Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akomeje guha inshingano abayoboke b’ishya rya ‘ Parti Social Democrate’ (PSD) aho agenda abaha imyanya itandukanye mu buyobozi bw’igihugu. Ishyaka PSD kuri ubu rifite abarwanashyaka batanu bari mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu.
Muri aba harimo: Dr Vincent Biruta 1. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta wahawe uyu mwanya nk’uko itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Perezida Kagame akomeje kugirira icyizere abo mu ishyaka PSD abaha imyanya ikomeye
5 November 2019, by Fred Rugira -
Mu mafoto, dore ’Couple’ eshanu z’abakinnyi ba ruhago zikomeye mu Rwanda
26 September 2020, by BABOU BenjaminUmupira w’amaguru uri mu bikunzwe mu Rwanda, bigatuma abawukina baba mu bakurikirwa na benshi baba barigaruriye imitima.
Bijyanye n’ibyiyumvo bya buri wese, hari bamwe mu bakinnyi badatinya gushyira ku karubanda ubuzima bwabo bwite, bikababera inyongeragaciro mu bwamamare bwabo.
Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bakinnyi 10 b’umupira w’amaguru mu Rwanda bafite Couple zikomeye cyangwa z’ibimenyabose mu Rwanda, gusa inkuru ishingiye ku bitekerezo bwite by’umwanditsi, bikumvikanisha ko hari (…) -
Umusirikare wo mu barinda Museveni wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe ku itegeko rya Perezida Kagame
22 January 2022, by BABOU BenjaminUmusirikare wo mu mutwe udasanzwe ushinzwe kurinda Perezida Yoweri Museveni wa Uganda (SFC) wari ufungiye mu Rwanda, yarekuwe kuri uyu wa Gatandatu nyuma y’ubusabe Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yagejeje kuri Perezida Paul Kagame.
Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Museveni ndetse akanaba Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, yari yagiriye uruzinduko rw’imunsi umwe hano mu Rwanda.
Ni uruzinduko rwasize agiranye ’ibiganiro bishimishije kandi byimbitse’ ku bikenewe ngo (…)