U Rwanda rwazutse mu bapfuye ariko uyu munsi turiho
Ireland irashaka gusubiza mu Bwongereza abasaba ubuhungiro
Iburengerazuba: Abikorera bagabiye inka 60 abarokotse Jenoside n’abamugariye ku rugamba batishoboye
Home > ... > Forum 18677
9 July 2021, 09:42, by joel HABINEZA
Muraho neza basomyi beza, batang ibitekerezo byubaka, ndabashimiye ko mwafashe umwanya wo gusesengura imiyoborere ya rubavu, njye moarangije imyaka 10 ngerageza kureba ikibazo kiri rubavu nsanga Atari gogwe goyi, ahubwo ni uburyo abahabwa imyanya bayihabwamo, niba umukozi yaje mukazi azanywe numuntu ukomeye, ataruko yatsinze ikizamini, iyo akoze ikosa ugashaka kumukebura wowe muyobozi ubwo wa muyobozi wohejuru akugendaho, ikindi kandi minaloc ntago ishyira imbaraga mu miyoborere myiza ya rubavu kandi birumvikana kuko uwo muyobozi nawe aba aruma agahuha ngo adatakaza umugati, njye sinshoboye kuvuga byinshi hano, ababifitiye ubushobozi bazaze mbereke uko ikibazo kiri rubavu cyakemuka batitwaje gogwe goyi kuko njye sinemera ko aricyo kibazo. Murakoze cyane.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Muraho neza basomyi beza, batang ibitekerezo byubaka, ndabashimiye ko mwafashe umwanya wo gusesengura imiyoborere ya rubavu, njye moarangije imyaka 10 ngerageza kureba ikibazo kiri rubavu nsanga Atari gogwe goyi, ahubwo ni uburyo abahabwa imyanya bayihabwamo, niba umukozi yaje mukazi azanywe numuntu ukomeye, ataruko yatsinze ikizamini, iyo akoze ikosa ugashaka kumukebura wowe muyobozi ubwo wa muyobozi wohejuru akugendaho, ikindi kandi minaloc ntago ishyira imbaraga mu miyoborere myiza ya rubavu kandi birumvikana kuko uwo muyobozi nawe aba aruma agahuha ngo adatakaza umugati, njye sinshoboye kuvuga byinshi hano, ababifitiye ubushobozi bazaze mbereke uko ikibazo kiri rubavu cyakemuka batitwaje gogwe goyi kuko njye sinemera ko aricyo kibazo. Murakoze cyane.