Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 21247
17 October 2021, 12:30, by mutumwa
Ikibazo ntabwo ari amazina twitwa, kuko atari yo ateza ikibazo. Ubwo se iyo urebye abantu birirwa bica bagenzi babo, abo bashakanye n’abandi usanga bishingiye ku mazina yabo? Amazina duhabwa nk’abasilamu, abakristo nta kindi kintu kibi kiyari inyuma, ahubwo buri wese ashobora kuzamo ibintu bibi akaba yabikora, kandi nta wundi wabimutumye.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ikibazo ntabwo ari amazina twitwa, kuko atari yo ateza ikibazo.
Ubwo se iyo urebye abantu birirwa bica bagenzi babo, abo bashakanye n’abandi
usanga bishingiye ku mazina yabo?
Amazina duhabwa nk’abasilamu, abakristo nta kindi kintu kibi kiyari inyuma, ahubwo
buri wese ashobora kuzamo ibintu bibi akaba yabikora, kandi nta wundi wabimutumye.