Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 19483
13 August 2021, 14:28, by Elyse
Imig 11:18-21 [18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri. [19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu. [20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye. [21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Imig 11:18-21
[18]Umunyabyaha ahabwa ibihembo by’ibishukano,Ariko ubiba gukiranuka azabona ibihembo by’ukuri.
[19]Ukomeye mu byo gukiranuka azahabwa ubugingo,Kandi ukurikirana ibibi aba yishakiye urupfu.
[20]Abafite umutima w’ubugoryi ni ikizira ku Uwiteka,Ariko anezezwa n’abagenda batunganye.
[21]Ni ukuri rwose umunyabyaha ntazabura guhanwa,Ariko urubyaro rw’umukiranutsi ruzakizwa.