Hamenyekanye ikihishe inyuma y’iyangirika ry’igikombe cyahawe Rayon Sports WFC
Tanzania: Impunzi y’Umurundi yishwe umugore we wari utwite impanga ivamo
Umuntu wa mbere mu Rwanda agiye gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu buryo bw’ikoranabuhanga
Home > ... > Forum 19602
18 August 2021, 10:28, by claude
Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati "Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa". Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:" Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike". Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Mwanditsi wanditse iyi nkuru,urakoze cyane. Ariko reka ngusabe ikintu ukinkorere, isubiremo muri wowe nawe urasanga wifitemo amacakubiri. Ndahamya ko ujya kwandika iyi nkuru,hari ibitekerezo 2 byakujemo icya 1 kiti andika iyi nkuru ,icya 2 kiti oya, ijwi wumviye muri ayo yombi niryo wakoreye. Bibiliya nta kosa narimwe ifite nta niryo izagira kuko ibiyirimo ari ukuri kuzuye,kuzima kandi kw’iteka. Umwanditsi yaranditse ati "Ntacyo twakora ngo turwanye ukuri ngo tugutsinde, keretse ku kurwanirira gusa". Umufaransa witwa Voltaire yaravuze ati:" Ngiye kurwanya Bibiliya kuburyo ku isi Bibiliya izasigara ari amateka, afata Bibiliya arazitwika , azihigira ahantu hose kugirango azitwike". Nyuma aza gupfa azi neza ko Bibiliya azimazeho; Ariko nyuma y’imyaka mike apfuye, inzu ye yahinduwe icapiro rya Bibiliya. Nawe ndahamyako uzabona ubwiza ntagereranywa bwa Bibiliya kandi uzaba umuhamya wayo. Imana ikugirire neza. Kuko nta bushake cyangwa ubwenge bw’umuntu uwariwe wese wanditse Bibiliya , ahubwo abantu b’Imana bavugaga ibyayo bahumekewemo n’Imana Umwuka wayo.(Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana. 2Timoteyo 3;16).