Amakuru ataremezwa n’urwego bireba urwo ari rwo rwose aravuga ko mu Mujyi wa Kigali, Dr Gasore bivugwa ko ari Umunyamulenge yatemwe n’abitwaje imihoro, Imana ikinga ukuboko.
Amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bivugwa ko mu ijoro ryo kuwa 6 Kamena 2021, uyu Dr Gasore, umwe mu bavuga rikijyana, yatemwe n’abantu bataramenyekana.
Hari amakuru ko Gasore ari umuhungu wa Yona Gtabazi akaba uwo mu nzu y’Abanya-Byinshi.
Amafoto y’ibikomere bya Dr Gasore imbuga nka Facebook zayashyize mu rwego rw’ashobora gutera ihungabana.
Dr Gasore yatemwe nyuma y’aho undi mwenewabo, Me Bukuru Ntwari apfiriye, ubu hakaba hagikorwa iperereza ku rupfu rwe rutavuzweho rumwe.
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Isangize abandi
1 Ibitekerezo
rugwe paul Kuwa 10/06/21
Abanyamulenge mwemeye gushukwa na shitani mutangiza intambara muri ex zaïre kunyungu sa shitani zo kujta kwiba no kwica mwihenura munishongora kuri bakavukire muzahora mwishyuzwa ubugome mwakoze ni ne shitani arigaramiye ahubwo yatangiye kun ça no kubicisha nta narimwe muzagira amahoro muri rdc ibinyejana imyaka n’imyaka izindi sa tribu zizabarwanya kuko mwaberetse ko muri abanyarda nimusubire iwanyu mu rda cgwa muzashira
Subiza ⇾Tanga igitekerezo