Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 19505
14 August 2021, 07:35, by NP
Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ntidukwiriye guhuza ibidahura kuko niba abantu bafite imyumvire itariyo kuri Bibilia ntibisobanura ko ntabumwe igira yo ubwayo. Ndashaka kwibutsa ko isi yabayeho mbere y’ibihugu,amadini ndetse n’itangazamakuru. Ntiyiremye ifite uwayihanze ayishyiriraho gahunda yo kuzenguruka izuba,amanywa n’ijoro tutagenzura. Kdi izagira n’iherezo. Bityo rero icyo umuntu yaba aricyo cyose Ari munsi y’ububasha bw’Imana Kandi hari umunsi azasabwa gusubiza ibijyanye n’imikorere yagize akiri ku isi. Ibya kayizari tubihe kayizari iby’Imana tubihe Imana ibindi byaba Ari ukurengeera.