M23 yahaye urw’amenyo Bemba ’wabeshye’ ko FARDC yayirukanye i Kibirizi na Vitshumbi
I Masisi hongeye kubera imirwano ihuza FARDC na M23 hakoreshwa ibibunda biremereye
Umugabo ashobora gufugwa imyaka itandatu nyuma yo kubyinisha Perezida akoresheje ’cartoon’
Home > ... > Forum 4787
6 May 2020, 14:38, by erneste
Elie ibyo uvuze nukuri 100%, hari ikintu kijya kibabaza nuburyo abantu bagirira icyizere abayobozi b’amadini ntibabashe gushishoza ngo barebe icyihishe inyuma y’ishingwa ry’ayo madini , kuki abantu batagereranya imyizerere ya gikristo iriho uyu munsi n’imyizerere yaranze uwo yitirirwa ndetse n’intumwa ze za mbere? kuzimirira mu myizerere iyobye ubona ntacyo bitwaye abantu, kugira biblia mu ntoki kwa benshi ntacyo byabunguye ngo bibe byarabakuye mu bubata bashyizwemo n’abashinze amadini. ariko kudasenga Imana byo sinabigushuka kuko niba ufite ijambo ryayo wakagombye kuba uzi uburyo bukwiye bwo kuyisenga. Imana ni umwuka,abayisenga nabo bayisengera mu kuri no mu mwuka. Hari igihe cyabayeho abisirayeri bayobwa n’inzu yumwami wabo witwaga Ahabu n’umugore we Yezebeli , Eliya ahagurukira gusubiza ibintu mu buryo ariko ntiyari azi ko hari abandi batayobye nkawe ,nyamara Imana yamubwiye yisigarije n’abandi ibihumbi birindwi batapfukamiye baali, rero abakorera Imana byukuri ntibiyimamaza ngo bubake insengero bandikeho n’amazina abamamaza ahubwo bakora nkuko Yesu yakoraga bamamazwa n’imirimo myiza n’ukuri babwiriza nkuko ijambo ry’Imana ribivuga ngo ni babona imirimo yanyu myiza bahereko bahimbaze so wo mw’ijuru.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Elie ibyo uvuze nukuri 100%, hari ikintu kijya kibabaza nuburyo abantu bagirira icyizere abayobozi b’amadini ntibabashe gushishoza ngo barebe icyihishe inyuma y’ishingwa ry’ayo madini , kuki abantu batagereranya imyizerere ya gikristo iriho uyu munsi n’imyizerere yaranze uwo yitirirwa ndetse n’intumwa ze za mbere? kuzimirira mu myizerere iyobye ubona ntacyo bitwaye abantu, kugira biblia mu ntoki kwa benshi ntacyo byabunguye ngo bibe byarabakuye mu bubata bashyizwemo n’abashinze amadini. ariko kudasenga Imana byo sinabigushuka kuko niba ufite ijambo ryayo wakagombye kuba uzi uburyo bukwiye bwo kuyisenga. Imana ni umwuka,abayisenga nabo bayisengera mu kuri no mu mwuka. Hari igihe cyabayeho abisirayeri bayobwa n’inzu yumwami wabo witwaga Ahabu n’umugore we Yezebeli , Eliya ahagurukira gusubiza ibintu mu buryo ariko ntiyari azi ko hari abandi batayobye nkawe ,nyamara Imana yamubwiye yisigarije n’abandi ibihumbi birindwi batapfukamiye baali, rero abakorera Imana byukuri ntibiyimamaza ngo bubake insengero bandikeho n’amazina abamamaza ahubwo bakora nkuko Yesu yakoraga bamamazwa n’imirimo myiza n’ukuri babwiriza nkuko ijambo ry’Imana ribivuga ngo ni babona imirimo yanyu myiza bahereko bahimbaze so wo mw’ijuru.