Home > ... > Forum 2161

Musanze: Abatsindiye akazi baratakamba basaba kurengenurwa nyuma yo kubwirwa ko imyanya bahataniye itagihari

21 February 2020, 10:54, by HAKIZIMANA Emmanuel

Hari ibyo nenga. Buri gihe tuvuga ngo Irene ry’ uburezi. Tukarirebera ku bana bari mu ishuri, ariko icya tubaha nticyitabweho. Nkubu igihembwe cya mbere kirarangiye nta barimu bahari? Itangwa ry’ amasomo rizabazwa nde?

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa