Home > ... > Forum 3815

Uruhare rw’inyigisho z’amadini mu kubiba amacakubiri mu banyarwanda

11 April 2020, 12:48, by Ntwali Gilbert

Ndagushimiye wowe cyane kdi ndagukunda nubwo ntarakubona arko komerezaho.Ntanyuze kuruhande mumuryango nyarwanda harimo ibikomere abantu batewe namadini ndetse amadini yabaye imirongo yo kugaragaza aho umuntu akomoka nabo yemera nabo atemera ndetse harinaho bayobora bitewe naho waturutse cg ukomoka rero ntacyo bibiliya naza coran bifasha cyaneko abigisha babyo benshi ntanubumenyi buhagije bafite bwa Theology ahubwo icyo ashaka kwigisha nicyo yigisha kdi agashaka imirongo ibishyigikira muburyo abo abwira abafata muntekerezo,Nkatwe abatangiye kumenya ibibi bihari twatangira kubigaragaza noneho leta yacu nziza ikazareba igikwiye arko mumadini harimo amacakubiri ninyigisho mbi zitandukanya abantu urundi rugero bigaragarira mugihe cyo gushaka ukuntu banga gushyingiranya abantu bitewe nibibatandukanya bo bashyizeho kugirango bagumye gushyira imbere ibyo bo bashaka batanabasha gusobanura kdi ugasanga mubuyobozi abo bantu ho babasezeranije.murakoze

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa