Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 19506
14 August 2021, 07:39, by Pacifique
Kumva ko isi yajya kumurongo yifuzwaho aruko ibitabo bimwe nabimwe biciwe icyo ni ikimenyetso cyo gukora kwasatani mumitima yabakozi be. 16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka 17 kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose. (2 Timoteyo 3:16;17) Niba mubonako bibiriya yigisha gukora nabi icyo ni ikimenyetso cyuko Satani ari wowe yihanzemo nkuko yakoresheje inzoka mugushuka Eva.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Kumva ko isi yajya kumurongo yifuzwaho aruko ibitabo bimwe nabimwe biciwe icyo ni ikimenyetso cyo gukora kwasatani mumitima yabakozi be. 16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka
17 kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.
(2 Timoteyo 3:16;17)
Niba mubonako bibiriya yigisha gukora nabi icyo ni ikimenyetso cyuko Satani ari wowe yihanzemo nkuko yakoresheje inzoka mugushuka Eva.