U Rwanda rwazutse mu bapfuye ariko uyu munsi turiho
Ireland irashaka gusubiza mu Bwongereza abasaba ubuhungiro
Iburengerazuba: Abikorera bagabiye inka 60 abarokotse Jenoside n’abamugariye ku rugamba batishoboye
Home > ... > Forum 1199
12 January 2020, 15:59, by Kabindi
Mu nzego z’ibanze harimo ibibazo bikomeye cyane bisubiza inyuma umuturage aho kumuteza imbere,ibyo bibazo bikaba bivangira HE.Urugero hari Akarere kamwe muri Oriya Ntara y’iburengerazuba Meya yari bwegure akajyana na V/Mayor ASOC,maze nyir’ububasha umwe mu bari kubeguza akubise amaso ku mataye ya V/Mayor ASOC,ibyo kweguza V/Mayor bimuvamo ahubwo bahita baba inshuti.Ubu Mayor yarasezye naho V/M Asoc we aracyari mu kazi.Muri aka karere hari HR wari ushinzwe kwakira amafaranga ya ruswa ku bashaka kubona akazi,akayashyikiriza Mayor,ikimenyane ntaho kitari.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Mu nzego z’ibanze harimo ibibazo bikomeye cyane bisubiza inyuma umuturage aho kumuteza imbere,ibyo bibazo bikaba bivangira HE.Urugero hari Akarere kamwe muri Oriya Ntara y’iburengerazuba Meya yari bwegure akajyana na V/Mayor ASOC,maze nyir’ububasha umwe mu bari kubeguza akubise amaso ku mataye ya V/Mayor ASOC,ibyo kweguza V/Mayor bimuvamo ahubwo bahita baba inshuti.Ubu Mayor yarasezye naho V/M Asoc we aracyari mu kazi.Muri aka karere hari HR wari ushinzwe kwakira amafaranga ya ruswa ku bashaka kubona akazi,akayashyikiriza Mayor,ikimenyane ntaho kitari.