M23 yahaye urw’amenyo Bemba ’wabeshye’ ko FARDC yayirukanye i Kibirizi na Vitshumbi
I Masisi hongeye kubera imirwano ihuza FARDC na M23 hakoreshwa ibibunda biremereye
Umugabo ashobora gufugwa imyaka itandatu nyuma yo kubyinisha Perezida akoresheje ’cartoon’
Home > ... > Forum 3815
11 April 2020, 12:48, by Ntwali Gilbert
Ndagushimiye wowe cyane kdi ndagukunda nubwo ntarakubona arko komerezaho.Ntanyuze kuruhande mumuryango nyarwanda harimo ibikomere abantu batewe namadini ndetse amadini yabaye imirongo yo kugaragaza aho umuntu akomoka nabo yemera nabo atemera ndetse harinaho bayobora bitewe naho waturutse cg ukomoka rero ntacyo bibiliya naza coran bifasha cyaneko abigisha babyo benshi ntanubumenyi buhagije bafite bwa Theology ahubwo icyo ashaka kwigisha nicyo yigisha kdi agashaka imirongo ibishyigikira muburyo abo abwira abafata muntekerezo,Nkatwe abatangiye kumenya ibibi bihari twatangira kubigaragaza noneho leta yacu nziza ikazareba igikwiye arko mumadini harimo amacakubiri ninyigisho mbi zitandukanya abantu urundi rugero bigaragarira mugihe cyo gushaka ukuntu banga gushyingiranya abantu bitewe nibibatandukanya bo bashyizeho kugirango bagumye gushyira imbere ibyo bo bashaka batanabasha gusobanura kdi ugasanga mubuyobozi abo bantu ho babasezeranije.murakoze
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ndagushimiye wowe cyane kdi ndagukunda nubwo ntarakubona arko komerezaho.Ntanyuze kuruhande mumuryango nyarwanda harimo ibikomere abantu batewe namadini ndetse amadini yabaye imirongo yo kugaragaza aho umuntu akomoka nabo yemera nabo atemera ndetse harinaho bayobora bitewe naho waturutse cg ukomoka rero ntacyo bibiliya naza coran bifasha cyaneko abigisha babyo benshi ntanubumenyi buhagije bafite bwa Theology ahubwo icyo ashaka kwigisha nicyo yigisha kdi agashaka imirongo ibishyigikira muburyo abo abwira abafata muntekerezo,Nkatwe abatangiye kumenya ibibi bihari twatangira kubigaragaza noneho leta yacu nziza ikazareba igikwiye arko mumadini harimo amacakubiri ninyigisho mbi zitandukanya abantu urundi rugero bigaragarira mugihe cyo gushaka ukuntu banga gushyingiranya abantu bitewe nibibatandukanya bo bashyizeho kugirango bagumye gushyira imbere ibyo bo bashaka batanabasha gusobanura kdi ugasanga mubuyobozi abo bantu ho babasezeranije.murakoze