Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Sudan: Imodoka ya Croix Rouge yaguye mu gico cy’ibyihebe byicamo babiri
Home > ... > Forum 19499
14 August 2021, 05:09, by Adolphe
Ndabasuhuje, Kandi ndabashimiye ubushake mufite bwo kubaka igihugu Imana ibibahere umugisha.
Ariko rero muvandimwe, nukuri ukuri ntigutsindwa igihe cyose. Wagize neza kwerekana ko nawe utanze ibitekerezo byawe. Nyamara Imana yashatse kuba umuyobozi wacu kuva yaturema, nonese niba nyuma yuko sekibi aciwe mu ijuru yaramanutse yigamba ko atsindiye isi ariwe mutegeka wayo, kandi uwayirenye akihibereye nta nubutware yayimuhayemo,ubundi urumva aho ubwaho ntakibazo gihari?
Ahubwo twakabaye twibaza ukuntu n’impamvu uwaremye atariwe ufite umwanya ihagije kuburyo ikibi gikomeza guhabwa intebe muri society yabantu kabone na society nyarwanda!!!
Naho mbere yo ku judging bible uzabanze uyige. Iyaba ibiri kubera mu isi atariyo yabivuze cyeraaaaaa yakabaye yaraje kudutandukanya. Ariko niba umuntu aguhaye message yo kwitondera wagera imbere ukabona ibimenyetso byibyo yakubwiyeko ugomba kwitondera uzanga kubyitaho nuzabyitaho ufite ikibazo ninde?
Ibaze uwanze kubyitaho atangiye kubona mo ikibazo uwabyitayeho kandi barabiherewe hamwe!!!!! Amazing
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ndabasuhuje,
Kandi ndabashimiye ubushake mufite bwo kubaka igihugu Imana ibibahere umugisha.
Ariko rero muvandimwe, nukuri ukuri ntigutsindwa igihe cyose.
Wagize neza kwerekana ko nawe utanze ibitekerezo byawe. Nyamara Imana yashatse kuba umuyobozi wacu kuva yaturema, nonese niba nyuma yuko sekibi aciwe mu ijuru yaramanutse yigamba ko atsindiye isi ariwe mutegeka wayo, kandi uwayirenye akihibereye nta nubutware yayimuhayemo,ubundi urumva aho ubwaho ntakibazo gihari?
Ahubwo twakabaye twibaza ukuntu n’impamvu uwaremye atariwe ufite umwanya ihagije kuburyo ikibi gikomeza guhabwa intebe muri society yabantu kabone na society nyarwanda!!!
Naho mbere yo ku judging bible uzabanze uyige.
Iyaba ibiri kubera mu isi atariyo yabivuze cyeraaaaaa yakabaye yaraje kudutandukanya. Ariko niba umuntu aguhaye message yo kwitondera wagera imbere ukabona ibimenyetso byibyo yakubwiyeko ugomba kwitondera uzanga kubyitaho nuzabyitaho ufite ikibazo ninde?
Ibaze uwanze kubyitaho atangiye kubona mo ikibazo uwabyitayeho kandi barabiherewe hamwe!!!!! Amazing