Home > ... > Forum 55578

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ntiyemera icyemezo cya EAC giheza M23

2 June 2023, 05:26, by Alias

Igihe cyose abahanganye umwe ahezwa nta musaruro muzabona. Ahubwo n’aho I Bujumbura M23 yagombye kuba ihicaye. Uzi ko wagira ngo muri ibi bihugu hari ikivugira m23, ni ukuri kwaba ari uguhomera iyonkeje M23 muyiheje. Gusa wa mugani isanzweyo, muzajye kuyisura, ahubwo muzayimenyeshe kare yitegure abashyitsi. DRC iragura intwaro z’intambara, indege zo kugira ngo ijye kurasa M23, nabo nzi ko ari inararibonye, ahubwo mutubwire impamvu itagumye Sabyinyo! Ibyo minisitiri w’intebe w’u Rwanda yababwiye ni ukuri ,ukuri pe! Nimushaka mubyubahirize si non mwoto ni mwoto M23 irabacanaho.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa