi international de toutes les personnes impliquées.
AIDL a (…) -
Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu
15 November 2019, by Fred RugiraUhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi.
Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji.
Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya.
Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la uhaba wa maji ni kubwa katika eneo hilo.
Amesema haina budi kufunga maji mtaani fulani ili wengine wapate.
Wakazi eneo hilo, (…) -
Covid-19: Inama y’Abaminisitiri yemeje serivisi n’ibikorwa umunani byemerewe gukora
1 May 2020, by TUYIZERE JDInama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye kuri uyu wa 30 Mata 2020 iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yemeje ko serivisi n’ibikorwa umunani ari byo byemerewe gukora mu rwego rwo kuzahura ubukungu muri iki gihe cya Covid-19.
Serivisi n’ibikorwa byemerewe gukora ni ibi bikurikira: Ibikorwa by’Inzego za leta n’iby’abikorera byemerewe kongera gukora ariko buri rwego rugakoresha abakozi b’ingenzi, abandi bagakomeza gukorera mu ngo bifashishije ikoranabuhanga. Amasoko (…) -
Musanze: Umuntu umwe mu bakoze ikizamini cy’ushinzwe Itumanaho ni we uzakora ‘interview’
26 July 2022, by TUYIZERE JDSaa mbiri z’igitondo cyo ku wa 25 Nyakanga 2022, abakandida bahatanira umwanya w’umukozi ushinze inozamubano n’itumanaho (Public Relations and Mass Communication Officer) n’umunyamabanga ushinzwe imari (Secretary to Finance) mu karere ka Musanze bazindukiye mu kizamini cy’akazi mu ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Rukara riherereye mu karere ka Kayonza.
Ntabwo ikizamini cyatangiye saa mbiri z’igitondo nk’uko byari byateganyijwe kuko abakandida basobanuriwe ko habanje kubaho ikibazo (…) -
Ndayishimiye yavuze uko umubano w’u Burundi n’u Rwanda wifashe, akomoza ku kibazo cy’abarimo Gen. Niyombare
22 November 2022, by BABOU BenjaminPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko kuri ubu nta mwuka mubi wavuga ko ukirangwa hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, ashimangira ko u Burundi bufite icyizere cy’uko u Rwanda ruzabushyikiriza abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu 2015 bagashyikirizwa ubutabera.
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabikomojeho ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n’abanyamakuru: Marc PERELMAN na Laurent CORREAU ba Televiziyo ya France 24 na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). (…)