Home > ... > Forum 1093

RUBAVU: Ibirego bihimbano Gogwe- Goyi, iturufu mu kwirukanisha abayobozi

3 January 2020, 11:11, by Inzu

Ariko ngirango uko ikibazo cyavuzwe bishobora kuba tariko bimeze, kuko abagogwe n’abagoyi ntabwo ari muri Rubavu baba gusa ni Kigali bariyo nahandi bibaye ariko bimee rero ubwo n’abagogwe n’abagoyi baba ahandi icyo kibazo cyagaragara, kuburyo Umugogwe n’umugoyi bahuriye mukazi i Kigali bagirana ikibazo ariko ibyo aiko biri n’agato, ntanze Urugero: Nzi Umugogwe ukorana n’Umugoyi muri Minisiteri imwe ntashatse kuvuga i Kigali kandi barakundana bikomeye utabazi neza wagira ngo n’abavandimwe bajya basangira bagurizanya amafaranga byinshi. Nagiraga ngo rero mbabwire ko niba icyo kibazo cyrabaye Rubavu simvuze ko Nyakubahwa Minisitiri SHYAKA yibeshye ariko birashoboka ko abatanze amakuru batakumbuye cyane ahubwo ikibazo kikaba kiri ku nyungu z’abantu ku giti cyabo kurusha uko cyaba Kiri mu Moko y’Abagoyi n’Abagogwe nkuko bivugwa cg se biranashoboka ko Umugoyi umwe cg babiri n’abagogwe umwe cg babiri bashobora kugirana ikibazo ibyo rero ntibyafatwa nk’Ikibazo rusange hagati yayo moko cg abatuye utwo turere 2 Goyi na Gogwe. Nuko mbyumva. Murakoze

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa