Ikibanza kigurishwa mu Mujyi wa Kigali, Umurenge wa Ndera, Akagari ka Kibenga kuri Miliyoni 8 Frw. Ahantu heza habereye urugo rwawe urota uba witegeye uburanga bw’ibice bitandukanye by’Umujyi.
Wahamagara KTN kuri 0789000422 cyangwa ukadusura ku biro byacu muri downtown mu igorofa rya 3, mu cyumba F3-20
Isangize abandi
Tanga igitekerezo