Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko hari impamvu asigaye asinzira igihe ari mu nama zitandukanye.
Mu ijambo rye ku isabukuru ya 20 y’abaganga bakora mu byo kubaga mu Mujyi wa Kampala, Museveni avuga ko asinzira mu rwego rwo kwirengagiza ibintu bimwe bigarukwaho bivuga kandi biba bidakanganye.
Avuga ko ibintu nk’ibyo bimurambira bityo agasinzira nk’uko Daily Monitor dukesha iyi nkuru ibitangaza.
Ati " Mu by’ukuri hari igihe nanirwa iyo ngiye mu nama. Ni yo mpamvu nsigaye (…)
Home > Keywords > Amakuru > Museveni
Museveni
Articles
-
Perezida Museveni ku mpamvu asigaye asinzira mu nama
7 December 2019, by Fred Rugira -
Perezida Museveni yatijwe uburoso bw’ amenyo
7 January 2020, by Fred RugiraPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni avuga ko urugendo rwo kubohora Uganda rutari rworoshye kugeza ubwo yasigaye nta buringiti agira bwo kwitwikira ndetse nta n’uburoso bw’amenyo afite, akabuhabwa n’umwe mu bo bari kumwe.
Yabitangarije mu rugendo rw’ibirometero 168 rwiswe ‘Afrika Kwetu’ rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 6 Mutarama ubwo yari ageze ahitwa Kagogo mbere yo kwerekeza mu Karere ka Kiboga.
Mu kuvuga byinshi byari biruhanyije mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi mu 1986, (…) -
Amahirwe make ku muryango wo kwa Rwigara mu kibuga cya Politiki
2 December 2019, by Theoneste ItangishatseAssinapol Rwigara yari umunyemari w’Umunyarwanda, yitabye Imana ku wa 04 Gashyantare 2015, azize impanuka y’ikamyo yabereye mu Mujyi wa Kigali, nyuma y’urupfu rwe ni byinshi byavuzwe ku muryango we wasigaye birimo ifungwa n’ibindi bitandukanye bigaruka cyane kuri politiki.
Rwigara yari umunyemari wari uzwi na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuko yazaga mu baherwe batanu ba mbere babanzirizwaga na Kabuga Felecien.
Rwigara ntiyigeze agaragara mu bikorwa bya politiki, (…) -
Kampala: Le gouvernement saute la question du Rwanda pendant l’enquête du Parlement
23 November 2019, by Denis NsengiyumvaLe gouvernement Ougandais a ignoré les questions du Parlement sur les retombées diplomatiques persistantes entre l’Ouganda et ses voisins du Sud.
La semaine dernière, le Parlement a menacé de boycotter les célébrations du 20e anniversaire de la Communauté de l’Afrique de l’Est, à moins que le gouvernement ne fournisse une explication satisfaisante des progrès accomplis dans la résolution des principaux conflits avec ses voisins.
La fermeture non résolue de la frontière entre l’Ouganda et (…) -
Nta mbabazi ku wo ari wese washaka gutera Uganda-Museveni
30 November 2019, by Fred RugiraPerezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko uwo ari we wese washaka gutera Uganda nta mbabazi azamugirira.
Mu ijambo rye ryo kuwa 29 Ugushyingo 2019 ubwo yafunguraga ku mugaragaro ikigo kizaba gishinzwe kugenzura umutekano binyuze muri za kamera, yavuze ko ubu butumwa bureba nanone uwashaka guhohotera Umunya-Uganda cyangwa se Umunyafurika.
Yavuze ko kuba umwe muri aba baturage bavuzwe haruguru, bimeze nko kuba umwe mu bo mu muryango we.
Ati " Niba ukunda ubutaka bw’abasokuruza, (…) -
Umubyibuho ukabije mu bakozi ba Leta ni ikimenyetso cya ruswa-Museveni
4 December 2019, by Fred RugiraPerezida Museveni Yoweli wa Uganda avuga ko kuba bamwe mu bakozi ba Leta ya Uganda bafite umubyibuho ukabije ari ikimenyetso simusiga ko baba barya ruswa.
Mu rugendo rwo kwamagana ruswa kuri uyu wa 4 Ukuboza, Museveni yavuze ko we akize ariko akaba atarigeze arya ruswa.
Yavuze ko benshi mu bakozi ba Leta bakize babikesheje kurya imitsi abaturage. Yibukije ko abona umubyibuho uri mu bakozi ba Leta waba ufitanye isano na ruswa barya.
Ati " Nahisemo kugabanya ibiro. Navuye ku 106 (…) -
Perezida Museveni yakoze impinduka mu gisirikare
2 December 2019, by Fred RugiraPerezda wa Uganda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu (UPDF) yasimbuje Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere, Maj. Gen. Paul Lokech.
Uyu yasimbujwe Brig. Gen. Charles okidi wari usanzwe ashinzwe ibikorwa bya gisirikare ku biro bikuru nk’uko Umuvugizi wa UPDF, Brig. Gen. Richard Karemire abitangaza.
Karemire yabwiye Chimpreoprts ko "Gen. Okidi yazamuwe mu ntera kuwa 27 Ugushyingo 2019."
Gen. Lokech agiye gukomereza imirimo mu gihugu cya Sudani y’Amajyepfo mu bijyanye no (…) -
"Intambara ikomeye" mu Karere k’Ibiyaga Bigari
22 November 2019, by Munyakayanza SamuelMu bitabo by’ubuhanuzi by’Abadivantisite b’umunsi wa karindwi, bagiramo igitabo gikomeye, gisomwa cyane n’abizera b’iri torero, cyitwa " Intambara Ikomeye". Nta sano ibikubiye muri icyo gitabo bifitanye n’intambara ikomeye yo mu Karere k’Ibiyaga Bigari tugiye kuvugaho, kuko icyo gitabo cyo kigaruka ku ntambara umukristu ahoramo ahanganye n’umwanzi Satani.
Yemwe nibutse ko isano ihari kuko intambara ihera ku makimbirane avuka hagati y’abaturage cyangwa ibihugu. Iyo ntambara itari (…) -
Uganda n’u Rwanda: Ingaruka z’umubano mubi ku baturage n’izindi nzego
13 November 2019, by TUYIZERE JDImyaka ibiri irirenze umubano w’ibihugu byari inshuti kuva mu bihe byo ha mbere ( u Rwanda na Uganda) utifashe neza. Impande zombi zishinjanya kugira uruhare mu guhindanya uyu mubano ku mpamvu zitandukanye, ahanini zishingiye ku mutekano w’ibihugu byombi. Impande enye z’ingenzi zikomeje kugerwaho n’ingaruka z’uyu mubano mu buryo turavugaho.
Amateka atwereka ko u Rwanda na Uganda ari ibihugu by’ibivandimwe cyane ko ubusanzwe byashyingiranaga, bigahahirana, ababituye ni inshuti zihuzwa na (…) -
Perezida Kagame na Museveni bashobora kuganirira i London
20 January 2020, by Denis NsengiyumvaEse Perezida w’u Rwanda n’uwa Uganda birashoboka ko bashobora kugirana ibiganiro aho bombi bari mu Bwongereza? Kubonana kwabo se byaba bisobanuye iki? Yaba se ari intambwe ya nyuma iganisha ku gusubiza mu buryo umubano w’ibihugu byombi? Ibi byose ni ibibazo ukurikiranira hafi ibibazo byo mu karere by’umwihariko ibijyanye n’umubano w’ibihugu byombi muri iki gihe, yakwibaza.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we Yoweri Museveni, kuri ubu barabarizwa i London mu gihugu cy’u Bwongereza, aho (…)