RDC yaciye amarenga y’uko yamaze kunoza umugambi wo gutera u Rwanda
Nyanza: Umuyobozi wa Polisi yaba afunzwe akekwaho kugira uruhare muri Jenoside
Abacungagereza 88 birukanywe,abandi bashyikirizwa RIB
Home > ... > Forum 51823
3 May 2023, 11:42, by Kankazi
Leta yacu yo kabaho rwose nifungure imiryango mu mahanga abana bacu babone akazi.Biratubabaza nk’ababyeyi kwirya ukimara wishyurira abana amashuri kugeza muri kaminuza, ejo ugasanga bicaye aho nta kazi, kandi nawe mubyeyi nta bushobozi, ugasanga ubukene buranuma, aribyo biviramo abana kurwara depression bakishora mu biyobyabwenge.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Leta yacu yo kabaho rwose nifungure imiryango mu mahanga abana bacu babone akazi.Biratubabaza nk’ababyeyi kwirya ukimara wishyurira abana amashuri kugeza muri kaminuza, ejo ugasanga bicaye aho nta kazi, kandi nawe mubyeyi nta bushobozi, ugasanga ubukene buranuma, aribyo biviramo abana kurwara depression bakishora mu biyobyabwenge.