Idi Amin Dada ni umwe mu bayoboye Uganda hagati y’ 1971 kugeza mu 1979, avugwa mu mateka ko yaranzwe no gutegekesha igitugu n’ubushotoranyi bukabije ku bihugu by’ibituranyi bwagejeje ku ntambara hagati y’igihugu cye na Tanzania mu 1979, ariko mbere yaho mu 1976 akaba yarashatse gushoza intambara kuri Kenya iyobowe na Jomo Kenyatta mbere yo gukangwa n’akarasisi k’indege z’intambara za Amerika mu kirere cya Kenya ari nabyo tugiye kugarukaho.
Hari muri Gashyantare mu 1976 ubwo Idi Amin (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Uko Uganda yari igiye kurwana na Kenya igakangwa n’akarasisi k’Indege z’Abanyamerika
3 June 2020, by Denis Nsengiyumva -
Menya ingano y’umushahara abayobozi b’ibigo bya Leta bitandukanye bagenerwa buri kwezi
24 September 2020, by BABOU BenjaminIteka rya Minisitiri w’Intebe N° 92/03 ryo kuwa 01/03/2013 rihindura kandi rikuzuza Iteka rya Minisitiri w’Intebe no 53/03 ryo kuwa 14/07/2012, ni ryo rishyiraho imishahara n’ibindi bigenerwa Abakozi bo mu Butegetsi Bwite bwa Leta.
Cyakora cyo n’ubwo iri teka ari iryo mu myaka irindwi ishize, nta wakwirengagiza ko buri myaka itatu imishahara y’abakozi ba Leta yiyongeraho 10%, bigashimangira ko hari impinduka zitari nini zagiye ziba ku mishahara.
Inkuru (…) -
Ba Colonel 2 muri M23 bazamuwe mu ntera, bagirwa ba Général de Brigade
13 January 2023, by BABOU BenjaminBertrand Bisimwa uyoboye umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2023 yazamuye mu ntera ba Colonel babiri muri uriya mutwe, abaha ipeti rya Général de Brigade.
Abazamuwe mu ntera nk’uko itangazo ryashyizweho umukono na Bisimwa ribigaragaza, ni Col. Mboneza Yusufu cyo kimwe na mugenzi we Byamungu Maheshe Bernard.
Aba bombi bashyizwe ku rwego rwa ba Jenerali biyongera kuri Gen. Sultani Makenga uyoboye Igisirikare cya M23.
Col. Mboneza ufatwa nk’uwakabiri ukomeye mu (…) -
Amafoto y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere mu myambaro ya gisirikare
14 May 2020, by TUYIZERE JDMu bihugu byinshi, abakuru b’ibihugu ni bo bagaba b’ingabo b’ikirenga. Aba barimo abahoze ari abasirikare ndetse n’abatarigeze bakandagira mu gisirikare. Abenshi muri bo bakunze kugaragara mu myambaro ya gisirikare mu gihe bitabiriye imihango ijyanye n’uyu mwuga nko gusoza amasomo kw’abasirikare n’igihe bagiye kugaba ibitero bikaze nk’uko Idris Deby wa Tchad yabigenje ubwo yatsiburaga abarwanyi ba Boko Haram muri Mata.
Kwambara iyi myambaro bisa n’umwihariko w’ibihugu by’Afurika, (…) -
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera SylvestreIkibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)
-
Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
9 July 2020, by TUYIZERE JDUmuhungu wa Dr. Pierre Damien Habumuremyi witwa Mucyo Apollo arasaba Perezida Kagame kumukura mu maboko y’ubutabera bitewe n’imirimo yakoze ubwo yari mu buyobozi bukuru bw’igihugu.
Tariki ya 5 Nyakanga 2020 ni Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha wasigariyeho Marie Michelle Umuhoza, Bahorera Dominique yatangaje ko Dr. Habumuremyi yatawe muri yombi tariki ya 3, akurikiranweho icyaha cy’ubuhemu no gutanga sheki zitazigamiye. Amakuru avuga ko Dr. Habumuremyi arimo umwenda wa (…) -
Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo
11 August 2022, by TUYIZERE JDUmutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga y’ubwiteganyirize (pansiyo).
Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na André Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo kimaze igihe kirekire kizwi.
Senateri Havugimana yasobanuye ko imwe mu mbogamizi aba Banyarwanda bahura na (…) -
Munyakazi Sadate na Komite ye basezerewe muri Rayon Sports
22 September 2020, by BABOU BenjaminMunyakazi Sadate wari umaze umwaka ayobora Rayon Sports na Komite bari bafatanyije kuyobora iyi kipe, bamaze gusezererwa ku buyobozi bw’iyi kipe.
Ni icyemezo cyafatiwe mu nama iri kubera muri Kigali Arena yahuje inzego zitandukanye zirimo Minisiteri ya Siporo n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imiyoborere RGB.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri muri Kigali Arena, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr Usta Kaitesi, yavuze ko Komite ya Munyakazi yananiwe (…) -
Karongi: Bakoze ikizamini cyo kwigisha ari babiri, batungurwa no gusanga abagitsinze ari batandatu
22 July 2020, by BABOU BenjaminMu bizamini byo gushaka abarimu bashya bazigisha mu mashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye n’ay’imyuga n’ubumenyi ngiro byakozwe mu minsi ishize, hari abavuga ko hashobora kuba harabayemo amanyanga mu kugena ababitsinze.
Ku wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2020, ni bwo abarimu 35,000 bo mu gihugu hose batangiye gukora ibizamini by’akazi, nyuma yo gusaba imyanya yo kwigisha muri aya mashuri.
Ni nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda yasabye ko abarimu bakoze ibizamini byo kwigisha bongera (…) -
Niba uri Umuhutu ubwo buhutu bwawe ni nde uzaburya?_Perezida Ndayishimiye
2 March 2021, by BABOU BenjaminPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabwiye abaturage b’igihugu cye ko kwitwa ’Umuhutu cyangwa Umututsi’ nta wabirya, ashimangira ko icy’ingenzi ari ukurangwa n’ubumwe.
Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 01 Werurwe, ubwo yari muri Komini Buraza ho mu ntara ya Gitega, aho yari yitabiriye ibirori byo kwishimira intsinzi y’ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umukuru w’igihugu byizihirijwe ku rwego rwa Komini.
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ko kugendera ku moko (…)