Home > ... > Forum 55978

Apôtre Gitwaza aravuga ko u Rwanda rurimo ba Pasiteri b’inzererezi

1 August 2023, 18:43, by kirenga

Usanga aba Pastors bapingana.Nyamara bose bitwa "abakozi b’Imana".Ikibitera nuko bose baba bagamije gushaka ifaranga.Mu gihe Yesu n’Abigishwa be birirwaga mu nzira babwiriza ijambo ry’Imana ku buntu,bakabifatanya n’akazi gasanzwe kugirango babeho.Urugero,Intumwa Pawulo yirirwaga mu nzira abwiriza ku buntu,akabifatanya no kuboha amahema akayagulisha.N’abakristu nyakuli muli iki gihe niko bakora.Bajya mu nzira,mu masoko (markets),mu ngo z’abantu bakabwiriza ku buntu.Bakabifatanya n’akazi gasanzwe kugirango babeho.Nkuko Kubara 18:24 havuga,Icyacumi cyali kigenewe gusa ubwoko bw’Abalewi,kubera ko Imana itali yarabahaye amasambu.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa