Ku wa gatandatu umusore wari witwaje icyuma yahitanye ubuzima bw’abantu batandatu bari bari mu iguriro rya Sydney mu kigo cy’ubucuruzi cya Westfield.
Uyu musore yaje rwihishwa muri iri guriro ateragura abantu ibyuma maze umupolisikazi wari hafi aho amurasa amurasa amaze kwica batandatu.
Uretse abapfuye, abandi bagera kuri Barindwi yabakomereeje kuburyo go bakomeje kumererwa nabi mu bitaro byo hirya no hino muri uwo mujyi..
Minisitiri w’intebe wa Ositaraliya, Anthony Albanese, yatangaje ko icyo gitero cyakozwe n’uwo musore kugeza ubu iperereza rirakomeje ngo hamenyekane icyabimuteye.
Isangize abandi
Tanga igitekerezo