Home > ... > Forum 19505

Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana

14 August 2021, 07:35, by NP

Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa