Home > ... > Forum 56192

Hari abofisiye b’abacungagereza baba bafungiwe iyicarubozo

27 August 2023, 21:29, by kingoko

Birababaje pee. Ntabwo abarwaniye igihugu bari bagamije ko habaho ihohotera rimeze gutya. Hamwe nabandi baryaruswa bamenye ko batenguha igihango.
Mwubake u Rwanda mubara imyaka myinshi. Ntimurwubake nkabacanshuto.
Niba narabikoze babashyikirize ubutabera.
No mu zindi gereza mukurikiane murebe niba nta hohitera rihabera

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa