RDF imaze iminsi irimbagurira ibyihebe mu mashyamba yo muri Eráti
Kamonyi: Imbangukiragutabara yarohamye
Turatotezwa kuko turi abayoboke ba CNL-Abarundi bahungiye muri Tanzania
Home > ... > Forum 16252
27 March 2021, 11:20, by UWITONZE Gentil Franco
Ibitekerezo by’uyu muvandimwe ndabishimye pe. Cyane cyane icya 21,22 na 56. Gsa hari aho tutahuje cyane ku cya 57. Nge ku giti cyanjye, numvaga abakristu bagahawe uburenganzira busesuye bwo kwambara ibyo bashaka, kwikorera machiage uko babyumva ndetse no kunywa ibyo bashaka. Ahubwo wenda bakagirwa inama yo kujya kubikora babanje kumenya ibyo Imana ikunda. Kuko ahenshi byagiye bigaragara ko uko babibuzwa cyane, babikora rwihishwa ndetse ugasanga havuyemo ingaruka mbi kurusha uko bahabwa uburenganzira bwo kubikora ahubwo bakigishwa ikibi n’ikiza cyabyo hanyuma ubikoze akabikora utabikoze na bwo akabireka ariko nta bintu byabayeho bisa nko kubuzwa uburenganzira runaka. Murakoze. Nafashwa n’uko iki gitekerezo "BWIZA" mwakingereza ku bayobozi ba ADEPR. Ndabashimiye.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ibitekerezo by’uyu muvandimwe ndabishimye pe. Cyane cyane icya 21,22 na 56. Gsa hari aho tutahuje cyane ku cya 57.
Nge ku giti cyanjye, numvaga abakristu bagahawe uburenganzira busesuye bwo kwambara ibyo bashaka, kwikorera machiage uko babyumva ndetse no kunywa ibyo bashaka. Ahubwo wenda bakagirwa inama yo kujya kubikora babanje kumenya ibyo Imana ikunda. Kuko ahenshi byagiye bigaragara ko uko babibuzwa cyane, babikora rwihishwa ndetse ugasanga havuyemo ingaruka mbi kurusha uko bahabwa uburenganzira bwo kubikora ahubwo bakigishwa ikibi n’ikiza cyabyo hanyuma ubikoze akabikora utabikoze na bwo akabireka ariko nta bintu byabayeho bisa nko kubuzwa uburenganzira runaka. Murakoze.
Nafashwa n’uko iki gitekerezo "BWIZA" mwakingereza ku bayobozi ba ADEPR.
Ndabashimiye.